Gushaka umunezero
Ubwo nasohokaga mu rusengero, nahuje amaso n’umugabo n’umugore we bari mu myaka ya za 40 barandasa. Hashize akanya, mbona baraseka banezerewe. Bitewe n’uko rero nari nkiri ingaragu, umunezero bari bafite warantangaje ni ko kwibaza nti “Abantu bari muri iki kigero babasha bate kuba bagikundana bene aka kageni? Ndamutse ntahuye ibanga ryabo, ni ko nibwiraga, nazaharanira kubaho nka bo!”
Ubu maze imyaka 20 nshatse, ariko nabonye ko urushako rwuje umunezero rushoboka kandi ari (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Uko waba incuti y’umugabo wawe (Igice cya 1)
13 May 2013, by Simeon Ngezahayo -
Uziya wawe agomba gutanga Dr Masengo
7 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaYesaya 6:1 - Mu mwaka umwami Uziya yatanzemo, nabonye Umwami Imana yicaye ku ntebe y’ubwami ndende ishyizwe hejuru, igishura cyayo gikwira urusengero.
Nk’uko twabibateguje uyu mwaka utangira, inyigisho zacu z’uyu mwaka zigamije gufasha abantu guhura n’Imana. Uno munsi nashatse ko dusangira amakuru y’ukuntu Yesaya yabonye Imana.
Hari ibintu byishi byamfashije muri iki cyanditswe :
1) Mu mwaka Uziya yatanzemo (yapfiriyemo).
Uziya Umwami wa 11 wa Isiraheli yari umwe mu Bami bakomeye babayeho (...) -
Ubuhamya: Joyce Meyer na Dave baratugezeho uko umurimo w’ Ivugabutumwa bakora watangiye
15 June 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMu mwaka w’ 1976,igihe Imana yavuganye n’umutima wa Joyce ko umunsi umwe azagira“inyigisho yagutse y’ivugabutumwa ”Yahise atekereza ikizabaho nyuma y’imyaka mirongo ine yari imbere.
Bivuye mu nyigisho za Bibiliya mu rugo rwabo…kumvikana ku ma radiyo make yavugiragaga mu gace k’iwabo…kugera ku mbaga y’abantu ingana na bibiri bya gatatu by’isi biciye mu kiganiro cyo kuri televiziyo kitwa:kunezererwa ubuzima bwa buri munsi(Enjoying Every day Life)
Dave na Joyce babonye Imana ikoresha Minisiteri yabo (...) -
Imana ibasha kongera kubumba bundi bushya. Pasitori Bimenyimana J. Claude
6 September 2015, by Pastor Desire HabyarimanaYeremia 18:1-6 Ijambo ryaje kuri Yeremiya rivuye ku Uwiteka riti "Haguruka umanuke ujye mu nzu y’umubumbyi, ni ho nzakumvishiriza amagambo yanjye." Nuko ndamanuka njya mu nzu y’umubumbyi, ndebye mbona arakorera umurimo we ku ruziga. Nuko ikibindi yabumbaga mu ibumba gihombera mu ntoki z’umubumbyi, maze aribumbisha ikindi kibindi kimeze uko ashaka. Maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho riti "Yemwe ab’inzu ya Isirayeli mwe, mbese sinabasha kubagenza nk’uyu mubumbyi ? Ni ko Uwiteka abaza. Dore uko ibumba (...)
-
Simoni , Simoni, dore satani yabasabye kugirango abagosore nk’amasaka
16 September 2012, by Alice RugerindindaKandi Umwami Yesu aravuga ati « Simoni, Simoni, dore satani yabasabye kugirango abagosore nk’amasaka, ariko weho ndakwingingiye ngo kwizera kwawe kudacogora. Nawe numara guhinduka ukomeze bagenzi bawe » Luka 22 : 31-32
Muri aya magambo harimo amagambo abiri akomeye : satani yabasabye, ngo abagosore Hari undi muntu bibiliya ijya itubwira nawe Satani yasabye ngo amushungure cyangwa se amugosore, ariko nawe agira amahirwe yuko Imana yahagaze kubugingo bwe ariwe Yobu.
Ubundi iyo bagosora baba (...) -
ADEPR irasabwa gukorera mu mucyo
19 October 2012, by UbwanditsiItorero ADEPR rirasabwa gukorera mu mucyo mu rwego rwo gukosora ibibazo ryari rimazemo iminsi byanatumye abagize biro ya komite nyobozi yaryo bahagarikwa ku mirimo yabo muri uyu mwaka.
Ibi ni ibyagarutsweho n’umuyobozi w’intara y’amajyepfo, Alphonse Munyantwari mu nteko y’iri torero yateraniye i Muhanga ku wa kane 18 Ukwakira 2012 ihuje abapasitoro bagize indembo 12 zigize igihugu.
Sheik Saleh Habimana, umukozi mu kigo cy’igihugu cy’imiyoborere myiza (RGB), yagaragarije abari aho amwe mu (...) -
Bikwiye kumenyekana ko Uwiteka ari we Mana
17 September 2015, by Pastor Desire Habyarimana…..Aravuga ati” Uwiteka Mana ya Aburahamu na Isaka na Yakobo uyu munsi bimenyekane ko ariwowe Mana.’’ 1Abami 18:36b
Mu isi habaho ibyo abantu bita imana bakabisenga ndetse bakabiramya, mu bihugu bimwe na bimwe hari naho buri kintu cyose kiba gifite imana yacyo, urugero : imana y’izuba, imana y’imvura, imana itanga urubyaro n’ibindi byinshi, nyamara nubwo izi mana ziriho ntibibuza bene zo guhura n’ibi bibazo.
Hari izigira amaguru zitava aho ziri, izifite amaso zitamenya ibipfa n’ibikira, bifite (...) -
Uziko”Guseka” biha umutima umutuzo bikanarinda Stress
14 November 2012, by UbwanditsiMu bushakashatsi bwakozwe n’Abanyamerika, bagaragaje ko ”Guseka” bigabanya guteragura cyane k’umutima kandi bigafasha kwirinda Stress, bikaba ari ibyatangajwe muri ”Psychological Science” muri Amerika.
Sarah Pressman, umushakashatsikazi wo muri Kaminuza ya Kansas [Kansas University] avuga ko igihe uri mu bintu bituma ugira Stress nyinshi, jya ugerageza useke (umwenyure), yavuze ko guseka bidafasha gusa mu buryo bw’imibereho myiza [kubaho wishimye] ko ahubwo binarinda ihungabana ry’umutima. Mu (...) -
Hatahuwe indi ndwara idasanzwe imeze nka SIDA ku mugabane wa Asia
25 August 2012, by UbwanditsiKu mugabane wa Asia kuri ubu hamaze gutahurwa indwara ifite ibimyetso byenda kumera nk’ibya SIDA, gusa itandukaniro ni uko iyi ndwara kugeza ubu itarabonerwa izina idaterwa na Virus kandi yo ikaba itandura nkayo.
Iyigwa ryakozwe kuri iyi ndwara kuwa Kane tariki ya 23 Kanama 2012, ryagaragaje ko iyi ndwara imeze nka SIDA, nk’uko ikinyamakuru Lexpress.fr cyabitangaje.
Ikinyamakuru Le New England Journal of Medecine cyandikirwa mu Bwongereza, kuri uyu wa Kane cyagaragaje ko iyi ndwara (...) -
Kubika ubugingo Pasitori Zigirinshuti Michel
26 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaINTEGO : KUBIKA UBUGINGO
1 Abatesalonike 5 : 23-24 Imana y’amahoro ibeze rwose, kandi mwebwe ubwanyu n’umwuka wanyu, n’ubugingo n’umubiri byose birarindwe, bitazabaho umugayo ubwo Umwami wacu Yesu Kristo azaza. Ibahamagara ni iyo kwizerwa, no kubikora izabikora.
Hari amagambo abiri y’ ingenzi tugarukaho :1. Urukingo ; 2. Kubika ikintu mu buryo kitabora, ntikigage (Conserver)
Nkuko twabibonye, ubugingo bwacu nicyo kintu cy’ ingenzi cyonyine Kristo afite muri njye. Ntiyakundira ubugingo bwanjye (...)
0 | ... | 2670 | 2680 | 2690 | 2700 | 2710 | 2720 | 2730 | 2740 | 2750 | ... | 3150