Amabanga ahindura umuntu kuba uwo kwifuzwa (Secrets that transform you to become a social man)
Iyi ni inyigisho yagatanu aho twigabimwe mu bidutera kubura inshuti kandi bidakwiye, kuko twaremewe kubana n’abandi mu mahoro. Mu nyigisho zishize twari twarebye enye mu mpamvu zitera umuntu kuba atakwifuzwa, bigatuma abantu bamuhunga.
Iyambere yari Gushaka Iteka kuba uw’imbere “KWIBONEKEZA”, iyakabiri yari “SIMVUGURUZWA” UKUDAKURWA KU IJAMBO, (Self-will), iyagatatu yari NDIHAGIJE (Self-sufficient), (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Amabanga ahindura umuntu kuba uwo kwifuzwa (Igice cya 5) Pastor Kazura Jules
12 January 2014, by Ubwanditsi -
Umuragwa ni muntu ki ?
25 March 2016, by Pastor Desire Habyarimana“Umuragwa iyo akiri umwana ntagira icyo atandukaniraho n’imbata n’ubwo yaba ari nyir’ibintu ategekwa n’abamurera n’ibisonga kugeza igihe cyategetswe na se…Nicyo gituma utakiri imbata ahubwo uri Umwana , umuragwa ubihawe n’Imana” (Abagaratiya 4:1-7)
Uragwa avuka ari we ariko ntiyategeka cyangwa ngo ahabwe ibyasezeranijwe, agomba kubanza kurerwa akigishwa uko azabitegeka . Ese atorezwa iki ? Ibyo azategeka ni ibihe ?
Natwe dufite ibyasezeranijwe :
Kuzura umwuka Wera : Ubwo Intumwa zuzuraga zabwiye (...) -
Ubukene buhurirahe n’icyaha? (Igice cya 2) Pastor Desire
24 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaInkomoko y’ubukene:
1. Nk’uko twabibonye haruguru ubukene bukomoka kucyaha kuva kuri Adamu. Mu bintu bizana ubukene harimo ibyaha cyane cyane 2 bikomeye ubupfumu no gusenga ibigirwamana, kandi mwibuke ko basogokuru baraterekeraga kandi bagatunga abagore benshi,tumenyeko iyo famille (umuryango) yinjiyemo ubusambanyi ubukene buba buje.
2. Ubukene bukomoka kubunebwe
Murabiziko isi yubakiye ku amahame (principes) kandi izo ntacyo wakora ngo uzihindure. Urugero: Bibiliya ivugako ukora azakira (...) -
Uri mu bo mu kivunge cyangwa umwigishwa wa Kristo ? - Gael Eba-Gatse
28 June 2016, by Isabelle Gahongayire"Igishishakaza Imana ni ukugira abigishwa, aho kugira abantu benshi bakora ibyo bashaka, ariko bagakunda ibitangaza by’Imana."
“Abantu benshi bajyanaga na we, arahindukira arababwira ati: Umuntu uza aho ndi ntiyange se na nyina, n’umugore we n’abana be, na bene se na bashika be ndetse n’ubugingo bwe, uwo ntashobora kuba umwigishwa wanjye. Utikorera umusaraba we ngo ankurikire, ntashobora kuba umwigishwa wanjye.” Luka 14 : 25-27
Igihe Yesu yari mu isi yari afite imbaga y’abantu benshi (...) -
Kenya: Abapasitor babiri barashweho ibisasu n’abagizi ba nabi bataramenyekana
9 February 2013, by UbwanditsiKuri uyu wa kane, nibwo abapasiteri babiri bari mu mujyi wa Garissa ho muri Kenya, barashweho ibisasu byaje kuviramo Pasiteri Abdi Welli guhita yitaba Imana naho mugenzi we Pastor Ibrahim Makunyi uyobora itorero ry’abapantekonte mu karere k’Afrika y’Iburasirazuba (East Africa Pentecostal Church) we akaba yajyanywe mu bitaro ari indembe.
Nk’uko tubikesha ikinyamakuru Open Doors kivugako ako gace ka Garissa kazwiho ibikorwa by’urugomo ndengakamere aho muri Kenya. Ikindi kandi n’uko umutwe (...) -
Dore bimwe mu bibazo bikunda kuvuka nyuma yo kunguka umwana mu muryango
3 December 2012, by UbwanditsiBiragoye cyane kuba umuryango wabona umwana ngo ubure kubona impinduka mu mubano hagati y’abashakanye ni yo mpamvu ari byiza kandi ari ingenzi cyane ko buri umwe yitondera kandi akitegurana ingamba zifatika ivuka ry’umwana kuko nihatabaho kwitegura, uyu mwana ashobora kuvuka bamwishimiye ariko akaba ikibazo mu mubano w’abashakanye.
Urubuga enfant.com ruratubwira ko n’ubwo kunguka umwana ari ibyishimo mu muryango ariko hari na bimwe bihinduka ibibazo :
- Inshingano ziyongereye ku bashakanye (...) -
Waba uzi ibitangaza bitanu biruta ibindi byose ?
17 November 2015, by Pastor Desire HabyarimanaAbantu benshi, cyane cyane mu Matorero y’Ubutumwa Bwiza, yizera Yesu (Evangelical churches), bifuza kubona ibitangaza by’Imana, kandi koko birakenewe (Abaheburayo 2: 4). Ariko nifuje ko tuganira ku bitangaza bitanu biruta ibindi byose, ngo bitume ubishaka kurushaho.
KUREMWA N’IMANA MW’ISHUSHO YAYO
Iki ni igitangaza kibimburira ibindi byose, kuko Ibyanditswe Byera bitubwira ko Imana yaremye umuntu mw’ishusho yayo (Itangiriro 1: 26-27). Kandi wibuke ko Imana yakuremye kubera ubushake bwayo (...) -
Twasenga Imana dute ?
15 July 2013, by UbwanditsiMwaturire Uwiteka yuko izina rye rifite icyubahiro, muze imbere ye muzanye amaturo musengane Uwiteka ubwiza bwo kwera ( 1 Ngoma16 :29)
Aya ni amagambo Dawidi yabwiye Asafu n’abe ari kubategeka uko bazajya basenga ndetse baramya Imana ya Isirayeli. Ati "Mumwaturire ko afite icyubahiro." Iyo usomye muri icyo gice, ubona abitwa ba Asafu na ba Obededomu bari bafite ibyuma by’amajwi arenga, birirwaga bacuranga bahimbaza Imana.
Mu masengesho yacu icya mbere hakwiye kubamo guhimbaza no kuramya (...) -
Ubwo dukorana na Yesu ntiduherwe ubuntu bw’Imana kubupfusha ubusa
23 July 2015, by Innocent KubwimanaAbaheburayo 12:1 "ubwo tugoswe n’igicucu cy’abo bahamya bangana batyo twiyambure ibituremerera byose n’icyaha kibasha kutwizingiraho vuba kugirango dusiganirwe aho dutegekwa"
Yohana 10: 11- 16..Yesu niwe mwungeri mwiza amenya intama ze akazipfira kandi izo ntama nazo zimenya umwungeri wazo. Ariko umwungeri ukorera ibihembo ntiyita ku ntama ze niyo haje ibikomeye arazita agahunga.
2 Abakorinto 11: 13...Bene abo ni intumwa z’ibinyoma ni abakozi bariganya bigira intumwa za Kristo.
2 Abakorinto (...) -
IKITURIMO KIRUTA IKITURIHO Ev Maombe Theogene
5 July 2016, by webmasterIbyakozwe n’intumwa28:5 Ariko akunkumurira icyo gikururuka mu muriro ntiyagira icyo aba.
Bene data bakundwa,nshuti z’umusaraba dufatanije urugendo n’imibabaro ibonerwa muri Kristo Yesu,dutegereje kdi guhishurwa k’umwana w’umuntu ubwo azagaruka afite ishusho y’ubwiza bwe, dufatanye gushima no kwibuka ko ikiturimo kiruta ikituriho cyangwa se ikiturimo ntigifatwa,kiruta cyane, kirakomeye, kirahambaye, nticyagereranywa n’ikintu icyari cyo cyose.
Pawulo yandikira Abefeso yarabasabiye ngo Imana (...)
0 | ... | 1440 | 1450 | 1460 | 1470 | 1480 | 1490 | 1500 | 1510 | 1520 | ... | 3150