Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda (BSR) watanze amahugurwa ku iyogezabutumwa ry’ijambo ry’Imana ku banyeshuri bagera kuri 80, biga mw’Ishuri Rikuri ry’Amabanyi (SFB) hamwe n’abanyashuri biga mu Ishuri Rikuru ry’Ikoranabuhanga rya Kigali ( KIST).
Mu kiganiro abanyamakuru bagiranye n’Umuyobozi ushinzwe itumanaho n’ikwirakwiza Bibiliya mu muryango wa Bibiliya mu Rwanda Pastor Gasare Michel, yavuze ko mu ntego z’umuryango wa Bibiliya mu Rwanda harimo guhindura ibyanditswe biziranenge mu rurimi rwa (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Kigali : Abagera kuri 80 bahuguwe kuri Bibiliya
10 September 2012, by Ubwanditsi -
Imana yampaye ubutumwa bureba Abanyarwanda bose (Froduard MINANI Jedidia )
15 October 2013, by UbwanditsiNitwa Minani Frodouard, navutse 1976, mbatirizwa mu gaturika maze amezi ane mvutse. Nakomeje kuba umugaturika, mba umuririmbyi , umusaveri, umukarisimatike n’umukatechiste. Nakomeje nshaka kwiha Imana mu bapadiri baba palotin, nkora imyiherero myinshi ubwo bari bamaze kumpa ibaruwa injyana muri Kenya muri seminari nkuru yabo, ni bwo Imana yantangiriye integeka kuba umupantekote ku ngufu.
Ni mu iyerekwa, ubwo nabobaga Yesu aje ansanga mu kiliziya arantegeka ngo nimukurikire, ndamukurikira (...) -
Itorero ry’ ADEPR ryohereje Misiyoneri wa 1 muri Senegal: Ikiganiro na Pst Jules
22 June 2012, by UbwanditsiIkibazo : Mwatangira mutwibwira Igisubizo : Nitwa KAZURA BAGARAMBA Jules nkaba ndi Umukuru w’Itorero Ikibazo : Mumaze imyaka myinshi mukora umurimo w’ivugabutumwa mu Rwanda, iyamamaza butumwa mu Rwanda mubona rigeze kuruhe rwego ?
Igisubizo : Mu rwanda iyo urebye muri rusange, ubona ko ubutumwa bwiza bwumvishwe na benshi, aha simvuze kwihana, ndavuga kubona uburyo bwo kugezwaho ijambo ry’Imana ; haba mu nsengero ; mu bitaramo ; mu biterane bibera hanze ; ku maradiyo atandukanye ; mu ndirimbo (...) -
Ibyo kwitondera mu gihe umuntu ashaka kurushinga
31 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMbere yo gushyingirwa, ni ngombwa kubanza gutekereza neza no kwitonda mbere yo gutangira uwo mushinga kuko utabyitondeye wazakwicyuza.
Kubw’ izo mpamvu, ugiriwe inama yo kutiyemeza gushaka utarabitekerezaho neza. Timoteyo wa 1, 5:8 haranditse ngo: ”Ariko niba umuntu adatunga abe, cyane cyane abo mu rugo rwe, aba yihakanye ibyizerwa, kandi aba abaye mubi hanyuma y’ utizera”, ni ukuvuga ngo ukoze gutyo arutwa n’ umuntu utarakira agakiza. Umuntu wese uvuga ko akijijwe akaba adatunze umuryango we (...) -
Nihe wavana ubushobozi bwo gukora ibyo Imana iguhamagariye?
15 September 2015, by Pastor Desire HabyarimanaSoma: 2Abami 2,8-14 Yesu yemereye abamwizera ubushobozi agira ati:’‘Icyakora abamwemeye bosebakizera izina rye yabaye ubushobozi bwo kuba abana b’Imana (Yohana 1, 12)’’.kandi unyizera azakora imirimo iruta iyo nakoze (Yohana14,12). Ijambo Ubushobozi, rivuga nanone imbaraga cangwa ububasha.
Amazina yaba bagabo bavugwa muri iyi nkuru ajya gusa ariko ntasobanura kimwe
Eliya : Imana yanjye ni uwiteka. Elisa : Imana yanjye ni agakiza. Ugutandukana kwabo Eliya yagerageje kumubwira gusigara Girugali (...) -
China: Pasiteri Gong Shengliang aratotezwa azira guhamya Yesu Kristo
28 May 2013, by Simeon NgezahayoAmakuru dukesha ‘Morning Star News’ aravuga ko Pasiteri Gong Shengliang ufungiwe mu gihugu cy’Ubushinwa kuva mu w’2001 azira kuyobora itorero rinini ryasengeraga iwe mu rugo avuga ko uyu mugabo yenda kunogoka kuko nyuma yo gukubitwa ibiboko byinshi yaje kuremba bakamwima imiti. Ibi bitangazwa n’umukobwa we. Mu ibaruwa ndende yandikiye Perezida w’igihugu cy’Ubushinwa Xi Jinping igashyirwa no ku mbuga za internet z’ivugabutumwa za ‘China Ministries International’ na ‘China Aid Association’, Gong (...)
-
Moriah irategura amarushanwa y’ama drama team
11 July 2013, by UbwanditsiCompany izwi mu Rwanda, mu karere u Rwanda ruherereyemo no hanze yarwo irategura amarushanwa yiswe “Dance Competition 1st Editon 2013”.
Nk’uko bitangazwa n’umuyobozi wa Moriah Entertainment Group, Eric Mugisha, aya marushanwa agamije guteza imbere amadarama timu (drama team) akorera mu nsengero, ibi bikaba bijyana n’uko zishobora kubona ubushobozi bwo gukora birushijeho mu murimo w’ivugabutumwa.
Nk’uko Eric Mugisha abisobanura ngo aya marushanwa ateganijwe mu kwezi kwa munani cyangwa mu kwezi (...) -
Wari uzi ko ibyiza biri imbere yawe?
11 April 2016, by Umugiraneza EdithBene Data , sinibwira ko maze kugifata, ariko kimwe cyo nibagirwa ibiri inyuma, ngasingira ibiri imbere." Abafilipi 3:13-14
Mu minsi ishize, mu Itorero rya Bordeuax Rive Droite nagiriwe ubuntu bwo kwigisha ku nyigisho. Umukobwa muto witwa Debora Perraud mu iteraniro yandika umuvugo nifuza kubagezaho: Ibyiza biri imbere yawe Wicaye, uratekereza watwawe n’ibitekerezo bikuremereye, urareba inyuma ibyashize. Wareba hasi ukabona intege nke zawe. Urarota, ugasubira mu mateka yawe (...) -
Uhungira he iyo wugarijwe?
4 January 2016, by Alice Rugerindinda“Maze haza abantu babwira Yehoshafati bati “ Haje ingabo nyinshi ziguteye ziturutse I Siriya hakurya y’inyanja, kandi dore bageze I Hasasonitamari ( ari ho Enigedi). Yehoshafati aratinya yihata gushaka Uwiteka, ategeka Abayuda bose kwiyiriza ubusa” 2 Ngoma 20: 2-3 Ku mutwe w’aya magambo haranditse ngo : “Abayuda baterwa n’abamowabu, Yehoshafati afatwa n’ubwoba atakambira Uwiteka”. Mu gihe abandi bami b’abapagani bihutiraga kujya gutambira ibitambo ibigirwamana byabo ngo babisabe intsinzi, we ngo (...)
-
Ese hari ubwo ujya wemera kuyoborwa n’ibishuko?
19 November 2015, by Pastor Desire Habyarimana"Bana bato muri ab ’ IMANA kandi ba bandi mwarabanesheje , kuko uri muri mwe aruta uri mu b’isi! 1yohana 4:4"
Mbese ye, iyo tuvuze ijambo "AMOSHYA "mwumva iki? kenshi mwumva ibikorwa byose bibi cyangwa se ingeso mbi dukwiriye kwirinda, siko biri?Ariko ukuri n’uko umuntu ashobora koshywa no gukora neza bikamugerageza!
Iyaba nagendera ku mabwiriza y’UMWUKA WERA buri munsi wo mu minsi yo kubaho kwanyu wajya ubabera uwakataraboneka !
Ntimuzi ko IMANA na Satani bahora mu ntambara y’urudaca (...)
0 | ... | 1720 | 1730 | 1740 | 1750 | 1760 | 1770 | 1780 | 1790 | 1800 | ... | 3150