Avoka nk’ikiribwa gifitiye akamaro umubiri wacu bitewe no kuba ikungahaye ku mavitamine nka A, B, C na K, usanga hari bamwe batacyitaho cyane cyane aho abagabo benshi bakunda kuvuga ko ari ikiribwa cyagenewe abana n’abagore, mu gihe mu bihugu byateye imbere ari nkitegeko ko buri mafunguro hagomba kuba hongeweho ibikomoka kuri Avoka.
Akaba ari yo mpamvu tugira ngo turebere hamwe icyo ishobora kumarira umubiri wacu twifashishije urubuga rwa healthonlinizine”.
1. Ifasha umutima gukora neza (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Ibintu 10 Avoka ishobora kumarira umubiri wacu
1 November 2012, by Ubwanditsi -
Ntitukiri imbata z’icyaha ahubwo turi iza Kristo
18 August 2015, by UbwanditsiUbundi iyo umuntu ari imbata y’ikintu nicyo kiba kimutegeka, urugero umuntu ashobora kuba imbata y’ibiyobyabwenge, aho hakaba ariho umutima we wibera, nubwo yashaka kubireka kuko biba byaramubase ntabwo bimworohera ahubwo agengwa nabyo.
‘’Babasezeranya umudendezo nyamara ubwabo ari imbata z’ibiboze, kuko icyanesheje umuntu kiba kimuhinduye imbata yacyo.’’ 2Petero 2:16
Yesu rero yabonye ko ubwo bubata bumereye nabi umwana w’umuntu nicyo cyamuteye kuza mu isi kugira ngo adukure mu bubata bw’icyaha (...) -
Yavutse nta maboko, nta maguru ariko ntiyiganyira!
26 February 2013, by Isabelle GahongayireNitwa Nick Vujicic, ndashima Imana uburyo yakoresheje ubuhamya bwanjye igakora ku mitima ya benshi mw’isi! Navutse nta ngingo mfite nukuvuga nta maguru nta n’amaboko kandi abaganga ntabwo bamenye inkomoko y’ubwo bumuga. Byaje kumviramo guhura n’ibibazo n’inzitizi nyinshi.
« Bene data, mutekereze ko ari ibyo kwishimira, ni muhura n’ibibagerageza bitandukanye. » (Yakobo 1.2)
Birashoboka ko umuntu yafata ibikomere, imibabaro ndetse n’intambara bye nkaho ari ibintu byo kwishimira? Ababyeyi banjye bari (...) -
Somalia: Abagera kuri 260,000 bamaze guhitanwa n’inzara
2 May 2013, by Simeon NgezahayoUbushakashatsi bwakozwe ku cyago cy’inzara kimaze iminsi cyugarije Somalia bwagaragaje ko kimaze guhitana abagera kuri 260,000 guhera mu mwaka w’2010 kugeza mu w’2012, mu gihe ibihumbi n’ibihumbi by’abandi bavuye mu gihugu cyabo bahunze inzara.
Muri abo bishwe n’inzara, kimwe cya kabiri ni abana bari munsi y’imyaka 2. Ibi byagaragajwe n’ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo UN food agency ndetse na US-funded Famine Early Warning Systems Network.
Umubare w’abishwe n’inzara muri iyi myaka 3 uruta abo (...) -
Ijambo ukwiye gutsindisha satani n’abadayimoni mu bibazo!
18 August 2015, by Innocent KubwimanaAriko naho itadukiza, nyagasani umenye ko tutari bukorere imana yawe, habe no kuramya icyo gishushanyo cy’izahabu wakoze.’’ Daniyeli 3:18
Umwami Nebukadinezari yakoze igishushanyo ategeka ko abantu bose bagisenga. Uyu mugabo yasabye ko abantu bose nibumva ibyuma bivuga birimo imyirongi, inanga, isambuka, amabubura, amakondera n’ibindi byuma byose bivuga, umuntu wese yubarara hasi akaramya igishushanyo yari yakoze.
Kubera ko Saduraka, Meshake na Abedenego bubahaga Imana yo mu ijuru bari banze (...) -
Abayobozi b’itorero Anglican baratangaza ko bababajwe n’ibitero byahitanye Abakristo bagera kuri 80 muri Pakistan, bigakomeretsa abasaga 200
23 September 2013, by Simeon NgezahayoAbayobozi b’itorero Anglican bo mu bice bitandukanye by’isi bagaragaje agahinda batewe n’ibitero byagabwe ku itorero rya Pakistan, aho ibisasu byahitanye abagera kuri 80 naho abasaga 200 bagakomereka kuri iki cyumweru. Ibihugu biri ku isonga mu kwamagana aya mahano ni Amerika n’Ubwongereza. Archbishop w’intara ya Canterbury Justin Welby, uyoboye itorero Anglican rigizwe n’abagera kuri miliyoni 77 yatanze ubutumwa kuri twitter burimo akababaro yatewe n’ayo mahano yibasiye Abakristo bo mu (...)
-
Impamvu hakenewe kwivugurura mu nsengero ndetse no mu bakozi b’Imana batandukanye
8 September 2015, by Innocent KubwimanaUmunsi ku munsi, abashumba n’abandi bafite inshingano mu murimo w’Imana mu nsengero bafata imyanzuro igendeye ku marangamutima, bitewe nicyo wakwita gukunda umurimo w’Imana. Ubuzima babamo akenshi usanga bushingira hafi ijana ku ijana kuri gahunda z’amatorero yabo.
Akenshi iyi myanzuro y’uko bagomba kubaho igira ingaruka zikomeye kuko iba ihurira hagati y’urusengero n’ubuzima bwabo bwa buri munsi y’aba mu miryango yabo ndetse n’abandi babana mu buzima bwabo bwa buri munsi. Biba bibi rero iyo (...) -
Ijambo ry’ umunsi
27 August 2012, by UbwanditsiUvuga ko ari mu mucyo akanga mwene se, aracyari mu mwijima na bugingo nubu.Ukunda mwene se aguma mu mucyo nta kigusha kiri muri we naho uwanga mwene Se, ari mu mwijima kandi agendera mu mwijima, ntazi aho ajya kuko umwijima wamuhumye. 1Yohana 2 :9-11
-
Egypt: Umwarimu w’Umukristo arashinjwa n’ubutabera icyaha cyo gutuka idini ya Islam
26 June 2013, by Simeon NgezahayoKu wa 11 Kamena, i Cairo mu gihugu cya Egypt umwarimu yagejejwe imbere y’ubutabera ashinjwa gutuka idini ya Islam. Uyu mwarimu amaze kugezwa imbere y’ubutabera, umucamanza yamwigirijeho nkana amuca izahabu y’indengakamere atabasha kuzishyura, abuza n’umuburanira kugira indi ngingo yongeraho irengera uwo mwarimu.
Uyu mwarimu witwa Dimyana Obeid Abd Al-Nour akimara kumenya ko ashakishwa ngo afungwe yahise ahunga, ariko ubutabera bumuca izahabu ingana n’amafaranga 100,000 akoreshwa muri icyo (...) -
Menya itandukaniro ry’imyigishirize y’ibinyoma n’iy’ukuri.
6 December 2015, by Ernest RutagungiraIminsi tugezemo ni iminsi bimwe mu bimenyetso byahanuwe byerekana iminsi ya nyuma birimo kugenda bisohora ,kubwabyo ntabwo umuntu yashidikanya ko turimo gusatira imperuka , muri ibyo byahanuwe rero harimo n’inyigisho z’ibinyoma akaba ari nayo mpamvu dukwiye kumenya itandukaniro ry’inyigisho z’ukuri n’iz’ibinyoma bibiliya ivuga.
Iyo usomye ijambo ry’Imana muri “1 Yohana 4: 1” Handitse ngo “Bakundwa ntimwizere imyuka yose ahubwo mugerageze imyuka ko yavuye ku Mana ,kuko abahanuzi b’ibinyoma benshi (...)
0 | ... | 1020 | 1030 | 1040 | 1050 | 1060 | 1070 | 1080 | 1090 | 1100 | ... | 3150