Abagalatiya 6:3-5
“Umuntu niyibwira ko ari ikintu kandi ari nta cyo ari cyo, aba yibeshye....
Ibi ni byo Uwiteka abwira Kuro, uwo yimikishije amavuta ati Ni we mfashe ukuboko kw’ iburyo nkamuneshereza amahanga ari imbere ye, kandi nzakenyuruza abami kugira ngo mukingurire inzugi, kandi n’amarembo ntazugarirwa. Nzakuja imbere ahataringaniye mparinganize, nzamenagura inzugi z’ imiringa n’ ibihindizo by’ ibyuma nzabicamo kabiri. Nzaguha ubutunzi buri mu mwijima n’ ibintu bihishwe ahantu hiherereye, kugira ngo umenye ko ari jye Uwiteka uguhamagara mu izina ryawe, ari jyewe Mana ya Isirayeli. Yesaya 45:1-3
“Umuntu niyibwira ko ari ikintu kandi ari nta cyo ari cyo, aba yibeshye....
Nawe Betelehemu ho mu gihugu cya Yuda, ni ukuri nturi mutoya mu midugudu...
Nuko Ibasha gukora ibiruta cyane ibyo dusaba, ndetse n’ ibyo twibwira byose...
Ni cyo cyatumye yari akwiriye gushushanywa na bene Se kuri byose, ngo abe...
Ibitekerezo (0)