Mu masegonda make, twumva turi ahantu hameze nk’aho nta kintu na kimwe kirimo « vide » twumva ubwoba bwinshi cyane. Nyuma tuza kugera hafi y’ahantu hari ubuvumo hakingishijwe iinzugi ziteye ubwoba cyane. Twumvise umunuko uteye ubwoba n’ubushyuhe butihanganirwa. Tumaze kwinjira aho hantu twabonye ibintu biteye ubwoba.
Aho hantu hose hari hazimagijwe n’umuriro noneho abantu ibihumbi n’ibihumbi bari bari muri uwo muriro.Bari bari mu mubabaro mwinshi cyane. Iryo yerekwa ryari riteye ubwoba cyane ku (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Batemberejwe i kuzimu– 7 bo mu rubyiruko rwa Colombiya (igice cya 2)
6 March 2014, by Kiyange Adda-Darlene -
Uburyo 7 Satani akoresha ngo asenye Itorero - Ron Edmondson
8 May 2014, by Simeon NgezahayoSindi umupasoteri uhora yitegereza Satani waneshejwe ngo ndebe ibitagenda neza, ahubwo nitegereza Yesu kandi nkashishikariza abandi kumukurikira. Ariko nzi rwose ko Satani akunda gusenya... itorero cyangwa akagerageza. Ikigaragara ni uko Satani adashobora byose, kandi itorero ry’Imana rirarinzwe. amarembo y’ikuzimu ntazarishobora, ariko Satani akunda rwose gusenya umurimo itorero ry’Imana rikora.
Dore uburyo 7 Satani agerageza gukoresha ngo asenye itorero:
1. Amakimbirane mu itorero Satani (...) -
Impamvu 10 zituma amatorero mato aguma hasi (Igice cya 1) – Dr. Joseph McKeever
8 March 2016, by Simeon NgezahayoNzi byinshi byatuma amatorero mato akura kurusha amanini. Nayoboye amatorero 3 mato, kandi rimwe muri ayo uko ari atatu ni ryo ritakuze. Nari ndangije amashuli makuru mfite mu mutwe hafungutse, nta mahugurwa nahawe, nta nararibonye mfite, nta bumenyi mfite mu bijyanye n’uwo murimo. Amatorero abiri nayoboye nyuma y’iryo yazamutse neza, n’ubwo nagendaga nyamaraho imyaka 3 rimwe ryikubye incuro 2 irindi 3 mu mubare w’Abakristo n’amaminisiteri.
Iyo nkoresheje ijambo “gukura,” simba nshatse kuvuga (...) -
Ibanga ryo gushyirwa hejuru n’Imana - Ray Hollenbach
9 October 2013, by Simeon NgezahayoMbese ububi bw’umwana w’umuntu bugira umupaka? Tekereza nk’umuntu w’umupfumu, ubwira abantu ibizaba…! Tekereza iyo arimo gutamba igitambo cy’umuntu, atwika abana be ngo babe igitambo cyoswa. Uwamuha ububasha n’ubutware mu gihugu hose, kugira ngo adakora ibyo gusa ahubwo atoze n’abandi kubikora. Noneho niba ufite umwanya mu bitekerezo byawe, tekereza uyu muntu aramutse ahuye n’urukundo rw’Imana.
Ni iki gikora ku mutima w’Imana? Mu gitabo cy’ibyo ku ngoma dusangamo inkuru z’umuyobozi wari mubi, ariko (...) -
Ese ni ngombwa ko Abakirisitu bajya mu nsengero buri gihe ?
16 November 2015, by Ernest RutagungiraMu mpera z’icyumweru, kuwa Gatandatu no ku cyumweru ni imwe mu minsi iyo witegereje mu mihanda no mu mayira usanga abantu bacyeye bafite bibiliya n’ibitabo bitandukanye berekeza mu nsengero, wababaza impamvu batasengeye mu ngo zabo bakakubwira ngo bagiye mu nsengero kuko ariho bagirana ubusabane n’Imana.
Aha rero ukaba wakwibaza niba hari icyo bitwaye umuntu abaye umukirisitu ariko agasengera aho ari ?
Mu nzandiko ze umuyobozi w’ishuri rikuru The Telos Institute International ryigisha ibya (...) -
Igiterane cy’Urubyiruko cyaberaga kuri ADEPR Nyarugenge gisize ububyutse butazigabirana
13 August 2013, by Simeon NgezahayoNk’uko mwagiye mubikurikirana mu bitangazamakuru bitandukanye, urubyiruko rugize itororero rya ADEPR Nyarugenge rwateguye igiterane gihuza urubyiruko ruva mu midugudu igize iyi paroisse.
Iki giterane cyitabiriwe n’amakorali y’urubyiruko ava muri iyi midugudu yose ya paroisse, ari yo Nyarugenge, Muhima, Cyahafi, Kiyovu, Biryogo, Gitega na International. Hari kandi n’umuhanzi Frère Manu uturuka ku Gisenyi hamwe n’itsinda ayoboye, umwigisha muri iki giterane akaba yari Pasteur Desire Habyarimana. (...) -
Jehovahjireh ChoirCEP-ULK Evening mu giterane gikomeye kuri iki cyumweru cyo kuwa 05/05/2013 muri Kaminuza ya ULK.
30 April 2013, by VitalJehovahjireh choir ubwo yaririmbaga ku Munazi-Kamabuye-Bugesera mu mvura nyinshi. Jehovahjireh choir CEP- ULK Evening isanzwe ikorera umurimo w’Imana muri Kaminuza yigenga ya Kigali ULK, kuri iki cyumweru cyo kuwa 05/05/2013 yabateguriye igitaramo gikomeye cy’indirimbo z’Imana ndetse n’ijambo ry’Imana risize amavuta.
Ibi ni ibyatangajwe na Prezida w’iyi korali bwana NDORIMANA Philotin ubwo bari mu gikorwa cyo gufata amashusho ya Album ya 2 barimo gutegura. Akaba yagize ati:Tumaze iminsi (...) -
Waba wariteguriye aho uzaba iteka ryose? Pastor Desire
4 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIjambo ry’Imana: “Waba wariteguriye aho uzaba iteka ryose?”
“Dore ngiye gupfa, mu mva nicukuriye mu gihugu cy’ i Kanani abe ari mo uzampamba” (Itangiriro 50:5)
Umuntu wabyawe n’ umugore arama igihe gito kandi cyuzuwemo n’ imiruho agakenyuka. Akenshi ahita nk’ igicucu cy’izuba ntarame iminsi myinshi.
Mu isi twese turahakunda ariko igihe kinini tuhamara ni imyaka 80 ubundi tukajya iwacu h’ iteka ariko biterwa n’aho umuntu aba yarateguye akiri mu isi, mu ijuru(Kanani) no mu muriro ariho bise (Egiputa). (...) -
Ukwiye gushima ni ufite igikombe cy’ Agakiza. Mwalimu Edissa
8 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaUKWIYE GUSHIMA NI UFITE IGIKOMBE CY’AGAKIZA
Zab.116:12-14, Ibyiza Uwiteka yangiriye byose, Ndabimwitura iki ? Nzakira igikombe cy’agakiza, Nambaze izina ry’Uwiteka. Nzahigura Uwiteka umuhigo wanjye, Ni koko nzawumuhigurira mu maso y’ubwoko bwe bwose.
Utarakiriye igikombe cy’agakiza nawe yahiga ariko ikibazo cyaba uguhigura. Twese dukunda guhiga iyo turi mu ntambara bishyushye, ariko igihe cyo guhigura kenshi kiragorana kuko kiba ari igihe cy’amahoro. Dawidi yibaza icyo yakwitura Imana (...) -
Ijambo ry’ Umunsi
26 May 2013, by UbwanditsiNuko ntimukiganyire mugira ngo tuzarya iki? Cyangwa ngo tuzanywa iki? Cyangwa ngo tuzambara iki? kuko ibyo byose abapagani babishaka, kandi So wo mu ijuru azi ko mubikwiriye byose. Ahubwo mubanze mushake ubwami bw’ Imana no gukiranuka kwayo, ni bwo ibyo byose muzabyongerwa. Matayo 6:31-33
0 | ... | 1230 | 1240 | 1250 | 1260 | 1270 | 1280 | 1290 | 1300 | 1310 | ... | 3150