Umuryango watangijwe numuvugabutumwa uzwi cyane Billy Graham urashinjwa nabantu batandukanye kuba waba utera inkunga umu kandinda uhanganye na Balack Obama ariwe Mitt Romney.
Ibyo byatangajwe nyuma yuko abantu batandukanye bagiye bandikira uwo muryango binyujijwe kuri Email bavuga ko ibyo bitari bikwiriye , ko umuvugabutumwa nka Billy Graham akina Politike ebyiri yo guhimbaza Imana no kwamamaza Mitt Romney.
Mugusubiza abo bantu umuvugizi wuwo muryango Larry Ross yagaragaje ko, haba uwo (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Umuvugabutumwa Billy Graham n’umuryango we BGEA barashinjwa Gushyigikira Umukandinda Mitt Romney
25 October 2012, by Ubwanditsi -
Twihe Imana tumaramaje! - Kenneth et Gloria Copeland
15 June 2013, by Isabelle GahongayireNiba mwifuza kugera kure mu by’umwuka, mugomba kumenya no kuba mu ijambo ry’Imana mu buryo bwose bushoboka.
“Ubwenge muri byose ni bwo ngenzi, nuko rero shaka ubwenge, ndetse ibyo utunze byose ubishakishe ubuhanga. Ubukuze na bwo buzagukuza, nubukomeza buzaguhesha icyubahiro”Imigani 4 : 7-9.
Niba mu by’ukuri twifuza ubwenge bw’Imana, bidusaba gusoma bibiliya cyane, bitari iby’akamenyero by’iminota mike ya buri munsi wenda tujya dufata. Biradusaba kuyifungura amanwa na n’ijoro. Biradusaba kureka (...) -
Ca: Selena Gomez akomeje kugaragaza imyitwarire y’Abakristo nyuma yo gutandukana n’incuti ye!
25 February 2014, by Simeon NgezahayoNyuma y’ibihuha bimaze iminsi abantu bibaza icyatumye umuhanzikazi akaba n’umukinnyi wa film Selena Gomez ajya mu kigo ngororamuco, ku wa Gatatu ushize yashyize ifoto y’ijambo ry’Imana kuri page ye ya Instagram.
Uyu muhanzikazi/umukinnyi wa film yavuze ku magambo aboneka mu Itangiriro 12:2, agira ati “Nzakugira ishyanga rikomeye; nzaguha umugisha; uzabe umugisha!” Amaze kwandika aya magambo, Gomez yakomeje avuga ati “Azampa umugisha w’impano zikomeye,” ariko anyuza umwambi hagati muri ayo magambo (...) -
Urugo rwacu igihe rwari rutarimo Imana rwari" GEHINOMU NTO "
9 January 2013, by UbwanditsiUko Imana yongeye kunsubiza mu rugo nyuma yo gupanga Gatanya (Divorce) n’uwo twashakanye
Nitwa Ludoviko nkaba ndi umugabo nubatse urugo kandi nkaba nkijijwe. Njyewe n’Umufasha wanjye, twarabanaga kimwe n’abandi bashakanye bose, tukanezererwa ubu buzima, tukaryoherwa n’ibyiza byo muri iyi si.
Nyamara ibyo byose twabikoraga tutazi Imana ndetse nta n’ icyizere cy’ubuzima bw’igihe kizaza twari dufite. Burya rero Ijambo ry’Imana ryabivuze ukuri ngo “ Nta mahoro y’abanyabyaha.” Ibi byo kubaho ubuzima (...) -
Nyamagabe: Umunhanzikazi Musabe Bernadette aherutse guhabwa inka nyuma yo kunezeza abakunzi be
27 January 2014, by Simeon NgezahayoUmuhanzikazi Musabe Bernadette usengera ku itorero rya ADEPR Nyakabanda uherutse kumurika album ye y’amashusho, mu cyumweru gishize ni bwo yahawe inka ubwo yari arimo kuririmba mu gitaramo yari yatumiwemo mu Ntara y’Amajyepfo. Iki gikorwa kitamenyerewe cyane mu Rwanda, cyabereye kuri ADEPR Murambi ya Nyamagabe, ubwo uyu muhanzikazi Musabe Bernadette yari yahawe kuririmba indirimbo 4 ageze ku ndirirmbo ya gatatu yitwa "Naramaramaje kumukunda," ijambo abantu benshi bakunda muri iyi ndiirmbo (...)
-
Kwiyoroshya ni isoko y’ubukristu nyabwo Mark Woods
6 April 2016, by Pastor Desire HabyarimanaKwiyoroshya ni ikintu kitoroshye. Ese umuntu ashobora kwibwira ku giti cye ko yiyoroshya? Icyo cyaba ari ikinyoma cyambaye ubusa.Kwiyoroshya birakomera cyane ,yewe ntibyoroshye na busa. Niba ushobora kwitekereza nk’uwiyoroshya uzagumya kubyibwira ndetse rimwe na rimwe ubyirate mu bandi ariko birakomeye cyane.Gusa niba ubyirata umenye ko utiyoroshya rwose.
Nkuko tubikesha umwanditsi umwe witwa Mark Woods akaba umwe mu banditsi b’inkuru zicukumbuye mu bitangazamakuru bikomeye ku isi bya (...) -
Imana yaduteguriye umuryango turererwamo ari ryo torero rya Kristo
21 July 2015, by Innocent KubwimanaItorero kuva ryabaho kera nubwo tutajya mu mateka yaryo rigomba kuba rifite ibintu byinshi rikora kandi abaryo bahuje nk’umubiri wa Kristo. Ibi bivuze ko itorero rifite icyo rimariye abakristo ariko kandi na none burya n’umukristo aba akwiye kwibaza icyo arimariye kuko byose birakenewe.
Hari igihe umuntu ahora aburana ko itorero ridashyira mu bikorwa ibyo arikeneyeho ariko burya nawe aba akwiye kwibaza niba umumaro we awuharanira. Itorero ni umuryango mwiza abantu bari bakwiye kuba babanamo (...) -
HUYE: KORALI RANGURURA MU MYITEGURO YO GUSHYIRA AHAGARAGARA ALBUM VIDEO YABO
2 November 2013, by Simeon NgezahayoMu gihe kitari gito Chorale Rangurura ikorera umurimo w’Imana muri EAR yari imaze mu myiteguro yo gushyira ahagaragara album yabo y’amashusho, ubu noneho igihe kirarageze ngo ishyire ahagaragara album yabo ya mbere y’amashusho (DVD) bise “UBUNTU TWAGIRIWE”.
Ni ku wa 17/11/2013 ku isaha ya saa saba z’amanywa (13h) mu nzu y’imyidagaduro ya Kaminuza Nkuru y’u Rwanda (NUR/Main Auditorium) i Butare.
Amwe mu mateka y’iyi Chorale twababwira ni uko yavutse mu mwaka w’1999, igatangira igizwe n’abanyeshuli (...) -
Nigeria: Insengero 2 zatewemo ibisasu hapfa abagera kuri 45
31 July 2013, by Simeon NgezahayoKu mugoroba wo kuri uyu wa mbere (29 Nyakanga 2013), ibitero by’iterabwoba bikekwa ko byagabwe n’intagondwa z’Abisilamu zo mu mutwe Boko Haram ukorera mu gihugu cya Nigeria byateye ibisasu bine, bisenya insengero ebyiri mu mujyi wa Kano, bihitana abantu bagera kuri 45. Rev. Ramsey Noah ukuriye itorero “Pentecostal Fellowship of Nigeria” (PFN) yatangarije Morning Star dukesha aya makuru ko ibyo bisasu byari byatezwe bugufi bw’insengero 3, bihitana ebyri muri zo. Aho ibyo bisasu byaturikiye (...)
-
Menya ko ufite agaciro gakomeye cyane Pasteur MUNYANZIZA Eulade
18 April 2016, by Pastor Desire HabyarimanaAbantu benshi muri ino si bariho batazi impamvu yo kubaho kwabo ndetse bakumva ko ntacyo kubaho bibamariye. Benshi babona nta gaciro bafite,. Kugeza ubwo batakaje ikizere cyo kubaho cyangwa bakabaho ubuzima ubona budafite icyerekezo bwuzuye ubwihebe n’amaganya menshi. Kubera iyo mpamvu bamwe bishora mu biyobyabwenge, ubusinzi, uburaya, ubujura n’ibindi bibi byinshi. Menya ko umuntu ari ikiremwa kiruta ibindi byose. Afite agaciro kadasanzwe. Bibiliya ibyerekana neza mu ngingo zikurikira :
1. (...)
0 | ... | 530 | 540 | 550 | 560 | 570 | 580 | 590 | 600 | 610 | ... | 3150