Ese koko abakozi b’Imana bari bakwiriye gupfa icya cumi n’amaturo?
Amafaranga niyo yabaye intandaro yo kuba Yesu Umwana w’Imana yaramanitswe ku...
Abanyeshule babakristo bagiye kwiga mugihugu cy’ Ubuhinde, bamaze kugerayo bagasanga abantu benshi basenga ibigirwamana bahisemo gushinga umuryango w’ Ivugabutumwa kugira ngo bikomeze ku Mana kandi babashe no kubwiriza abene gihugu bagiye basanga ubutumwa bwiza nkuko badutangarije uko uwo muryango w’ ivugabutumwa wavutse:
SGM (Seek God Ministries) ni Ministry ibarizwa mu gihugu cy’Ubuhinde mu karere ka Salem mu ntara ya Tamilnadu (South India), ifite mu nshingano “Guhindura Ubuzima mu guhindura Isi” cg “Transforming lives to change the World”.
SGM yatangiye mu mwaka wa 2010, itangirwa n’abanyeshuri babanyarwanda mu rwego rwo gukomezanya mu buryo bw’Umwuka dore ko ahanini muri icyo gihugu basenga ibigirwamana (Hinduism).
Ubu bakorera amateraniro mu rusengero rw’Abahinde (Anderson Church) mu rurimi rw’Ikinyarwanda ndetse n’Icyongereza, haba amateraniro kabiri mu cyumeru kuwa Gatanu no ku Cyumweru.
Muri SGM hari chorale yitwa SGM Singers na Drama team ndetse n’andi ma departments anyuranye y’ivugabutumwa.
Inkuru muma photo:
Umuyobozi wa SGM Mugabo William
Abanyamuryango
Amateraniro
Abaririmbyi
Drama team
Igitaramo cy’ Abanyarwanda n’ Abahinde
Amafaranga niyo yabaye intandaro yo kuba Yesu Umwana w’Imana yaramanitswe ku...
Gukena kwacu si ubushake bw’Imana Muri iyi nkuru turarebera hamwe uburyo...
“Nicyo kizatuma twebwe abagaragu bayo, duhaguruka tukubaka” (Nehemiya
Kuri uyu wa kabiri taliki ya 22 Ugushyingo 2011 Itorero ry’ ADEPR Ururembo...
Ibitekerezo (1)
Alex
23-10-2012 13:34
Mbega ibintu byiza, nukuri iyi nkuri ninziza cyane. Umuntu wazanye iki gitekerezo Imana imugasanire. Kugenda aho batazi Imana ugatangira gusenga, ibi bitwibutsa ba Daniel, Saduraka, Meshake na Abenedego. Joseph muri Egypt, umwamikazi Ester etc. Imana ibafashe!