GUKANGUKA MU BURYO BW’UMWUKA (LE REVEIL SPIRITUEL) (Igice cya mbere)
Bavandimwe, nshuti z’Imana, mu rwego rwo kuganira ijambo ry’Imana no guhugurana kuri uru rubuga ; Imana yashyize ku mutima wanjye ijambo ryayo rijyanye no « Gukanguka mu buryo bw’Umwuka ari byo bita mu Gifaransa « Réveil spirituel » mu Cyongereza ho bakavuga ngo ni « Spiritual revival ». Ariko rero kugira ngo tubashe kumva neza icyo « Gukanguka mu buryo bw’Umwuka » ari cyo ; turi buze kwifashisha igitabo cya Nehemiya igice cya (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Ibimenyetso biranga umukristo usinziriye cyangwa wasubiye inyuma. Ev. Osee
10 July 2015, by Pastor Desire Habyarimana -
Uganda : Umugabo akurikiranyweho kwiba bibiriya 50 muri rumwe mu nsengero z’I Kampala
26 August 2013, by UbwanditsiUmugabo witwa Albert Musinguzi ari mu maboko ya polisi ya Uganda azira kwiba bibiriya 50 mu rusengero ruri ahitwa Nakulabye hafi y’umurwa mukuru Kampala.
Uyu mugabo ngo yakunze kwitabira amasengesho yo muri uru rusengero kenshi yaba aya kumanywa na nijoro ariko agambiriye kwiba nk’uko bitangazwa n’umwe mu bayobozi ba station ya polisi ya Nakulabye.
Musinguzi akaba yarafashwe kuri uyu wa Kane ubwo yasanganwaga bibiriya 50 yari yakuye muri uru rusengero.
Uyu akaba yaremeye ko yibaga izi (...) -
Inzira z’Imana ziratangaje!
24 May 2013, by Simeon NgezahayoNtarakira Kristo nari narazimiye, kandi nari umutwaro ku babyeyi banjye. Yesu yankozeho ahindura ubuzima bwanjye, akoresheje Pasiteri witwa Mark Buntain. Yagerageje kunganiriza ku nkuru za Yesu kenshi, ariko ngenda munanira. Sinavuga ko ndi mwiza ariko Yesu amfatisha ukuboko kwe. Uko ngenda ndushaho kumumenya, ni ko ngenda nkura mu mwuka no mu kwizera. Iki ni kimwe mu byo nanyuzemo hamwe na Kristo.
Ni ubwa mbere nari ngiye New York (hashize nk’imyaka 30), kandi nari nkiri umwana mu gakiza. (...) -
Inkuru nziza kuri wowe, Rulea Sanga
2 April 2013, by Simeon NgezahayoIzina rya Yesu:
Ni umunezero wanjye
Ni ubuzima bwanjye
Ni izina ryiza ku bantu bose
Rinezeza uryumva
Kurivuga bizana amahoro
Uryizeye rimukorera ibitangaza
Ni izina ryanzwe n’abantu, ariko twebwe riduha icyubahiro
Izina rya Yesu rikiza abarwayi
Izina rya Yesu ni igizubizo ku bakene
Izina rya Yesu ni ibyiringiro bishya ku ntabwa
Izina rya Yesu ryanzwe n’abahanga
Izina rya Yesu ku baririmbyi
Izina rya Yesu ku mfubyi
Izina rya Yesu ni ubuzima bwacu
Izina rya Yesu ni iry’igiciro (...) -
Vana amaso ku bitagenda, utumbire Yesu
8 September 2015, by Innocent KubwimanaIyo umuntu yanduje imyambaro yawe, inzu cyangwa se imodoka yawe ntabwo bigushimisha, ahuwo birakubabaza. Nk’uko ubigenza niko ukwiye no kwirinda abanduza ubuzima bwawe baguca intege igihe cyose, bakwereka ko ibintu bitazashoboka, ntacyo uzageraho.
Si bibi kuba umuntu yakubwira aho unanirirwa ariko agamije kukwereka icyo wakora, ariko hari ubwo ubana n’umuntu iteka agahora akwereka ibyakunaniye, ibyananiye abo mufite icyo mupfana, abo mungana, mbese icyo utekereje cyose akakwereka ko ntaho (...) -
Igitaramo cyo kuramya no guhimbaza Imana kuri ADEPR Shell
26 November 2013, by UbwanditsiKuramya no guhimbaza bimaze gufata indi ntera munsengero za ADEPR hano mu Rwanda, aho amatsinda yo kuramya no guhimbaza muri Paruwasi ya ADEPR Shell kuri iki cyumweru zizaba ziri mugikorwa cyo guhimbaza Imana.
Aganira n’itangazamakuru, umuyobozi uhagarariye amatsinda yo kuramya no guhimbaza muri ADEPR Shell, INGABIRE Joselyne , yatangaje ko iki gikorwa cyo gusabana n’Imana, giteganijwe kuri iki cyumweru tariki ya 01/12/2013 guhera saa munani kugeza saa moya kuri ADEPR SHELL.
Umwigisha muri (...) -
Abanzi ba Kristo bamusebya ko ngo yaba yari afite umugore
21 September 2012, by Simeon NgezahayoUmwanditsi w’urubuga cnn.com Eric Marrapodi aherutse gushyira ahagaragara inyandiko y’abiyitirira Kristo bo mu gihugu cya Misiri (kizwi cyane ku izina rya Egiputa), aho bagaragaza ko Yesu ngo yaba yari afite umugore. Ibi babigaragaje bashingiye ku nyandiko bavuga ko ari iza kera, zanditse mu rurimi rw’Igikobute (soma Copt) rukoreshwa n’Abakristo bo muri icyo gihugu, aho bavuga ko Yesu yagiye akoresha amagambo nk’aya ngo, “Umugore wanjye…” Bimaze gushyirwa ahagaragara byateye impaka nyinshi, ku (...)
-
WASHINGTON: Icyumweru cyahariwe kwibuka Martin Luther King, Jr.
27 August 2013, by Simeon NgezahayoMuri Kanama 1963, abantu bagera kuri 250,000 baturutse mu mihanda yose y’Amerika bishyize hamwe i Washington, bakora urugendo rwo kwamagana ivanguramoko ryakorerwaga abirabura bo muri Amerika, bayobowe na Dr martin Luther King, Jr. wanashinze amatorero y’Abaporotesitanti (Protestants).
Uru rugendo rwagizwemo uruhare n’abantu nka Eleanor Holmes Norton, ubu akaba ari umwe mu bagize congré (congress) y’Amerika, mu w’19863 akaba yarakoraga muri New York City ahamagarira abantu kwitabira urwo (...) -
Saba Yesu akwereke iburyo bw’ubwato bwawe
3 September 2015, by Innocent KubwimanaArababwira ati ‘’ Nimujugunye urushundura iburyo bw’ubwato, murafata.’’ Nuko bararujugunya ntibaba bakibasha kurukurura, kuko ifi zari nyinshi. Yohana 21:6
Iki ni igihe Yesu yongera kwiyereka abigishwa be ku Nyanja ya Tiberiya. Bibiliya ivuga ko bari bamaze gukesha ijoro ryose baroba babuze ifi, ntacyo bafashe. Icyakora bagize amahirwe umuseke umaze gutambika Yesu ahagarara ku kibaya cy’i Nyanja nubwo abigishwa batahise bamenya ko ari we.
Yesu ababaza niba bafite icyo kurya baramuhakanira. (...) -
Imana ikubumbe uko ishaka Pastor Claude
29 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaYeremiya 18:1-6 ...3.Nuko ndamanuka njya mu nzu y’umubumbyi, ndebye mbona arakorera umurimo we ku ruziga. 4.Nuko ikibindi yabumbaga mu ibumba gihombera mu ntoki z’umubumbyi, maze aribumbisha ikindi kibindi kimeze uko ashaka. 5.Maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho riti 6. “Yemwe ab’inzu ya Isirayeli mwe, mbese sinabasha kubagenza nk’uyu mubumbyi? Ni ko Uwiteka abaza. Dore uko ibumba rimeze mu ntoki z’umubumbyi, ni ko namwe mumeze mu ntoki zanjye, mwa ab’inzu ya Isirayeli mwe.
Luka 22:31-32 Kandi (...)
0 | ... | 1210 | 1220 | 1230 | 1240 | 1250 | 1260 | 1270 | 1280 | 1290 | ... | 3150