Amatora yabereye ku rubuga rwa Twitter yateguwe n’Umuyobozi w’umuryango LifeWay Thom Rainer bwagaragaje ko abapasiteri bamara umwanya munini bategura ibyo bazigisha.
Amatora yabereye ku rubuga rwa Twitter yateguwe n’Umuyobozi w’umuryango LifeWay Thom Rainer bwagaragaje ko abapasiteri bamara umwanya munini bategura ibyo bazigisha, kandi benshi muri bo bamara amasaha abarirwa hagati y’10–18 bategura. Rainer yemeza ko ibyavuye mu matora bitashingirwaho nk’ukuri guhamye, ariko ni ingenzi ndetse (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Abapasiteri benshi bafata amasaha 10-18 bategura ibyo bazigisha
1 July 2013, by Ubwanditsi -
Alarme Ministries izamurika alubumu yayo y’amashusho tariki 23/12/2012 kuri CLA
13 December 2012, by Patrick KanyamibwaNkuko twbaitangarijwe na Egide umwe mu bayobozi ba Alarme Ministries uri mubari gutegura iki gitaramo, ku cyumweru tariki ya 23/12/2012 nibwo Alarme Ministries izamurika alubumu yabo y’amashusho ya live concert bakoze umwaka ushize, uyu munsi kandi kuva saa kumi akaba ari nabwo bazatangira gufata andi mashusho igikorwa kizazira rimwe no kumurika iyo alubumu bakora icyo bita live recording mu magambo y’icyongeraza (Gufata amajwi n’amashusho y’ibintu biba ako kanya).
Patient Bizimana na Liliane (...) -
Dukunde Yesu akaramata, ni cyo azadukiriza! Pastor Desire Habyarimana
19 March 2014, by Pastor Desire HabyarimanaZaburi 91:14-16 (Wahasoma muri Bibiliya yawe)
Abakristo benshi ntibakunda Yesu nk’uko adukunda. Ibi bigaragazwa n’uko duhora duhora tumusaba, ariko ni bake bamushima kandi ibyo akora byiza kuri twe ni byinshi, kandi ubuzima bwa muntu bugizwe n’ibyifuzo.
Njya mbona abantu bafata amasengesho y’iminsi myinshi basaba, ariko bake ni bo bafata amasengesho y’igihe kinini bajyanywe no gushimira Imana ibyo yabakoreye. Ariko rero Yesu ashaka ko tumukunda akaramata.
Yesu bamubajije itegeko riruta (...) -
Umubano w’umwihariko umukristu agirana n’Imana umumarira iki?
26 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaMuri rusange hari ibintu bitandukanye byatumye hari abatubanjirije babaye intwari, kandi ubutwari bwabo butubera inyigisho zitwereka ko bishoboka. Muri nyinshi mu ngingo, uyu munsi turahera ku ngingo imwe mu byaranze abatubanjirije byatumye baba intwari ariyo “kugirana umubano wihariye n’Imana”.
"Nunyura mu mazi nzaba ndi kumwe nawe, nuca mu migezi ntizagutembana nunyura mu muriro ntuzashya, kandi ibirimi byawo ntibizagufata…" (Yesaya 43,2-4). Mu buzima busanzwe, umuntu ajya agira inshuti (...) -
Nzihangana ngeze ryari?
7 June 2013, by Ubwanditsi“Ni uko bene Data, mwihangane mugeze aho Umwami Yesu azazira. Dore umuhinzi ategereza imyaka y’ubutaka y’igiciro, ayirindira yihanganye kugeza aho azabonera imvura y’umuhindo n’iy’itumba. Mube ari ko namwe mwihangana, mwikomeze imitima kuko kuza k’Umwami Yesu kubegereye” Yakobo 5:7-8.
Kwihangana ni imwe mu mbuto z’Umwuka (Abagalatiya 5:22). Uko byagenda kose, Umukristo ntaba agomba kubura iyi mbuto. Kwihangana usanga bitoroshye kuko umuntu uri mu makuba ni we usabwa kwihangana: ntiwakwihangana mu (...) -
Ndanyuzwe Albert aramurika alubumu ye ya mbere ku cyumweru tariki ya 12/08/2012.
1 August 2012, by Patrick KanyamibwaNkuko twabitangarijwe na Cornel Ibenga uyoboye komite iri gutegura icyi gitaramo, umuhanzi Ndanyuzwe Albert aramurikira abakunzi be alubumu ye ya mbere yise twagiranye igihango, ku cyumweu tariki ya 12/08/2012, muri Salle ya Centre Pastoral St Paul mu mugi hafi y’ikiriziya cya St Famille, kuva saa munani z’amanwa.
Uyu muhanzi akaba umwe mubahanzi bake ba gospel bafite aba Manager nawe yadutangarije ko imyiteguro igenda neza, ubu akaba yaratangiye imyitozo y’indirimbo ze zizacurangwa ku buryo (...) -
"Yesu yandinze kugwa mu rwobo" – Sandy, Nairobi
20 May 2013, by Simeon NgezahayoNdashima Imana cyane yakijije ubugingo bwanjye. Ndi umunyeshuli muri Kaminuza Gatolika y’i Nairobi (Kenya). Niga mu mashuli yisumbuye, ubuzima bwanjye bwari bubi cyane. Naranywaga nkasinda, nkanywa n’itabi ryinshi, ariko ndashima Imana yampishuriye ko ibyo nagenderagamo nta cyo byanyunguraga ahubwo byanteshaga agaciro n’icyubahiro.
Umutima wanjye wahindutse ubwo nari mu rusengero, pasiteri akigisha ku nsanganyamatsiko yise “ubusambanyi.” Nahise negurira Yesu ubuzima bwanjye. Hari mu ntangiro (...) -
Mfite ibihamya by’ineza ya Yesu
3 August 2015, by Innocent KubwimanaIyi nyigisho ikubiye mu buhamya bw’umudamu utarashatse gutangaza amazina ye ariko ntibitubuza kumva icyo Imana itubwirira muri bwo, uko bisa kose birahamya na none ukuntu Imana ari iyo kwizerwa mu byo ikora byose. Reka tubukurikire:
Ndumva nuzuwe no gushimira Umwami wanjye Yesu Kristo kubera ukuntu yambereye uwo kwizerwa mu buzima bwanjye. Buri munsi ngenda mbona ubuntu Imana ingirira mu buzima bwanjye ndetse n’umuryango wanjye.
Nubwo byose byaba bitagenda nk’uko mba nabitekereje ariko mu (...) -
Imana yacu si Baali, si Ashela, si Dagoni, iri hejuru ya byose
4 September 2015, by Alice Rugerindinda« Maze abantu bose babibonye bikubita hasi bubamye baravuga bati « Uwiteka niwe Mana, Uwiteka niwe Mana » I aAbami 10 : 39
Haleluya Uwiteka niwe Mana naho ibindi byitwa ibigirwamana ! natekereje izi nkuru za Eliya. Ngo cyari igihe abantu baheze mu rungabangabo, batazi Imana iyo ariyo. Muri iyi mirongo baragaragaza ukuntu binginze ikigirwamana Baali ariko kuko atari Imana kitagira amatwi , kitagira amaso, wapi biba iby’ibusa, ariko Eliya ngo ahamagaye Imana, iza yiruka yerekana ko ari Imana (...) -
Amahame 10 agenga kurambagiza – Pastor Chris Jordan
9 May 2013, by Simeon Ngezahayo1. Banza ushyireho amahame yo kwera, uyandike.
2. Ba umunyakuri kandi ufate ibyemezo – ganira n’abandi amahame yawe.
3. Hitamo incuti mu bwenge – hitamo izo muhuje indangagaciro – winjire mu itsinda ry’urubyiruko.
4. Shaka uko wamenya niba uwo ugiye gushaka muhuje indangagaciro.
5. Mubanze mube incuti bihagije. Umuntu mwiza ukwiriye kurambagiza agomba kuba ari incuti yawe y’amagara! Shyira ku ruhande ibigaragarira amaso, wibande ku rukundo – banza ube incuti na we – muvugane.
6. (...)
0 | ... | 3060 | 3070 | 3080 | 3090 | 3100 | 3110 | 3120 | 3130 | 3140 | 3150