Matayo 14:14-21 Yomotse abona abantu benshi arabababarira, abakiriza abarwayi. 15.Umunsi ukuze, abigishwa be baramwegera bati “Aha ngaha ntihagira abantu none umunsi urakuze, sezerera abantu bajye mu birorero bihahire ibyokurya.” 16.Yesu arabasubiza ati “Ntakibajyanayo, mube ari mwe mubagaburira.” 17.Baramusubiza bati “Nta cyo dufite hano, keretse imitsima itanu n’ifi ebyiri.” 18.Arababwira ati “Nimubinzanire hano.” 19.Ategeka abantu ko bicara mu byatsi, yenda iyo mitsima itanu n’izo fi ebyiri, (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Yesu arabishoboye. Pasitori Bimenyimana Jean Claude
23 August 2015, by Pastor Desire Habyarimana -
Rwanda Christian Film Festival izafungurwa ku mugaragaro kuruyu wa gatanu muri Zion Temple mu Gatenga
31 October 2012, by Patrick KanyamibwaRCFF izafungurwa kumugaragaro bwambere kuruyu wagatanu itali 02/11/2012 muri zion temple ubwo bazaba basobanurira abanyarwanda icyo iri serukiramuco rigamije , bazaba batangaza kandi film zatoranyijwe zizitabira Rwanda Christian film festival doreko yoherejwemo ama film aturutse hirya nohino mukarere kiburasirazuba , nyuma yogutoranya zimwe murizo film bazazenguruka hirya nohino muntara nomumujyi wakigali bagenda berekana izo film , basoze italiki 11/11/2012 muri Kigali serena hotel (...)
-
Ubwiyongere bw’ubupagani muri Amerika bukomeje guteza urujijo
6 August 2013, by Simeon NgezahayoUbwiyongere bw’ubupagani (idini itemera ko Imana ibaho) muri Amerika bukomeje guteza urujijo. Ubu abantu barimo kwibaza ibibazo bikomeye ku bijyanye n’uruhare rw’amadini n’Imana. ibi byatumye ABakristo benshi bicuza ko batahagaze mu mwanya wabo.
“Abapagani bashya” bo mu kinyejana cya 21 barimo abagaragara ki mbuga za internet ndetse n’abanditsi nka Sam Harris, Richard Dawkins, Christopher Hitchens, na Daniel Dennett, ubu barimo guhamya kwizera kwabo beruye kandi bashize amanga kuruta ubwa mbere. (...) -
Korali Elayono iramurika Alubumu yabo y’amajwi ku mugaragaro
30 June 2012, by Patrick KanyamibwaKuri iki cyumweru taliki ya 01 Nyakanga 2012,korali Elayono yo mu mudugudu wa ADEPR Kimicanga,Paruwasi ya Kimihurura izamurika alubumu yabo ya mbere y’amajwi izaba yitwa “Imana irinda ijambo ryayo”.
Iyi korali yatangiye mu mwaka wa 2000 ari iy’ababyeyi aho yari igizwe n’abaririmbyi 13 nk’uko twabitangarijwe na Placide,umuyobozi wa korali.Gusa ngo uko imyaka yagendaga ishira niko Imana yagendaga ibagurira imbago kuko abo babyeyi bari abanyamasengesho cyane,Imana ikababwira ko izagura uwo murimo. (...) -
ABAKOZI B’IMANA 10 BAZA KU MWANYA WA MBERE MURI AFURIKA
24 April 2013, by Simeon Ngezahayo1. Archbishop Desmond Mpilo Tutu (Afurika y’Epfo)
Desmond M. Tutu ni umwe mu bigisha b’ijambo ry’Imana b’ibirangirire, wavutse ku wa 7 Ukwakira 1931. Yararwanye, ndetse aba umuntu wa mbere wahanganye n’ingoma ya apartheid. Yahawe igihembo cyitiriwe Nobel mu w’1984, ahabwa icyitiriwe Albert Schweitzer ashimirwa guharanira uburenganzira bw’ikiremwa-muntu, ahabwa icy’amahoro cyitiriwe Gandhi mu w’2005 n’umudari wo guharanira ubwigenge yahawe na Perezida mu w’2009. Desmond Tutu yabaye Archbishop wa (...) -
Uwo tutabana ni umwanzi wanjye, kandi uwo tudateraniriza hamwe arasandaza! - Dan Delzell
4 March 2014, by Simeon NgezahayoHariho abantu batizera Kristo, kandi bakaba batanamwanga. Abo wabavugaho iki? Ntibashaka kwitirirwa Yesu. Ariko se ibyo birashoboka? Ntibishosoka, ahubwo niba udakunda Kristo uramwanga! Yesu yaravuze ati “Uwo tutabana ni umwanzi wanjye, kandi uwo tudateraniriza hamwe arasandaza” Matayo 12:30.
Hariho abavuga bati "Ariko sinanga Yesu. Gusa simbwizera nk’Umwami wanjye n’Umukiza!" Ubwo rero icyo ni icyemezo ntakuka uba wafashe, kandi benshi bafata bene ibi byemezo. Ariko kwanga kwitirirwa Yesu (...) -
Gira Umumaro!
7 November 2015, by Pastor Desire HabyarimanaUko niko Dawidi yahanguje Umufilisitiya ibuye ry’umuhumetso, aramunesha aramwica kandi nta nkota Dawidi yari yitwaje. Dawidi aravuduka amuhagarara hejuru asingira inkota ye, ayikura mu rwubati rwayo aramuhorahoza rwose, ayimucisha igihanga. Nuko Abafilisitiya babonye intwari yabo ipfuye bariruka. (1 Samweli 17:50−51).
Ni inshingano yacu buri wese ku giti cye kugaragaza umumaro we mu bo babana. Bishobora kuba mu baturanyi bawe, ku kazi, mu mugi wawe cyangwa ndetse n’igihugu cyawe; shakisha (...) -
Imana irahagije mu buzima bwawe kuko muri yo harimo byose
19 October 2015, by Innocent KubwimanaMose abaza Imana ati “Ningera ku Bisirayeli nkababwira nti ‘Imana ya ba sekuruza banyu yabantumyeho’, bakambaza bati ‘Yitwa nde?’ Nzasubiza iki?” Kuva 3 :13
Ibi ni bimwe mu bibazo Mose yabajije Imana imubwiye kujya gukura Abisirayeli muri Egiputa.
Imana imaze kubona ukuntu ubwoko bwayo buremererewe no kubabazwa na Farawo kubera uburetwa yabakoreshaga, yahamagaye Mose kujya kubukura muri ubwo buretwa muri Egiputa. Mu by’ukuri ubu si ubutumwa Mose yahise yakira, ahubwo yabanje gushidikanya kandi (...) -
Twige kwicisha bugufi!
2 June 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMatayo 18 :2-4 : Ahamagara umwana muto,amuhagarika hagati yabo,arababwira ati « Ndababwira ukuri yuko nimudahinduka ngo mumere nk’abana bato,mutazinjira mu bwami bwo mu ijuru.Nuko uzicisha bugufi nk’uyu mwana muto,ni we mukuru mu bwami bwo mu ijuru. »
Guca bugufi tubivuze mu magambo abantu babona ko byoroshye cyane,kandi ushobora guceceka ariko ku mutima wawe wishyira hejuru ,ariko Imana iraduhamagarira kwicisha bugufi kandi tugire umutima nk’uwo umwana muto twumvira amategeko y’Imana,hamwe (...) -
Dudu Theophile, umuhanzi w’umunyarwanda ubarizwa mu gihugu cy’Uburundi yagejeje alubumu ye ya mbere ku isoko mu Rwanda
15 June 2012, by Patrick KanyamibwaDudu Theophile, umuhanzi w’umunyarwanda ubarizwa mu gihugu cy’uburundi yagejeje alubumu ye ya mbere ku isoko mu Rwanda
Ubwo twaganiraga ku murongo wa telephone na Dudu yatubwiye alubumu ye ye yageze i Kigali ikaba iboneka gusa muri Gift Supermarket kwa Rubangura mu mugi wa Kigali, aho igura amafaranga 5000Frw, ndetse ko mu minsi iri mbere azategurira abanyarwanda igitaramo ateganya ko kizabera i Kigali, ibi kandi akabikora ari no gutegura kurangiza alubumu ye y’amashusho (DVD), ndetse ubu (...)
0 | ... | 490 | 500 | 510 | 520 | 530 | 540 | 550 | 560 | 570 | ... | 3150