Ibyo dukora

Kwamamaza

agakiza

a. Ivugabutumwa kuri internet, ku maradiyo, mu bigo by’amashuri, ibigo byigenga, ibya Leta no mu mahanga, dutanga na none inyigisho z’ijambo ry’Imana mu bitaro n’ ahandi…

b. Amahugurwa y’urubyiruko, abacuruzi, abayobozi b’abandi, n’abubatse ingo, n’abandi.

c. Gutanga inama z’isanamitima ku bafite ibikomere biturutse ku mpamvu zitandukanye.

d. Dukora ibiterane binini mu Rwanda ahantu hahurira abantu benshi no mu Mahanga.

e. Dusengera ibyifuzo bitandukanye by’abantu, igihugu, imiryango n’amatorero muri rusange ku buntu.

Umutwaro w’agakiza.org ni ugushaka no gukiza icyazimiye. Luka 19:10