Nkuko yabidutangarije umuvagabutumwa Eric Uwayesu afatanyije n’itorero Bethesda Holy Church anasanzwe asengeramo bateguye igiterane cy’ivugabutumwa mu mugi wa Nyamata, aho abahanzi batandukanye n’abavugabutumwa bazakitabira.
Iki giterane cyikaba kiraza gusozwanya imbaraga nyinshi nkuko Eric Uwayesu yabidutangarije cyane cyane guhera no kuwa gatanu tariki ya 28/06/2013 kugeza kuri kino cyumweru tariki ya 30/06/2013, aho kizajya kibera kuri Bethesda Holy Church. Saa kumi n’imwe kugeza saa moya (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Evangeliste Eric Uwayesu yateguye igiterane cy’ivugabutumwa kiramara icyumweru mu mugi wa Nyamata
27 June 2013, by Ubwanditsi -
Isengesho rivanze n’ ubuntu Imana iryumva cyane! Pastor Desire
18 August 2015, by Pastor Desire HabyarimanaKoluneriyo yari umunyadini:
– Yubaha Imana n’abo mu rugo rwe bose.
Yagiraga ubuntu bwinshi.
Yasengaga Imana ubudasiba.
Abona Malaika ku mugararagaro amuhamagara mu izina aramubwira ati: “Gusenga kwawe n’ ubuntu bwawe byazamutse biba urwibutso”. (Ibyakozwe n’ intumwa 10:2-4)
1. Yubahana Imana nabo mu rugo rwe bose: Ushobora kuba ukurikiye iyi nyigisho uri ingaragu nta rugo ufite ariko wowe ubwawe uri inzu y’ Imana, ukwiye kubahana Imana n’abo mu rugo rwawe; ni ukuvuga amaso, amatwi, amazuru, (...) -
Kayonza: Korali Penuel igiye kumurika Album Audio ya mbere yise “Shinga amabuye y’inzibutso”
4 February 2014, by Simeon NgezahayoNk’uko twabitangarijwe n’ubuyobozi bwa Korali Penuel ikorera umurimo w’Imana mu itorero rya ADEPR ku mudugudu w’Ishimwe, kuri Paruwasi ya Kabarondo, Akarere ka Kayonza, kuri iki Cyumweru taliki ya 23/02/2014 ni bwo bazamurika umuzingo wa mbere ugizwe n’indirimbo 10 z’amajwi mu gitaramo kizabera ku mudugudu w’Ishimwe ari naho ibarizwa.
Bwana Habiyakare Pierre Vincent, umuyobozi wa Korali Penuel yadutangarije ko iyi Album izaba imurikwa yitwa “Shinga amabuye y’inzibutso.” Mu gitaramo cyo kuyishyira (...) -
Namenya nte ibyo Imana ishaka?
23 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaNuko bene Data ndabinginga ngo mutange imibiri yanyu ibe, ibitambo bizima byera bishimwa n’Imana, ari ko kuyikoirera kwanyu gukwiriye. Kandi ntimwishushanye n’ab’iki gihe, ahubwo muhinduke rwose mugize imitima mishya, kugira ngo mumenye neza ibyo Imana ishaka ari byo byiza bishimwa kandi bitunganye rwose.” Abaroma 12:1-2
Abantu benshi bahora bifuza kumenya ibyo Imana ibashakaho. Ni ngombwa kwifuza kubimenya kuko iyo tubimenye, tuba dufite n’amahirwe yo kumenya kamere y’Imana muri rusange. (...) -
Ubwiza bw’ urusengero rwa kabiri HABARUREMA Clement
18 July 2016, by Pastor Desire HabyarimanaUBWIZA BW’URUSENGERO RWA KABILI
Hagayi 2:1-4, 8 ubwiza bw’urusengero rushya Ezira 3:10-13 bashinga imfatiro z’ urusengero
Urusengero rwa mbere rwubatswe na Salomo,mu gihe cy’amahoro, bafite ubutunzi bwinshi, rwari rwiza cyane ; Abisirayeli bacumuye, Nebukadinezari w’ I Babuloni aza kubatera arahasenya, bararusahura, abatwara mu bunyage.
Igihe cyategetswe kigeze, abari mu bunyage baratahuka, batangira kubaka. Urusengero rwa kabili rwubatswe n’abari bavuye mu bunyage kandi nta n’ibikoresho (...) -
Amateka ya Chorale Hoziana
14 November 2013, by UbwanditsiNkuko amateka y’itorero ADEPR abigaragaza, Itorero rya Pentekote ryageze mu Rwanda mu mwaka wa 1940 ritangirira i Cyangugu.Umurimo w’ivugabutumwa waguka ugana i Gisenyi, ubu ni mu ntara y’Iburengerazuba.
Mu mwaka wa 1968 nibwo Pasteur Kayihura Jaques yatumwe kujya kuvuga ubutumwa i Kigali, atangirira ahitwa i Gasave, ubu ni mu murenge wa Gisozi, akarere ka Gasabo. Aho i Gasave niho hatangiriye umurimo w’uburirimbyi mu rugo rwa Pasteur utangijwe n’umufasha we Mariya, Umukobwa wabo w’imfura (...) -
Singiza Music Ministries yasengeye igihugu cy’u Burundi mu gitaramo yakoreye i Bujumbura imenyekanisha alubumu yabo
5 November 2013, by UbwanditsiMuri iki gitaramo cyabereye Bujumbura kuva saa kumi nimwe kuri kino cyumweru itsinda rya Singiza Music Ministry ryafashe umwanya wo gusengera igihugu cy’u Burundi ndetse no kucyereka Imana.
Singiza Music Ministries itsinda riramya kandi rigahimbaza Imana rikorera muri Kaminuza nkuru y’u Rwanda, ryakoze igitaramo mu mugi wa Bujumbura kuri icyi cyumweru imurika umuzingo wayo w’amajwi (Album) ugizwe n’indirimbo zigera kuri 14, iyo album bise “Tukumenye” iriho indirimbo nka Tukumenye ari nayo (...) -
Icyakora muzahabwa imbaraga umwuka wera nabamanukira Pastor Desire
12 May 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIbyakozwe 1 : 8 Icyakora muzahabwa imbaraga umwuka wera nabamanukira kandi muzaba abagabo bo kumpamya i Yerusalemu n’ i Yudaya yose n’ i Samariya no kugeza ku mpera y’isi.
Gusoma ijambo ry’Imana ni kimwe no kubishyira mu mutima nabyo ni ikindi ariko nicyo cy’ingenzi. Dukwiye gusaba Imana kubibasha kubishyira mu bikorwa.
Kuvuga kw’Imana ntabwo byoroshye guhita umuntu abyumva. Aha Yesu avuga ngo icyakora muzahabwa imbaeaga birashoboka ko bumvaga bafite imbaraga ntibahita babyumva ariko Yesu yari (...) -
MFASHA DUSENGERE ABALAMPUNGI BO MURI INDONEZIYA
7 June 2016, by Ange Victor UWIMANA“Ibisarurwa ni byinshi, ariko abasaruzi ni bake. Nuko rero mwinginge nyir’ibisarurwa, yohereze abasaruzi mu bisarurwa bye.” (Mat.9:37-38)
Mu rwego rwo kwifatanya n’abantu benshi hirya no hino ku isi mu gusengera amoko ataragerwaho n’Ubutumwa Bwiza, Kuri iyi tariki ya 06 kamena 2016 turasengera Abalampungi. Tuboneyeho no gusaba imbabazi, kuko hari hashize iminsi itari mike tutaboherereza aya makuru nk’uko twari twabibasezeranije.
Abalampungi bo muri Indoneziya ho ku mugabane w’Aziya, bakunze (...) -
YESU KRISTO KURI WATSAPP MURI IKI GIHE? (Igice cya mbere)
12 May 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMu gihe ikoranabuhanga rikataje hirya no hino ku isi , aho isi yabaye nk’umudugudu usanga amakuru yihuta mu buryo bukomeye cyane kurusha ikindi gihe cyigeze kubaho ninako usanga imirongo ya bibiliya inyuzwa mu matsinda y’abahuriye kuri watsapp, facebook,...
Kuko mbere y’Umwaduko w’abazungu cyangwa se abakoloni mu Rwanda kimwe no muri Afrika ihanahana makuru wasanga rikoresha uburyo bwa gakondo bwasaga naho buciriritse mu yandi magambo butihutishaga amakuru ariko ubu abanyarwanda kimwe n’andi (...)
0 | ... | 1000 | 1010 | 1020 | 1030 | 1040 | 1050 | 1060 | 1070 | 1080 | ... | 3150