Umuvugizi w’ Itorero rya Pentecote byavugwaga ko yahunze, yagarutse mu Rwanda.
Hashize igihe bivugwa ko umuvugizi w’ itorero rya Pentecote mu Rwanda ADEPR...
Yesu yaravuze ngo: Nari nshonje muramfungurira, nari mfite inyota mumpa icyo nywa, nari umushyitsi murancumbikira, nari nambaye ubusa muranyambika, nari ndwaye muransura, nari mu nzu y’imbohe muza kundeba.’ Matayo 25:35-36
Nshuti dusangiye umurimo w’Ivugabutumwa kuri www.agakiza.org nejejwe no kubamenyesha ko mu Agakiza twatangiye ukwezi kw’impuhwe kugira ngo tuzabashe gufasha abacitse ku icumu muri Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 batishoboye bo mu Murenge wa Gahanga, iki gikorwa kikazasozwa n’umugoroba wo kuramya Imana uzaba taliki ya 19/06/2016.(Aho bizabera tuzahabamenyesha)
Turasaba abantu bafite ibi bikurikira kuba babitugezaho kuri bureau y’agakiza.org iri Sonatubes muri Camille House:
Imyenda( Idacitse kandi idashaje)
Ibyo kurya bigizwe n’ibitangirika vuba, umuceri, isukari, amavuta, kawunga, ibishimbo........
Ibikoresho byo munzu Matelas, amasafuriya, indobo....
Tuzaboroza amatungo
Ku bindi bisobanuro mwahamagara kuri 0788422984,
0788856666
Pastor [email protected]
Hashize igihe bivugwa ko umuvugizi w’ itorero rya Pentecote mu Rwanda ADEPR...
Mu giterane cyiswe ‘Rwanda Shima Imana’ cyabaye kuri iki Cyumweru tariki ya...
Uwiringiyimana Theogene benshi bazi ku izina rya Bosebabireba kubera...
Mu bice bitatu byabanjirije iki, twabagejejeho ibirebana n’uruzinduko...
Ibitekerezo (0)