Angelica Zambrano yeretswe ubwami bw’ijuru ndetse anabona bimwe mu byamamare i Kuzimu!
Angelica Zambrano yeretswe ubwami bw’ijuru, ikuzimu ndetse no kugaruka kwa...
Gusenga bifite agaciro gakomeye cyaneee !! kandi abadayimoni bafite amasaha bakoreraho, mwirinde.
Uyu musore yitwa Fortunatus CASTAL, asengera kuri ADEPR Gasave, aravuga uburyo Imana yamukijije urupfu saa sita z’ijoro ku irimbi ry’i Kagugu. Uyu musore bamutwaye umutima binyuze ku nzoga yaguriye umugabo wajyaga i Kizimu, bakaba bari barahuriye mu kabari aho uyu musore yacurizaga inzoga ataraza i Kigali , akiri mu Karere ka Nyamasheke.
Isengesho ryarokoye Fortunatus CASTAL yarisengewe na mugenzi we w’umudive babanaga mu nzu , bose bari abanyeshuri mu ishuri rikuru nderabarezi rya Kaminuza y’ u Rwanda. CASTAL yabwiye mugenzi we kumusengera mbere yuko ajya guhura n’umugabo washakaga kumutwara i Kuzimu. Mugenzi yamurambitseho Bibiliya mu mutwe aramusengera iyo bibiliya yari mu gikapu yaragiye gutwaramo miliyoni 12 yariyasezeranyijwe guhabwa.
Iyo Bibiliya yari iya Fortunatus CASTAL, nabwo yariyayihawe mu buryo bw’igitangaza kuko yariyayihawe n’umwana waho bakodeshaga.
Umva amayobera y’imikorere ya Satani ariho muri iyi minsi wirinde utazagwa mu mutego nk’uyu kandi byitwa ko wasenze Imana, byaha ari agahinda gakomeye!!!!!!!
Angelica Zambrano yeretswe ubwami bw’ijuru, ikuzimu ndetse no kugaruka kwa...
Mu mwaka wa 1992 CHOO THOMAS, umunyamerika ukomoka muri KOREA yabaye...
iyi nkuru itangirana n’agace gato k’umubyeyi w’ uyu mwana wagize iyerekwa...
Nitwa Iyakabumbye Stefano nabaye ipfumbyi maze ukwezi kumwe mvutse, icyo...
Ibitekerezo (0)