"Kwishyira hejuru k’umutima kubanziriza kugwa, kandi kwicisha bugufi kubanziriza icyubahiro" Imigani 18:12.
Ubuzima ni iki? Tuvuge ko ushigaje igihe gito ngo upfe, ni uwuhe mwanzuro wafata ku mibereho yawe hano mu isi? Uramutse utekereje uburyo wabanye n’Imana, mbese wasanga warayihaye igihe gihagije kugeza ubu?
Ujye ushima Imana iminsi yose yo kubaho kwawe.
Fata umwanya wihariye wegere Imana, winjire ugere kure kugira ngo ubone imbaraga zayo. Mbere ya byose, banza uyemere uvuge mu mutima (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Kuki ari ngombwa gutinda imbere y’Imana? - Eric Célérier
3 June 2013, by Simeon Ngezahayo -
Dukwiye kugira amatwi yumva ijwi ry’Imana. Pastor Desire Habyarimana
2 June 2016, by Pastor Desire Habyarimana“Reka numve ibyo Imana Uwiteka izavuga, kuko izabwira ubwoko bwayo n’ abakunzi bayo amahoro, ariko be kugarukira ubupfu” (Zaburi 85:8).
Imana ihora ivuga iby’amahoro ku bantu bayo, ariko ikibazo ni uko amatwi yacu atumva icyo Imana ivuga kandi ikiyongeraho ni uko bitugora kumva hanyuma natwe dutekereza ko n’ Imana itumva. Gusa ijambo ry’Imana muri Yesaya 59:1-2 haragira hati : “Ukuboko kwe ntikwaheze ngo ananirwe gukiza, n’ ugutwi kwe ntikwapfuye ngo ananirwe kumva”. Ahubwo ibyaha byacu nibyo (...) -
HARANIRA KUZAGIRA IHEREZO RYIZA Rev Sebugorore
29 June 2016, by Pastor Desire HabyarimanaHARANIRA KUZAGIRA IHEREZO RYIZA
(Gutegeka 32:29) " Iyo baba abanyabwenge baba bamenye ibi, baba bitaye kw’iherezo ryabo"
Igitabo cyo gutegeka kwa kabiri gikomeza inkuru ivugwa mu gitabo cyo kubara, igihe Abisiraeli bari mu gihugu cy’i Mowabu bitegura kwinjira mu gihugu cy’i Kanani. Mose yarabakoranije abibutsa ibyo Uwiteka yabakoreye byose mu myaka mirongo ine bamaze mu butayu, abigisha kuyoboka Uwiteka wenyine, abasobanurira amategeko cumi y’Imana, yongeraho n’andi mabwiriza bazakurikiza (...) -
Ijambo ry’ umunsi
1 July 2012, by UbwanditsiAbiringiye uwiteka bameze nk’umusozi wa siyoni utabasha kunyeganyezwa, ahubwo uhora uhamye iteka, nk’uko imisozi igose I Yerusalemu niko Uwiteka agose abantu be, uhereye none ukageza iteka ryose ( Zaburi 125:1-2)
-
Ubukene buhurirahe n’icyaha? (Igice cya 1) Pastor Desire
20 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMbere y’uko Imana irema umuntu yabanje kumutegurira byose bizamutunga imushyira mu ngobyi ya Edeni , imubwira ko azabitegeka ariko hashize iminsi mike umuntu yica amabwiriza yahawe, bituma umuntu akurwa muri ya ngobyi ashyirwa inyuma yayo, ubukene buba buratangiye kuko Imana yamubwiye ko isi izamera ibitovu n’amahwa, Itangiriro 3:17.
Na Adamu iramubwira iti “Ubwo wumviye umugore wawe ukarya ku giti nakubujije ko utazakiryaho, uzaniye ubutaka kuvumwa. Iminsi yose yo kubaho kwawe uzajya urya (...) -
Wirinde umudendezo wahawe utagusha abandi, nawe udasigaye.
19 December 2013, by Ernest RutagungiraAriko mwirinde kugira ngo uwo mudendezo wanyu udahindukira abadakomeye igisitaza na hato, kuko umuntu nakubona wowe ujijutse wicaye urira mu ngoro y’ikigirwamana, mbese ibyo ntibizatera umutima we udakomeye guhangāra kurya ibiterekerejwe ibigirwamana, maze udakomeye akaba arimbuwe no kujijuka kwawe, kandi ari we mwene Data Kristo yapfiriye? Nuko ubwo mucumura kuri bene Data mugakomeretsa imitima yabo idakomeye, muba mucumuye no kuri Kristo (1 Kor 8:9-11).
Kimwe mu bimenyetso biranga umuntu (...) -
Igiterane cyaberaga California gisize gihinduye amateka y’abahatuye.
24 July 2012, by UbwanditsiKuri uyu wa gatandatu taliki ya 21-22/07/2012 muri Leta ya Califonia habereye igiterane cyahuje abava mu ma leta atandukanye yo muri Amerika hamwe n’ uburayi,iki giterane kandi kikaba cyari kitabiriwe n’abigisha b’ijambo ry’ Imana batandukanye,aha twavuga nka Pastor Wesige, Bishop Lydia Kinuthia uturuku muri Kenya n’abandi benshi, kikaba cyari gifite intego igira iti “Guhindurirwa izina Yesaya 62” Ku bwa Pastor Live Wesige umunyarwanda uba muri Texas we yabwirije avuga ko Imana ivuze ko ishaka (...)
-
Rehoboth Ministries kunshuro ya kabiri yakoze igitaramo yise “Praise and worship Explosion” kigenda neza
28 February 2013, by Patrick KanyamibwaKunshuro ya kabiri, Rehoboth Ministries yakoze igitaramo cyo kuramya no guhimbaza yise “Praise and worship Explosion .”, Icyo gitaramo cyabaye ku cyumweru, tariki ya 24/02/2013, muri salle ya Sportsview Hotel kuva saa cyenda z’amanywa kugeza saa mbiri z’ijoro (15h00’-20h00’/pm).
Abo tuvugana mubabashije kwitabira “ Praise and Worship Explosion” ya kabiri barahamyako iki gitaramo cyagenze neza cyane kandi ko umuntu wese wahageze yasabanye n’Imana biciye mu ndirimbo.
Nkuko twabitangarijwe (...) -
Amasezerano yawe ntiyaheze ahubwo hari icyo usabwa ngo asohozwe
29 March 2016, by Ernest RutagungiraUwiteka aravuga ati “Dore ndasezerana isezerano: nzakorera ibitangaza imbere y’ubwoko bwawe bwose ,bitigeze gukorwa mu isi yose cyangwa mu ishyanga ryose, abantu bose bakugose bazabona icyo uwiteka akora,kuko nzagukoresha ibiteye ubwoba. Ujye witondera icyo ngutegeka uyu munsi, dore nzirukana abamori n’abanyakanani n’abaheti n’abaferizi, abahivi n’banyebusi baguhunge, wirinde ntuzasezerane isezerano na bene igihugu ujyamo,rye kuba nk’umutego hagati muri mwe, ahubwo muzasenye ibicaniro Byabo, (...)
-
Sinabyumvaga ariko filimi y’uko isi izarangira yanyeretse ko abanyabyaha bafite iherezo ribi koko!
8 September 2015, by UbwanditsiNitwa Nantenaina mfite imyaka 18. Navukiye mu muryango w’abakristo, ariko sinigeraga mpa agaciro urukundo rw’Imana yerekaniye muri Yesu. Ahubwo uru rukundo narushakiraga mu bantu nabo bakanyobya.
Nashakaga gushimisha umutima wanjye ariko sinari nzi inzira nziza nabinyuzamo. Nibagiwe ko Yesu ashobora kunkunda akarenza nuko abantu babikora. Umunsi umwe nashatse kubatizwa, ubwo naringize imyaka 16, ubwo nibwo navuga ko nifuzaga kubaho ubuzima bwa gikristo, ngatangira kugendana na Yesu.
Muri (...)
0 | ... | 520 | 530 | 540 | 550 | 560 | 570 | 580 | 590 | 600 | ... | 3150