Sobanukirwa n’indwara y’igifu nuko wakwitwara mu gihe uyirwaye
Umuntu avuga ko arwaye igifu iyo yumva ububabare bumeze nk’ubushye mu gifu,...
Iri funguro rero nta rindi ni iryo tumenyereye ku izina ry’Umureti, rikaba ari rimwe mu mafunguro yiyubashye, ririmo intungamubiri kandi ryoroshye kuritegura cyangwa kuriteka, tukaba rero tugiye kubagezaho uko waryitegurira .
Nk’uko tubikesha zimwe mu mpuguke mu by’imirire n’imitegurire y’amafunguro zo ku rubuga www.cooks.com, zerekanako umureti ubamo amoko arenga 469, ashobora no kwiyongera bitewe n’umwihariko wa buri gihugu cyangwa se kuryoherwa kwa buri muntu.
Reka turebere hamwe bumwe mu bwoko bw’umureti ukunzwe cyane witirirwa fromage ari nayo cheese “CHEESE OMELET”
Ibyo icyenera.
Amagi 4
Umunyu n’ agasenda cyangwa iyo bita black pepper
1/4 cya litilo cy’inshushyu y’amata
Ikiyiko gito cya perisile iseye
Ikiyiko y’amababi ya Basil aseye
1/4 cy’agakopo ka scallions isekuye
Ingero ebyiri za green tops
1/3 cya ya foromaje (cheese)
Ibiyiko bibiri by’amavuta afashe nk’ayinka (butter)
Aha twabisegura ho kuko hari ibirungo byinshi bivugwa mu ndimi z’amahanga gusa zidafite ikinyarwanda cyihariye, bityo tukabikoresha uko.
Ipanu
Igikoresho gifukuye cyo kuvangiramo.
Uko utegurwa
Nyuma uwukatemo ibice bitandukanye bitewe n’abo wifuza kugaburira,nurangiza tegura iri funguro ku meza.
Ernest Rutagungira
Umuntu avuga ko arwaye igifu iyo yumva ububabare bumeze nk’ubushye mu gifu,...
Tungurusumu tuyisanga muri bimwe mu byo abantu bamenyerewe nk
Iri funguro rero nta rindi ni iryo tumenyereye ku izina ry’Umureti, rikaba...
Iyo umaze ubyara hari ibigomba gukorwa n’umubiri kugirango usub
Ibitekerezo (0)