Muri icyo gihugu harimo abungeri bararaga ku gikumba, bahindana kurinda umukumbi wabo.Nuko Marayika w’Umwami Imana abahagarara iruhande, ubwiza bw’ Umwami burarabagirana bubagota impande zose bagira ubwoba bwinshi… arababwira ati: “Mwitinya dore ndababwira ubutumwa bwiza bw’ umunezero mwinshi uzaba ku bantu bose. Kuko uyu munsi umukiza abavukiye mu murwa wa Dawidi, uzaba, Kristo Umwami (Luka 2:8).
Ntabwo kwizihiza Noheli bikwiye kuba ibyo kwambara no kurya gusa, dukwiye kubikora tunatekereza ko (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Ese ku bakristo Noheli isobanuye iki? Pastor Desire
25 December 2015, by Pastor Desire Habyarimana -
So wo mu ijuru aziko mubikeneye!
2 June 2016, by Alice Rugerindinda“ Kuko ibyo byose abapagani babishaka, kandi so wo mu ijuru aziko mubikwiriye byose” (Matayo 6:32)
Iri jambo rifite imbaraga mu buzima bwanjye, kandi ni intwaro ikomeye watsindisha satani. Kubibwira satani, ninko kumubwira ngo “ subira inyuma yanjye satani kuko papa wanjye arabizi” Imana ishimwe. Kuba abizi, nabyo bifite ikindi bisobanuye gikomeye kuko Data niwe utwara abatware, ni Umwami, yitwa Imana ishobora byose, ni Umufasha utabura kuboneka mu byago no mu makuba, ntajya abura uko (...) -
Hari ubwo Umwami aba umwana !
10 July 2013, by Ubwanditsi« Wa gihugu we ! Iyo ufite umwami ari umwana muto kandi ibikomangoma byawe bikaba ibiryakare, uba ubonye ishyano. Wa gihugu we, uba uhiriwe iyo ufite umwana w’imfura ho umwami, kandi ibikomangoma byawe bikarya mu gihe gikwiriye, kugira ngo bigire amagara bitarimo isindwe » (Umubwiriza 10 : 16-17).
Muri iri jambo, tubonamo ibihugu bibiri kandi byose bifite abami. Icya mbere kivugwa ko gifite umwami w’umwana muto, noneho ibikomangoma bikaba ibiryakare (abatware birirwa mu birori : Bibiliya (...) -
Sinzananirwa ntarahabwa izo ngororano!
22 May 2013, by Alice RugerindindaNdaharanira kugera aho dutanguranwa ngo negukane igihembo Imana imfitiye mu ijuru!
“ Si uko maze guhabwa cyangwa ngo mbe maze gutunganwa rwose, ahubwo ndakurikira kugirango ahari mfate icyo Kristo yamfatiye. Bene Data sinibwira yuko maze kugifata, ariko kimwe cyo, nibagirwa ibiri inyuma, ngasingira ibiri imbere., ndamaranira kugera aho dutanguranwa, ngo mpabwe ingororano zo guhamagara kw’Imana muri Kristo yesu kwavuye mu ijuru” Abafilipi 3: 12-14
Iyo nsomye aya magambo Pawulo yanditse, (...) -
Ntugashingure imbago za kera, izo ba sogokuru bashinze. Pastor Desire
7 August 2015, by Pastor Desire Habyarimana“Ntugashingure imbago za kera, izo ba sogokuru bashinze”- Imigani 22: 28
Iyo dusomye iri jambo, dusanga umwanditsi yarakoresheje imvugo agereranya cyane ko ari igitabo cy’ imigani ariko hano imbago zisobanuye amategeko; Yesu yavuze ko ataje gukuraho amategeko ahubwo yaje kuyasohoza kuko muri we ariho byose byuzurira. Muri Matayo 5:17-47 havuga ngo kuko amategeko ya Mose yavugaga ngo ntukice ariko nuwanga mwene se aba ari umwicanyi; Aya mose yaravugaga ngo ntugasambane ariko Yesu aravuga ngo (...) -
Ijambo ry’ umunsi
6 August 2012, by UbwanditsiUmuntu mwiza asiga umwandu uzagera ku buzukuru be, kandi ubutunzi bw’ abanyabyaha bubikiwe abakiranutsi. Imigani 13:22
-
Isezerano rye rizuzura uko byamera kose Patrice Martorano
8 December 2015, by Kiyange Adda-Darlene"Dukomeze kwatura ibyiringiro byacu tutanyeganyega, kuko uwasezeranye ari uwo kwizerwa. » (Abaheburayo 10.23)
Nagira ngo mbasangize uyu muvugo mwiza w’umugore wo ku rusengero iwacu Débora Perraud.
Uwo muvugo witwa : « Isezerano rye rizuzura uko byamera kose. »
Abana ntibagira ikibazo cyo kwizera ibyo tubabwira. Bumva ari ukuri, ibyo ni ibisanzwe kuri bo, Bashyira kwizera kwabo kose mu bantu bakuru, Kandi natwe dukora ibishoboka byose kugira ngo tutabahemukira.
Imana ntikenera gukora (...) -
Ruhango - "Nta madayimoni arangwa muri GS Indangaburezi"
17 October 2012, by UbwanditsiAbanyeshuri biga mu Rwunge rw’Amashuri Indangaburezi bikanze amagini ku cyumweru bituma abagera kuri barindwi bajyanwa mu bitaro. Ubuyobozi bw’iki kigo ariko buvuga ko atari amagini yabakanze, ko ahubwo ari ukwikanga.
Abanyeshuri bavuga ko mu masaha ya saa sita z’ijoro zishyira saa saba ari bwo humvikanye urusaku mu nzu abakobwa bararamo, bavuga ko batewe n’amagini . Ubwo babiri muri aba bakobwa bari bavuye hanze barinjiranye nk’uko babyivugiye, nyuma yaho ngo ni bwo umwe muri aba bari bavuye (...)
0 | ... | 3060 | 3070 | 3080 | 3090 | 3100 | 3110 | 3120 | 3130 | 3140 | 3150