Nyuma yaho, Umwami yatweretse umuntu wishe abantu 6. Abo bantu batandatu bari bamuzengutse bamubwira bati: “ni amakosa yawe kuba turi hano. Ni amakosa yawe! » Uwo mwicanyi akajya agerageza gufunga amatwi kuko atashakaga kubumva ariko ntabibashe kuko i kuzimu « sens » zirakora cyane kuruta kw’isi.
Imyuka y’aho hantu yarembejwe cyane n’inyota itabasha kwihanganirwa. Kandi nta wabasha guhaza iyo nyota. Iyo myuka iba ireba hagati mu birimi by’umuriro ibijya kuba nk’inzuzi z’amazi noneho bagerageza (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Batemberejwe i kuzimu– 7 bo mu rubyiruko rwa Colombiya (igice cya 4)
16 March 2014, by Kiyange Adda-Darlene -
Kicukiro: Concert ya Bobo Bonfils ku bufatanye na UMG yashojwe kuri iki Cyumweru, umuntu 1 yakira Kristo
30 September 2013, by Simeon NgezahayoKuri uyu wa 29 Nzeli, ku bufatanye n’itsinda URUGERO MEDIA GROUP rimaze kumenyekana hano mu Rwanda mu bijyanye n’itegurwa ry’ibitaramo, umuhanzi BOBO BONFILS yakoze concert ku itorero GROLY TO GOD TEMPLE riherereye Kicukiro-Centre.
Bobo Bonfils
Muri iyi concert yari iyobowe na MC TONTO LAMJANE, hatangiwemo ubutumwa bunyuranye haba mu ndirimbo ndetse no mu ijambo ry’Imana. Mu bahanzi bafatanije na Bobo gutaramira abakunzi be ni Dominic Nic, Serge (...) -
Concert ya Alexis Dusabe yari itegerejwe n’abantu benshi iratangiye
30 June 2013, by Simeon NgezahayoNk’uko mwagiye mubikurikirana mu bitangazamakuru bitandukanye, kuri iki cyumweru hari hateganyijwe konseri y’umuhanzi Alexis Dusabe. Ubu rero ni bwo igiye gutangira, mu gihe yari iteganijwe saa kumi n’imwe z’umugoroba. Ibi byatewe n’uko salle ya SERENA Hotel Alexis Dusabe yagombaga gukoreramo iyi concert yari irimo kuberamo ikiganiro cy’Imbuto Foundation kitabashije kurangira ku masaha yari ateganijwe. Ikigaragara ni uko n’ubwo abantu bamaze umwanya munini hanze bategereje umuhanzi bakunda ngo (...)
-
Nyabihu: Abadiyakoni 11 bahawe inshingano, abantu 4 bakira Yesu Kristo nk’Umwami n’Umukiza
15 July 2013, by Simeon NgezahayoKuri iki cyumweru ku mudugudu wa Karago, Paruwasi Karago mu Itorero ry’Akarere ka ADEPR Nyabihu habaye igikorwa cyo kongera abakozi mu murimo w’Imana. hasengewe abadiyakoni 11, barimo abagore 5 n’abagabo 6. Iki gikorwa cyari kiyobowe n’umushumba w’iyo Paruwasi Pasteur Emmanuel HAKIZUWERA.
Umubwirizabutumwa w’umunsi Muyenzi S. Charles uturuka mu itorero rya Rukiri ho mu karere ka Gasabo yabwirije abari bateraniye aho ijambo rifite umutwe uvuga ngo “Umumaro wo kumenya Yesu neza.” Mu bice byasomwe (...) -
Chorale Gilgal yataramiye abatuye umurenge wa Gahanga
23 December 2013, by UbwanditsiKuri iki Cyumweru taliki ya 22/12/2013, mu murenge wa Gahanga mu Itorero ry’ADEPR Gatare habereye igiterane cya Chorale Gilgal ikorera umurimo w’ Imana muri CEP-KIST/KHI.
Saa moya n’igice za mu gitondo Chorale yari ihasesekaye ku rusengero, isanga Abakristo n’abaturage bo muri uyu murenge bayitegerezanije urugwiro. Iteraniro ryahise ritangira saa mbili zuzuye. Indirimbo zinogeye amatwi n’imitima iyi Chorale Gilgal yagejeje ku bari bateraniye aho zafashije iteraniro cyane. Hakurikiraho (...) -
Bahati Alphonse arasaba abakunzi be kumuba hafi mu marushanwa ya Groove Awards 2013
23 September 2013, by UbwanditsiBahati Alphonse arasaba abakunzi b’ibihangano bye kumutora no gukomeza gushishikariza abandi kumuha amahirwe mu marushanwa ya Groove Awards ahatanirwa n’abahanzi bahize abandi mu ndirimbo zihimbaza Imana buri mwaka.
Ibihembo bya Groove Awards byari bisanzwe bimenyerewe kubera ku rwego rwa Afurika y’uburasirazuba muri Kenya, kuri iyi nshuro birimo kubera ku rwego rw’igihugu cy’u Rwanda. Abahanzi batandukanye barimo na Bahati Alphonse wamenyekanye cyane mu ndirimbo Urupfu nari gupfa na (...) -
Ku rusengero rwa Rwanda for Jesus hateguwe igiterane ngarukamwaka bise “Perfecting Your Call”
15 August 2013, by Patrick KanyamibwaNkuko twabitangarijwe na Gasana Jacques kuva tariki ya 18 kugeza ku cyumweru tariki ya 25/08/2013, ku rusengero rwa Rwanda for Jesus Church hateguwe igiterane ngarukamwaka bise “Perfecting Your Call” cyateguwe na Potter’s Hand Ministries.
Iki giterane cyizamara icyumweru cyose kizajya gitangira buri saa kumi n’imwe n’igice kugeza saa moya n’igice, ariko kuwa gatandatu kizaba mu gitondo kuva saa tatu gikomeze nimugoroba kuva saa munani, cyikazajya kibera kuri Rainbow Hotel iri Kicukiro mu mugi wa (...) -
Imirongo 10 yo muri Bibiliya wasoma mu gihe ufite agahinda ugasubuzwamo intege
30 July 2015, by Pastor Desire HabyarimanaKu bantu benshi, hari ibihe bigora kwihanganira, ugasanga umubiri ndetse no mu buryo bw’ umwuka umuntu yacitse intege. Ibihe byo gupfusha, uburwayi, ubukene , inzira; ni bimwe mu bihe bigora abantu kubyakira, ugasanga habayeho kwiheba, kwiganyira ndetse n’agahinda gakabije.
Mu gihe uhuye na kimwe muri ibyo bibazo cyangwa ikindi kintu cyashaka kukwihebesha, bibiliya ifite amagambo meza yaguhumuriza ndetse akagusubizamo imbaraga. Ni amagambo yongera kubwibutsa ko Imana iriho, igukunda kandi (...) -
Amahitamo y’umukristo mu gihe cy’irambagiza/irambagizwa niyo ntego y’igiterane cy’urubyiruko kibera kuri Paruwasi ya ADEPR-Nyarugunga
14 November 2015, by Innocent KubwimanaADEPR-Paruwasi ya Nyarugungu ibarizwa mu itorero ry’Akarere ka Kicukiro ryateguriye urubyiruko rubarizwa muri iyo Paruwasi ndetse n’abandi babyifuza igiterane gifite intego yo kubasangiza amahitamo y’umukristo mu gihe cy’irambagiza cyangwa se mu irambagizwa.
Bifashishije ijambo ry’Imana riboneka mu gitabo cy’Imigani 3:6 rigira riti ‘’Uhore umwemera mu migendere yawe yose, na we azajya akuyobora inzira unyuramo’’, urubyiruko ruzitabira iki giterane ruzahabwa impuguro zitandukanye ku buryo rwakwitwara (...) -
Ibanga ryo gushyirwa hejuru n’Imana - Ray Hollenbach
9 October 2013, by Simeon NgezahayoMbese ububi bw’umwana w’umuntu bugira umupaka? Tekereza nk’umuntu w’umupfumu, ubwira abantu ibizaba…! Tekereza iyo arimo gutamba igitambo cy’umuntu, atwika abana be ngo babe igitambo cyoswa. Uwamuha ububasha n’ubutware mu gihugu hose, kugira ngo adakora ibyo gusa ahubwo atoze n’abandi kubikora. Noneho niba ufite umwanya mu bitekerezo byawe, tekereza uyu muntu aramutse ahuye n’urukundo rw’Imana.
Ni iki gikora ku mutima w’Imana? Mu gitabo cy’ibyo ku ngoma dusangamo inkuru z’umuyobozi wari mubi, ariko (...)
0 | ... | 1380 | 1390 | 1400 | 1410 | 1420 | 1430 | 1440 | 1450 | 1460 | ... | 3150