Nyampinga Yvonne ni umukobwa w’imyaka 28,akaba amaze igihe kirekire cyane arwaye impyiko kandi iyo ndwara ikaba igeze mu gika cya nyuma,Amavuriro hafi ya yose ya hano mu Rwanda niko Yvonne yayazengurutse yivuza ariko biranga,ubu imiti afata ayikura ku bitaro byitiriwe umwami Faisal (King faisal Hospital,kubera ubushobozi buke umuryango wa Yvonne usanga kujya kumuvuriza mu Buhinde bitaboroheye namba,
Bamwe mu bahanzi ba gospel babisabwe n’umuryango wa Yvonne bakaba biyemeje gutabariza uwo (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Dore abahanzi ba Gospel bazitabira igitaramo cyo gufasha Nympinga Yvone umaz’imyaka 18 arway’impyiko
1 December 2012, by Ubwanditsi -
Umpe kukwegera Yesu! - Gael Eba-Gatse
15 June 2013, by Simeon NgezahayoNituguma muri Yesu tukamwomaho ni bwo tuzabasha kwera imbuto z’ukuri mu buzima bwacu, ndetse tugakomeza no kwaguka.
"Mana yanjye, umpe kukwegera, kukwegera cyane! Ni cyo cyifuzo cyanjye :Kuba hafi yawe ! Ibigeragezo nibintembaho nk’uruzi, Umpe kukwegera! Mbe hafi yawe!
Hafi yawe cyane buri munsi, hafi yawe ! Ntabara, ukomeze kwizera kwanjye. N’iyo satani yantera, urukundo rwawe rungarure hafi yawe cyane buri munsi, Hafi yawe ! "
Nshuti zanjye, binyuze mu magambo y’iyi ndirimbo, ndifuza (...) -
Ijambo ry’ umunsi
31 August 2012, by UbwanditsiIbyiza Uwiteka yangiriye byose, ndabimwitura iki? Nzakira igikombe cy’agakiza, nambaze izina ry’ Uwiteka. Nzahigurira Uwiteka umuhigo wanjye, ni koko nzawuhigurira mu maso y’ ubwoko bwe bwose. Zaburi 116:12-14
-
Kubyarwa n’Amazi n’Umwuka bisobanura iki? – Rev. Paul Yonggi Cho
2 August 2013, by Simeon NgezahayoYesu aramusubiza ati "Ni ukuri, ni ukuri, ndakubwira yuko umuntu utabyawe n’amazi n’Umwuka atabasha kwinjira mu bwami bw’Imana" Yohana 3:5. Amazi n’Umwuka bisobanura iki?Amazi asobanura umubatizo wa Yesu, naho Umwuka ugasobanura Ubumana bwe.
Bibiliya itubwira ko tuvuka ubwa kabiri iyo twizeye umubatizo wa Yesu n’amaraso yavuye ku Musaraba. Kuba abana b’Imana no kuvuka ubwa kabiri tubiheshwa n’ijambo Imana yandikishije, ari yo mazi n’amaraso n’Umwuka, ikiguzi cy’ibyaha byacu.
Bibiliya ivuga ko (...) -
Amateka ya Bibiliya ahishura ibanga rikomeye ryo kugaruka kwa Yesu. Levis Pasteur BYABEZA
23 April 2014, by UbwanditsiInkomoko n’iyandikwa rya Bibiliya, icapwa n’ihindurwa rya Bibiliya mu zindi ndimi, itotezwa n’imigambi yo gutwika no kurimbura Bibiliya bihishe isohozwa ry’ibyanditswe bigira biti “Ubu butumwa bwiza bw’ubwami bw’ijuru buzamamazwa ku isi yose bubere amahanga yose ubuhamya, noneho rero imperuka igere.” Matayo 24:14. (Bibiliya IJambo ry’Imana)
Nk’uko igitabo “A l’écoute de la Bible” kibivuga: Ubutware igitabo cya Bibliya gifite ubwabwo bugaragaza aho yaturutse. Nta kindi gitabo cyasubiza ibibazo (...) -
Inenge 8 abakozi b’ Imana bakwiye kwirinda. Pasteur Desire Habyarimana
16 January 2014, by Pastor Desire Habyarimana“Umuntu wese ufite inenge ntakigire hafi: impumyi cyangwa uremaye ukuguru, cyangwa ufite urugingo ruruta urundi nka rwo, cyangwa uvunitse ikirenge cyangwa ikiganza, cyangwa ufite inyonjo cyangwa igikuri, cyangwa ufite inenge ku jisho, cyangwa urwaye ubuheri cyangwa ibikoko, cyangwa umenetse ibinyita bito” Abalewi 21:18. Inenge 8 zituma umuntu adakora umurimo w’ Imana:
Impumyi, Uremaye ukuguru, Ubutaraye izuru, Ufite urugingo ruruta urundi nka rwo , Uvunitse ikirenge cyangwa ikiganza, (...) -
Sobanukirwa neza intambara turwana nk’abakristo
27 July 2013, by Ubwanditsi“Kuko tudakirana n’abafite amaraso n’umubiri ahubwo dukirana n’abatware n’abafite ubushobozi n’abategeka iy’isi y’umwijima n’imyuka mibi y’ahantu ho mu ijuru” Abefeso 6:12
Hari iyindi Bibiliya ibivuga gutya: “Kuko ibyo turwana nabyo atari abantu, ahubwo ni ibinyabutware, ni ibinyabushobozi, ni ibihangange bitegeka iyisi y’umwijima…….” Imana iturwanirire.
Iyo umuntu adasobanukiwe neza ubwoko bw’intambara arimo kurwana cyangwa agiye kurwana, akenshi ntamenya imyiteguro asabwa kuri urwo rugamba, hakaba (...) -
Umushita wo mu butayu (acacia du desert).
16 May 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMu Butayu nzahatera imyerezi n’IMISHITA, n’’imihadasi, n’ibiti by’amavuta ; kandi mu kidaturwa nzahatera ibiti by’imiberoshi n’imitidari n’ imiteyashuri bikurane.( Yesaya 41 : 19)
Turaganira ku giti cyitwa UMUSHITA cyangwa « acacia » mu rurimi rw’urunyamahanga.. Hari ubwoko bwinshi bw’icyo giti, ariko twebwe turareba kuri acacia yo mu butayu. Icyo giti gikurira ahantu humye, hatagira imvura, mu musenyi, hirya no hino nta bindi biti bikiba hafi. Igiti gikuru kigera kuri metero 12 ujya hejuru.
1. (...) -
Umukiranutsi azabeshwaho no kwizera muri byose
27 August 2015, by Innocent KubwimanaMuri iki gihe cyose kuva Yesu yaza, ibyanditswe biduhanura kubaho mu kwizera. Ntabwo Imana ishaka ko tubaho ubuzima bw’ibigaragara kuko ibyita iby’igihe gito.
Ubukristo bwabuzemo kwizera ntibuba bukiri bwo, bwaba bushingiye ku mirimo y’ibifatika cyangwa ikindi ntacyo bivuze, no mu buzima busanzwe Imana ntishaka ko tubaho twiringiye amaboko yacu, inshuti, imiryango n’ibindi, kuko iyo ubyimitse kenshi bikubera ibigirwamana ukabiramya aho guha Imana icyubahiro. Bibiliya ivuga ko umuntu ukiranuka (...) -
Ijambo ry’ Umunsi
7 November 2013, by UbwanditsiNicyo gituma tudacogora, kandi nubwo umuntu wacu w’ inyuma asaza, umuntu wacu w’ imbere ahora ahinduka mushya uko bukeye, kuko kubabazwa kwacu kw’igihwayihwayi kw’akanya ka none kwiyongeranya, kuturemera ubwiza bw’ iteka ryose bukomeye (2 Abakorinto 4:16-17)
0 | ... | 1160 | 1170 | 1180 | 1190 | 1200 | 1210 | 1220 | 1230 | 1240 | ... | 3150