
Buri mwaka inda ibihumbi 60 nizo zikurwamo mu Rwanda
Ubushakashatsi bwakozwe na Minisiteri y’Ubuzima n’Ikigo cy’
Polisi yo mu gihugu cya Koreya y’Amajyepfo ihanganye n’ikwirakwizwa rya pilule zikozwe mu nyama z’abantu.
Amakuru dukesha urubuga rwa 7sur7, atangaza ko polisi yo muri Koreya y’Amajyepfo yatangaje ko mu kwezi ko muri Kanama umwaka ushize mu gihugu cyabo hatangiye kugaragara izo pilure, zikaba zinjira mu gihugu cya Koreya mu buryo butemewe n’amategeko ziva mu gihugu cy’u Bushinwa.
Izo pilure bakaba bazikora muri nyababyeyi y’umuntu wapfuye, ndetse n’abana bapfuye.
Nk’uko urwo rubuga rukomeza rubivuga ngo izo pilure zongerera abagabo imbaraga mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ariko zikaba zitemewe muri icyo gihugu kuko zituzuje ubuziranenge.
Izo pilure kandi zikaba zifite ingaruka zitandukanye ku buzima bw’umuntu, akaba ariyo mpamvu polisi yo muri icyo gihugu ikomeje kugenzura ibicuruzwa byose byinjira mu gihugu.
Inkuru dukesha igihe.com
Ubushakashatsi bwakozwe na Minisiteri y’Ubuzima n’Ikigo cy’
Kenshi ukunze kubona abantu bagenda bifashe mu nda,
Bijya bibaho ko umugore ashobora kwishyiramo ko atwite ari byo mu rurimi...
Indwara ya anjine (angine) ifatwa nk’indwara yoroheje ariko ishobora gutera...
Ibitekerezo (1)
NTAWIGENERA FIDERI
15-05-2012 08:49
IYISI IGEZEKWIHEREZO IBYAHANUWE BYARASOHOWE KUGEZA AHOOOO.MANA YANGE TABARA IGIHUGU CY UBUSHINWA