Ubuzima

agakiza
Kubw’akanyamuneza ibatera bayise Soup y’aba Papa (Papa’s Potato Soup)

Iyi soup ni imwe mu zoroshye gutekwa, ikaba ari kandi mu zihendutse kuburyo...

agakiza
Ni gute warwanya ibitotsi n’umunaniro bya nyuma y’ifunguro

Usanga abantu benshi iyo bamaze gufata amafunguro ya saa sita bafatwa...

agakiza
Kuzana uruhara ntaho bihurira n’uburwayi, ni uruhererekane mu miryango (Family history) n’akoko (Genetic)

Ubusanzwe kuzana uruhara ukunze gusanga ari ikintu gisa naho kiganje ku...

agakiza
Uko wategura ifunguro ryiza ryafasha umwana muto.

Abana nka bamwe mu bakeneye kwitabwaho cyane, by’umwihariko guhabwa ibiribwa...

agakiza
Ryoherwa na Potage y’ifi.

Iyo ugihe hirya no hino muri za resitora zikomeye no mu mahoteli, usanga...

agakiza
MENYA IFUNGURO RYIYUBASHYE, RIKUNDWA CYANE KANDI RYOROSHYE GUTEKA

Iri funguro rero nta rindi ni iryo tumenyereye ku izina ry’Umureti, rikaba...

agakiza
Uko wakora mayonnaise udakoresheje amavuta y’ubuto

Nk’uko twabibabwiye mu nkuru yacu yagiraga iti : “Amwe mu mateka ya...

agakiza
Inama zibanze zagufasha uramutse ukunda kurwara umutwe cyane

Hari indwara nyinshi zitandukanye zishobora gutera umutwe, ushobora kandi...

agakiza
Amwe mu mateka ya mayonnaise n’uko itegurwa

Mayonnaise (soma Mayoneze), ni rimwe mu mafunguro adashobora kubura ku...

agakiza
Gukora siporo si ugutara inyota cyangwa kugabanya amafiriti –Maniraguha

Umutoza w’imikino ngororamubiri Maniraguha Anaclet arashishikariza abantu...

agakiza
Kunanirwa cyane biza ku mwanya wa mbere mu gutera kanseri

Ushobora kubaho nta munaniro bityo ukagira ubuzima buzira indwara karande...

agakiza
Mudasobwa ntiyangiza umubiri gusa, n’imibanire y’abantu ngo ntiyoroheye!

Nyuma y’ubushakashatsi butandukanye bwagiye bushyirwa ahagaragara ku...

agakiza
Wari uzi ko ibishyimbo bifasha umuntu kwirinda indwara zitagira ingano

Ibishyimbo nkuko bisanzwe bizwi hari benshi badakunze kumva babirya ariko...

agakiza
Menya kurwanya umwuka mubi mu kanwa

Hari abantu usanga bagira ikibazo cyo kugira umwuka mubi mu kanwa, ku...

agakiza
Sobanukirwa icyagufasha gusohoka mu bwigunge

Hari igihe ujya wumva ubuzima bukubihiye, ndetse ukumva nta cyizere...

agakiza
Indyo 10 wafata igatuma ubwenge bwawe bujya ku rwego rushimishije

Kugira ngo ibyo ukora bikeneye gutekereza bigende neza ni uko ugaburira...

agakiza
Sobanukirwa n’indwara y’umuvuduko ukabije w’amaraso

Kugira umuvuduko ukabije w’amaraso (hypertension) ni indwara ikunze gufata...

agakiza
Inama zagufasha kwirirwa neza waraye utaryamye

Mu bihe by’iminsi mikuru usanga abantu batita ku masaha ku buryo hari n’ubwo...




| 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 |