Sobanukirwa n’indwara y’igifu nuko wakwitwara mu gihe uyirwaye
Umuntu avuga ko arwaye igifu iyo yumva ububabare bumeze nk’ubushye mu gifu,...
Abana nka bamwe mu bakeneye kwitabwaho cyane, by’umwihariko guhabwa ibiribwa bikungahaye mu ntunga mubiri, tugiye kurebera hamwe uko wabategurira potaje y’inkoko (Chicken Soup for Baby) ikaba ishobora no guhabwa abana bagitangira kurya ku mezi arindwi n’umunani. Mbere y’uko tubagezaho uko itegurwa twababwira ko bimwe mu birungo biyigize bishobora kutaryohera umwana bityo ukaba wabisimbuza ibindi umwana akunda bikaba ntacyo byangiza ku mwimerere w’ iyi Potaje. IBIKENERWA MU GUTEKA IRI FUNGURO. Ukata inyama z’inkoko zidatetse mo uduce duto cyane (diced into small bits) NTA MAVUTA N’UMUNYU USHYIRAMO. UKO WATEGURA IRI FUNGURO
|
Koresha igikoresho cyabugenewe ubisye (Passoire/Blender) bivemo umufa ufashe n’igikoma, Nyuma y’aha ushobora kugaburira umwana wawe ifunguro riba ryamaze gutungana .
Ernest Rutagungira
Umuntu avuga ko arwaye igifu iyo yumva ububabare bumeze nk’ubushye mu gifu,...
Tungurusumu tuyisanga muri bimwe mu byo abantu bamenyerewe
Iri funguro rero nta rindi ni iryo tumenyereye ku izina ry’Umureti, rikaba...
Iyo umaze ubyara hari ibigomba gukorwa n’umubiri kugirango
Ibitekerezo (0)