Kuri iki cyumweru nijoro ni bwo umufasha wa Pasitori Musabwandero yitabye Imana azize uburwayi butari bukabije cyane. Nk’uko byatangajwe na Pasitori Musabwandero Meshack mu muhango wo gusezera kuri nyakwigendera Nyiragazura Ruth wabereye kuri ADEPR Kanombe, yagize ati:
Twari tubanye neza nta kibazo twigeze tugirana, twari dukijijwe twembi;
Nyiragazura Ruth yavukiye muri Congo (RDC), duhura kuwa 20 Gicurasi 1954. Yabatijwe mu itorero mu w’1965. Yashakanye na Musabwandero Mechack mu w’1965 (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Umufasha wa Pasitori Musabwandero yitabye Imana:
12 March 2013, by Ubwanditsi -
Inkingi z’Ubwami bw’Imana. Pasitori Jonathan
22 July 2015, by Pastor Desire HabyarimanaNuko bamaze kumenya Ubuntu nahawe (abo mvuga ni Yakobo na Kefa na Yohana abashimwa ko ari inkingi)…….(Abagalatiya 2:9)
Nuko ashinga izo nkingi ku ibaraza ry’urusengero, iy’iburyo ayita Yakini, iy’ibumoso ayita Bowazi. (1Abami 7:21)
Kandi Yehowasi akiri ku ngoma ye, Elisa afatwa n’indwara ariyo yamwishe. Yehowasi umwami w’abisiraheli aramanuka ajya aho ari, aramuririrra aravuga ati” YE BABA DATA WE, ko wari amagare n’abanyamafarashi ba Isiraheli” (2 Abami 13:14)
Mu buzima busanzwe, inkingi nizo (...) -
Shyira Ibitekerezo Byawe ku Murongo w’Ijambo
17 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIbisigaye bene Data, iby’ukuri byose, ibyo kubahwa byose, ibyo gukiranuka byose, ibiboneye byose, iby’igikundiro byose n’ibishimwa byose, nihaba hariho ingeso nziza kandi hakabaho ishimwe abe ari byo mwibwira (Abafilipi 4:8).
Niba ushaka kuba mu butsinzi budashira, kujya mbere no gutunganirwa mu buzima, ibitekerezo byawe bigomba kuba ku murongo w’Ijambo ry’Imana. Ijambo ry’Imana rifite ubushobozi bwo kubyara muri wowe, no kukubyarira icyo rivuga. Iyo utekereza ku Ijambo nk’uko umurongo wacu (...) -
Umubyibuho ukabije mu gihe cy’ubugimbi ufitanye isano no kurwara impyiko mu gihe cy’imyaka 25
9 November 2012, by UbwanditsiIki ni ikigero haba hari umuvuduko ukabije mu gukura , hatirengagijwe no kuba umuntu yabyibuha cyane , gusa bikaba bimaze kugaragazwa ko bifitanye isano no kuba warwara impyiko na Diyabeti mu gihe ageze hejuru y’imyaka 25.
Ubushakashatsi bwakorewe ku bana miliyoni 12, bari mu kigero cy’imyaka 17 bukorewe mu gihugu cya Israel, bwagaragaje ko abari bafite umubyibuho ukabije bari bafite amahirwe akubye inshuro 3 mu kurwara impyiko n’inshuro 6 zo kurwara diyabete yo mu bwoko bwa kabiri, mu gihe (...) -
Kuteshuka inzira - Kuyoba (satanic deviation)
10 June 2012, by UbwanditsiReka dusome muri Yona 1 : 1 – 5 :"Wabaye ute, wa munyabitotsi we ? Haguruka uhamagare Imana yawe !" Yona yize gusenga mu buryo bugoye. Ntutegereze kumirwa n’ifi kugirango utangire gusenga.
Ni bangahe muri mwe bazi ko Imana ifite umugambi kuri buri muntu kandi nta muntu uriho kubw’impanuka ? Nyuma yo kurangiza “mission” twahawe tuzasubira aho DUKOMOKA, aho DUFITE UBWENEGIHUGU.
Hari Impamvu uri umunyarwanda (kazi), umugande, umunyasoudani,muremure cyangwa mugufi,….Imana igira umugambi ku muntu (...) -
Yesu Kristo twongerere kwizera! MUKAMANA Verdiane
26 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaMaze intumwa zibwira Umwami Yesu ziti ‘Twongerere kwizera’ Umwami ati ‘Mwagira Kwizera kungana n’akabuto ka sinapi,mwabwira uyu mukuyu muti Randuka uterwe mu Nyanja, na wo wabumvira’. Luka17:5-6
Mu gihe abigishwa baYesu bamaranye na we bibonyemo intege nke zo kutizera uko bikwiriye, ikigero bari bariho ntabwo cyari gihagije mu Kwizera kuko muri iri jambo bakoresheje ijambo TWONGERERE bishatse kuvuga ko bitari uguhera ku busa hari icyo bari bafite ariko kidahagije. Iyo usomye neza usanga rubanda (...) -
Abasize ibyabo bagakurikira Yesu, yabahaye ibiruta incuro 100…! – Simeon Ngezahayo
21 March 2016, by UbwanditsiNi uko Petero aramubwira ati “Dore twebweho twasize byose turagukurikira.” Yesu aramubwira ati “Ndababwira ukuri yuko nta wasize inzu, cyangwa bene se, cyangwa nyina, cyangwa se, cyangwa abana, cyangwa amasambu ku bwanjye no ku bw’ubutumwa bwiza, utazahabwa ibiruta incuro ijana muri iki gihe cya none, ari amazu, ari bene se, ari bashiki be, ndetse na ba nyina, n’abana, n’amasambu hamwe no kurenganywa, maze mu gihe kizaza akazahabwa ubugingo buhoraho” Mariko 10:28-30.
Iki ni ikiganiro Yesu (...) -
Pst Billy Graham arasaba abanyamerika kuzatora umu Perezida uzirikana indangagaciro za Bibiliya.
1 November 2012, by Peter Ntigurirwa/isange.comPastor Billy Graham yashyize hanze ubutumwa bugufi ariko bukomeye kuri buri munyamerika ubwo yabasabaga gushishoza mu gihe cy’amatora ya Perezida wa Repubulika, yaba uzatorwa vuba aha cyangwa se mu yindi myaka izaza.Ibi yabivugiye mu rwego rwo gusobanura umuperezida abanyamerika bakwiriye guha agaciro, ko akwiriye kuba ari umuperezida utazagoreka icyo bibiriya isaba abantu b’Imana. Dore amwe mu magambo yanditse asa nk’usiga umurage "Mbere y’uko amatora yo kuwa 6/11/2012 agera, umunsi umwe (...)
-
Ijambo ry’ umunsi
31 July 2012, by UbwanditsiIfeza ni izanjye. Ni ko Uwiteka Nyiringabo avuga. Ubwiza bw’ iyi nzu bwo hanyuma buzaruta ubwa mbere, ni ko Uwiteka Nyiringabo avuga, kandi aha hantu nzahatangira amahoro ni ko Uwiteka avuga. Hagayi 2:8,9
-
Ijambo ry’ umunsi
3 August 2012, by UbwanditsiMwishime mufite ibyiringiro mwihanganira amakuba mukomeze gusenga mushikamwe, mugabanye abera uko bakenye, mushishikara gucumbikira abashyitsi. Abaroma 12:12-13
0 | ... | 380 | 390 | 400 | 410 | 420 | 430 | 440 | 450 | 460 | ... | 3150