Yesu ajya kuva mu isi arangije umurimo wo gucungura umuntu, yavuze ko azabana natwe kugera ku iherezo nubwo atari bukomeze kubana n’abantu imbonankubone. Mbibutse ko iyo atagenda yari gukomeza kubonwa n’abo bari kumwe gusa.
Ariko we ubwe yavuze ko byari byiza ko agenda ngo tubone umufasha ari we Mwuka wera ugomba kudutsindagiza muri uru rugendo rugana mu ijuru, akatuyobora mu kuri kose Data wo mu ijuru ashaka.
Imana rero ishaka ko umuriro w’Umwuka wera wuzura muri twe kugira ngo tubashe kuba (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Dukeneye umuriro w’Umwuka wera ngo tubashe guhangana n’isi ya none
17 July 2015, by Innocent Kubwimana -
Ruhukira mu mahoro
28 November 2015, by Alice Rugerindinda“ Numva ijwi rivugira mu ijuru rimbwira riti: “ Andika uti: “ Uhereye none , hahirwa abapfa bapfira mu Mwami wacu.” Umwuka nawe aravuga ati” Yee, ngo baruhuke imihati yabo, kuko imirimo yabo ijyanye naboibakurikiye.” Ibyahishuwe 14:13
Muri Bibiliya ijambo ry’Imana haranditse ngo: Nuko numva ijwi ry’uvugira mu ijuru arambwira ati : “ Andika ngo : Kuva ubu hahirwa abapfa bakinambye kuri Nyagasani. Ibyo ni koko. Ninako Mwuka w’Imana abivuze ati : Abo bazaruhuka imvune z’imirimo yabo , kuko (...) -
Umuhanzi Bizimana Patient nyuma y’igitaramo cye yakoze impanuka
1 October 2012, by Patrick KanyamibwaUmuhanzi Bizimana Patient yakoze impanuka ikomeye ubwo bamugongaga n’imodoka, saa yine z’ijoro atashye i Gikondo, nyuma y’igitaramo cye cyagaragayemo n’abandi bahanzi bagenzi be ku Cyumweru.
Iki gitaramo cy’uyu muhanzi cyari cyabereye muri Hotel Sport View i Remera kuri icyi Cyumweru tariki ya 30 Nzeri 2012, aho cyari cyatangiye saa kumi z’umugoroba.
Ubwo Bizimana Patient yari atashye, bageze i Gikondo Nyenyeri, bahagaze agiye gusohoka mu modoka, indi modoka yaje igonga iyo yari arimo, ku (...) -
Sobanukirwa n’impamvu Malariya yibasira abagore batwite cyane
25 June 2012, by UbwanditsiMalariya ni imwe mu ndwara zandura yibasira uturemangingo tw’umutuku tuba mu maraso (red blood cells). Abataramenya iyi ndwara ntibavuga rumwe ku kiyitera kuko benshi bibeshya ko yandurira mu kurya ibisheke, kunyagirwa, kunywa imisururu idahiye n’ibindi bayitirira ndetse bamwe ntibanatinye kubeshya ko ari amarozi. Nyamara iyi ndwara ikwirakwizwa mu bantu n’umubu w’ingore ariko by’umwihariko imibu y’ingore yitwa A. gambiae ndetse n’uwitwa A. funestus ikaba ariyo iri ku isonga mu gukwirakwiza (...)
-
Ihumure ku basenga – Emily
28 June 2013, by Simeon NgezahayoNjya numva abantu benshi, cyane cyane abakiri bato, iyo bibaye ngombwa ko batanga ubuhamya bwabo baravuga bati "Nakijijwe mfite imyaka 5. Mu by’ukuri nari umunyabyaha, ariko nta kibi nigeze nkora. Ubuhamya bwanjye ntawe bwafasha." Tuvugishije ukuri, ubuhamya ntibukwiriye kubamo kurushanwa hagati y’abanyuze mu buzima bubi kurusha abandi. Uwo si wo mumaro w’ubuhamya.
Gutanga ubuhamya icyo bimaze, ni uko uba urimo kubwira abantu uburyo wabaye Umukristo. Mbere yo kuba Umukristo, si ngombwa ngo (...) -
Amabanga ahindura umuntu kuba uwo kwifuzwa (Igice cya 5) Pastor Kazura Jules
12 January 2014, by UbwanditsiAmabanga ahindura umuntu kuba uwo kwifuzwa (Secrets that transform you to become a social man)
Iyi ni inyigisho yagatanu aho twigabimwe mu bidutera kubura inshuti kandi bidakwiye, kuko twaremewe kubana n’abandi mu mahoro. Mu nyigisho zishize twari twarebye enye mu mpamvu zitera umuntu kuba atakwifuzwa, bigatuma abantu bamuhunga.
Iyambere yari Gushaka Iteka kuba uw’imbere “KWIBONEKEZA”, iyakabiri yari “SIMVUGURUZWA” UKUDAKURWA KU IJAMBO, (Self-will), iyagatatu yari NDIHAGIJE (Self-sufficient), (...) -
Umuragwa ni muntu ki ?
25 March 2016, by Pastor Desire Habyarimana“Umuragwa iyo akiri umwana ntagira icyo atandukaniraho n’imbata n’ubwo yaba ari nyir’ibintu ategekwa n’abamurera n’ibisonga kugeza igihe cyategetswe na se…Nicyo gituma utakiri imbata ahubwo uri Umwana , umuragwa ubihawe n’Imana” (Abagaratiya 4:1-7)
Uragwa avuka ari we ariko ntiyategeka cyangwa ngo ahabwe ibyasezeranijwe, agomba kubanza kurerwa akigishwa uko azabitegeka . Ese atorezwa iki ? Ibyo azategeka ni ibihe ?
Natwe dufite ibyasezeranijwe :
Kuzura umwuka Wera : Ubwo Intumwa zuzuraga zabwiye (...) -
Ubukene buhurirahe n’icyaha? (Igice cya 2) Pastor Desire
24 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaInkomoko y’ubukene:
1. Nk’uko twabibonye haruguru ubukene bukomoka kucyaha kuva kuri Adamu. Mu bintu bizana ubukene harimo ibyaha cyane cyane 2 bikomeye ubupfumu no gusenga ibigirwamana, kandi mwibuke ko basogokuru baraterekeraga kandi bagatunga abagore benshi,tumenyeko iyo famille (umuryango) yinjiyemo ubusambanyi ubukene buba buje.
2. Ubukene bukomoka kubunebwe
Murabiziko isi yubakiye ku amahame (principes) kandi izo ntacyo wakora ngo uzihindure. Urugero: Bibiliya ivugako ukora azakira (...) -
Uri mu bo mu kivunge cyangwa umwigishwa wa Kristo ? - Gael Eba-Gatse
28 June 2016, by Isabelle Gahongayire"Igishishakaza Imana ni ukugira abigishwa, aho kugira abantu benshi bakora ibyo bashaka, ariko bagakunda ibitangaza by’Imana."
“Abantu benshi bajyanaga na we, arahindukira arababwira ati: Umuntu uza aho ndi ntiyange se na nyina, n’umugore we n’abana be, na bene se na bashika be ndetse n’ubugingo bwe, uwo ntashobora kuba umwigishwa wanjye. Utikorera umusaraba we ngo ankurikire, ntashobora kuba umwigishwa wanjye.” Luka 14 : 25-27
Igihe Yesu yari mu isi yari afite imbaga y’abantu benshi (...) -
Kenya: Abapasitor babiri barashweho ibisasu n’abagizi ba nabi bataramenyekana
9 February 2013, by UbwanditsiKuri uyu wa kane, nibwo abapasiteri babiri bari mu mujyi wa Garissa ho muri Kenya, barashweho ibisasu byaje kuviramo Pasiteri Abdi Welli guhita yitaba Imana naho mugenzi we Pastor Ibrahim Makunyi uyobora itorero ry’abapantekonte mu karere k’Afrika y’Iburasirazuba (East Africa Pentecostal Church) we akaba yajyanywe mu bitaro ari indembe.
Nk’uko tubikesha ikinyamakuru Open Doors kivugako ako gace ka Garissa kazwiho ibikorwa by’urugomo ndengakamere aho muri Kenya. Ikindi kandi n’uko umutwe (...)
0 | ... | 1430 | 1440 | 1450 | 1460 | 1470 | 1480 | 1490 | 1500 | 1510 | ... | 3150