Umuhanzikazi uririmba indirimbo zihimbaza Imana UWAMBAE MARIE GRACE (a.k.a. GAGA GRACE) arashimira Uwiteka bikomeye ku bw’uko igitaramo cye cyagenze neza ku buryo atatekerezaga. Iki gitaramo cyabaye kuri iki cyumweru taliki ya 02/03/2014 kuri GLORY TO GOD TEMPLE, Kicukiro-Centre.
Muri iki gitaramo yateguye ku bufatanye n’itsinda risanzwe rikora ibitaramo ari ryo URUGERO MEDIA GROUP, cyabaye kuri icyi cyumweru dusoje taliki ya 02/03/2014 kuri GLORY TO GOD TEMPLE, Kicukiro-Centre.
Uyu (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
AMARANGAMUTIMA Y’UWAMBAJE MARIE GRACE (a.k.a. GAGA GRACE) NYUMA Y’IGITARAMO YAKOZE!
3 March 2014, by Simeon Ngezahayo -
Laos : Umuryango uri gutotezwa kubwo gukizwa.
20 February 2013, by Isabelle GahongayireLaos : Umuryango wahungaga itotezwa -
Muri Laos, umuntu wahoze ari umu bouddhiste nyuma aza kuba umukristo, byabaye ngombwa ko ahunga n’umuryango we kubera gutotezwa.
Hari haciye ibyumweru bibiri Kapono n’umuryango we bihanye ; tariki ya 6/1/2013, ubwo Kapono yavaga ku rusengero ruri mu wundi mudugudu, abaturanyi babo bafatanije na babyara babo nibwo batangiye kubatoteza : Babambura inka zabo, hanyuma barabirukana.
Nyuma y’imisi itatu, bakomeje gutotezwa, barahunze bava mu mudugudu (...) -
Abapasiteri b’Abirabura ntibavuga rumwe na Obama ku burenganzira bw’ababana bahuje ibitsina
10 July 2012, by UbwanditsiAbapasiteri b’Abirabura bo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, bandikiye Perezida Barack Obama bamusaba ko bahura bakaganira ku cyemezo aherutse gufata cyo kwemerera abahuje ibitsina kubana mu buryo bwemewe n’amategeko, abatera utwatsi.
Nkuko urubuga rwitwa spiegel.de rubitangaza, aba ba Pasiteri bakomeje gutangaza ko icyemezo Perezida wabo yafashe kinyuranyije na Bibiriya, bavuga ko ahubutse.
Umushumba Otis Moss III uyobora itorero United Church of Christ, ari naryo Obama yasengeragamo mbere, (...) -
Benny Hinn yasubitse urugendo rwe rw’ivugabutumwa mu gihugu cy’Ubuhinde kubera imyigaragambyo y’Abahindu
16 January 2014, by Simeon NgezahayoEvangelist Benny Hinn yasubitse urugendo rwe rw’ivugabutumwa rwari ruteganijwe mu mujyi wa Bangalore kuva ku wa 15-17 Mutarama 2014. Nyuma y’aho bimenyekaniye ko Benny Hinn usanzwe azwi cyane mu biterane mpuzamahanga by’ibitangaza aho akiza indwara zikomeye yitegura kwerekeza mu gihugu cy’Ubuhinde mu giterane cyateguwe n’itorero Bethel Assembly of God Church kuva ku wa 15-17 Mutarama 2014, iki giterane cyarwanyijwe na bamwe mu baturage b’ako karere bavuga uyu muvugabutumwa mpuzamahanga yahishe (...)
-
Ijambo ry’ Umunsi
14 May 2013, by UbwanditsiIjambo Uwiteka atumye kuri Zerubabeli ngiri ati "Si ku bw’amaboko kandi si ku bw’ imbaraga, ahubwo ni ku bw’ Umwuka wanjye. Ni ko Uwiteka Nyiringabo avuga". "Wa Musozi minini we, wiyita iki? Imbere ya Zerubabeli uzaba ikibaya. Azazana n’ibuye risumba ayandi, barangurure bati Nirihabwe umugisha! Nirihabwe umugisha!" Zekariya 4:6-7
-
Ni iyihe Pasiporo ijyana abantu mu ijuru? Inkuru ya Djamila warokoye umuryango we akiri umwana
26 June 2012, by UbwanditsiNI IYIHE PASIPORO IJYANA ABANTU MU IJURU ?
Imana ikunda kwihesha icyubahiro ikoresheje abanyantege nke kurusha abandi n’intamenyekana.
Reka tunyarukire muri Aziya yo Hagati : Imana yahisemo uyu mwana muto witwa Djamila wari umaze iminsi micye maman we yitabye Imana imukoresha mu kurokora umuryango we wose kugirango bizere Yesu Kristo bazabone ubugingo buhoraho.
Ijoro rimwe ubwo Djamila yari asinziriye,yagize inzozi zidasanzwe. Maman we wari warapfuye yaramuhamagaye amusaba ko yajyana (...) -
Muri benshi bamubyiganiraho, gerageza ukore kuri Yesu
29 September 2015, by Innocent Kubwimana“Ninde unkozeho?” Mariko 5.31
Inkuru iboneka muri ubu butumwa imeze nkaho yisobanuye yo ubwayo. Ni iy’umugore umwe wari ufite ikibazo cyo kuva yari amaranye imyaka 12. Kubera uburwayi bwe itegeko ryamubuzaga kugera ahantu hari abantu, yirengagije ibyo we ubwe yaje gufata icyemezo ajya guhura na Yesu anyuze hagati mu bantu benshi bari bamuzengurutse.
Muri iyi nkuru turi ku ijambo rigukangurira ngo nubwo hari abantu benshi baturutse imihanda yose barimo kubyiganira kuri Yesu, bamwitirirwa, (...) -
Kayonza: Ambassadors of Christ Choir mu gitaramo cya Korali Vuzimpanda cyo kumurika Album Video
9 January 2014, by Simeon NgezahayoKuri uyu wa Gatandatu taliki 11 Mutarama 2014, Chorale Ambassadors of Christ irerekeza mu BUrasirazuba ku butumire bwa Korali Vuzimpanda izaba imurika Album DVD ya kabiri guhera saa saba z’amanywa.
AOC Choir
Perezida wa Korali Vuzimpanda ari na yo yatumiye Ambassadors of Christ Choir Bwana Nsengimana Jotham aratangaza ko batumiye korali zikomeye nka Ambassadors na Korali Umucyo w’Izuba y’i Nyamirambo mu gitaramo bafite cyo kumurika umuzingo wa kane w’amajwi “Gukorera Imana nta gihombo”, (...) -
GISENYI: Zeraphaty Holy Church ikorera I Rubavu yateguye igiterane cyo Guhembura imitima.
4 February 2016, by Ernest RutagungiraZERAPHATY HOLY CHURCH, itorero rikorera umurimo w’Imana mu ntara y’uburengerazuba, akarere ka Rubavu ryateguye igiterane cy’iminsi 2 kigabije guhembura imitima y’abazacyitabira. Nk’uko Rev Past Habimana Jean Bosco yabitangarije agakiza.org ngo nyuma y’imyaka hafi 4 iri torero rimaze ritangiye, bagiye babona imbaraga z’Imana binyuze mu gusenga n’ibiterane bitandukanye bagiye bakora, akaba ari muri urwo rwego bateguye igiterane kizaba ku matariki ya 06-07 Gashyantare 2016.
ZERAPHATY HOLY CHURCH (...) -
Hunga irari rya gisore!
20 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaI.UBUSOBANURO BW’IJAMBO IRARI(RYA GISORE) :
Ubundi umuntu ni inyamaswa ifite indangagaciro.
Ijambo irari rikomoka mu nshinga kurarikira (kwifuza)
Mu muntu habamo kamere ihora irarikira.
“ndavuga nti “muyoborwe n’umwuka”,kuko aribwo mutazakora ibyo kamere irarikira”(Abagalatiya 5:16)
Zimwe mu ngero z’irari rya gisore :
Irari ryo gukunda iby’isiIrari ryo kwamamara mu isiIrari ry’ubutunziIrari ry’ubusambanyiIrari ry’ubusinzi…
(Abako losayi 3:5 )”Nuko noneho mwice ingeso zanyuz’iby’isi:gusambana no (...)
0 | ... | 3060 | 3070 | 3080 | 3090 | 3100 | 3110 | 3120 | 3130 | 3140 | ... | 3150