Umuhanzi Rugema Emmanuel ubarizwa mu itorero rya ADEPR Muhima mu rugendo rw’ubuhanzi yatangiye kuva cyera dore ko amaze kugeza imizingo ibiri y’indirimbo ze z’amajwi,ubu noneho agiye gushyira hanze indirimbo ze z’amashusho mu gitaramo yateguye kur’iki cyumweru taliki ya 16 Gashtantare 2014 kuva isaa munani z’umugoroba kuri ADEPR Muhima.
Nk’uko Rugema Emmanuel yabidutangarije iki gitaramo cye ubwo azaba amurika Album ya mbere y’amashusho yitwa UZAHORA URI IMANA avuga ko azataramana na (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Umuhanzi Rugema Emmanuel agiye gushyira hanze Album ya mbere y’amashusho”UZAHORA URI IMANA”
12 February 2014, by Ubwanditsi -
Nagaragaza nte ko nkunda Imana ?
16 July 2015, by Innocent KubwimanaUmuntu navuga ati “Nkunda Imana” akanga mwene Se aba ari umunyabinyoma, kuko udakunda mwene Se yabonye atabasha gukunda Imana atabonye.Kandi dufite iri tegeko ryavuye kuri yo, ngo ukunda Imana akunde na mwene Se. 1 Yohana 4 :20-21
Bibiliya itwigisha kugaragariza urukundo dukunda Imana mu bandi bantu, uburyo dufata abandi, tubitangira, tubafasha, tubasengera, n’ibindi byinshi byiza tubakorera.
Bibiliya idusaba gukunda Imana ariko wakwibaza ngo ko itarwara ngo tuzayisura, ikaba ntacyo ikennye (...) -
Women Foundation Ministries yateguye igiterane cy’abari n’abategarugori ku nshuro ya kabiri yise « All women together, Women’s conference 2012”
19 July 2012, by Patrick KanyamibwaWomen Foundation Ministries yateguye ku nshuro ya kabiri igiterane ngarukamwaka cyitwa “All Women together” gihuza abari n’abategarugori benshi baturutse mu ntara zose z’u Rwanda ndetse no mu mahanga. Nk’uko twabitangarijwe n’ubuyobozi bwa Women Foundation Minitries na Noble Family Church, igiterane “All women together” cy’uyu mwaka wa 2012, gifite insanganyamatsiko igira iti: “Kuva mu gutsikamirwa tujya mu butsinzi” aribyo mu magambo y’icyongereza “From Victims to champions”, ibi bikaba (...)
-
Ndimurwango Isaac ahamya ko yabonye ibyo mu ijuru
14 August 2012, by UbwanditsiUbushije twabagejejeho ubuhamya bw’uyu mukozi w’ Imana, aho yavugaga ko yavukanye umutima iburyo ariko akaba atarapfuye nyuma yo kumara imyaka myinshi arwaye umwijima, umutima, impyiko, ibihaha, yarabaye palalise uruhande rwose kuko kenshi yabaga mu rupfu akamara muri koma icyumweru cyangwa kirenga, Yesu yaje kumukiza burundu.
Akaba noneho yadutangarije ko muri ubwo burwayi bwe Imana yigeze kumutembereza ikamwereka ibyo mu ijuru. Mu magambo ye yagize ati: Nabonye abamalaika baje barantwara (...) -
Indi sura y’ikoranabuhanga.
5 November 2012, by Kiyange Adda-DarleneIterambere mw’ikoranabuhanga rirakataje, birafasha kandi birakenewe cyane. Muri minisiteri yacu y’ivugabutumwa nk’abapasitori n’aba misioneri, tugendagenda mw’isi mu bihugu bitandukanye, dushobora gukomeza kuganira n’abacu twasize mu rugo ! « J’aime, j’aime, j’aime... », ku mbuga za internet zitandukanye. Tubifashijwemo na internet”,, mudasobwa, telephone, mushobora gusoma message nohereje aka kanya.
Biranezeza cyane iyo mu gihe umwigisha ari kwigisha asaba abakristu kuzamura Bibiriya zabo, ubona (...) -
Wari uziko kugira Stress ari nko kunywa itabi ry’amasegereti atanu ku munsi ?
3 February 2013, by UbwanditsiIbi byatangajwe nyuma y’ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo cy’ubushakashatsi mu by’ubuzima cya kaminuza ya Colombia muri USA, aho cyatangaje ko kugira stress bishobora kugira ingaruka mbi k’ubuzima zikaba zanarenga 27% zo kuba warwara n’umutima.
Nkuko tubikesha urubuga Topsante muri ubu bushakashatsi buherutse gukorwa, ngo kuba wagira izi ngaruka mbi si ibintu bihambaye kuko iyo unyweye gusa itabi [amasigara atanu ku munsi] bitera kugira stress ukaba wanakurizaho no kugira ibibazo by’umutima. (...) -
Ibyiza bizanwa no kunyuzwa mu mibabaro. (igice cya 1)
8 April 2016, by Kiyange Adda-DarleneI. Imibabaro ya Yobu. Itangiriro 31-41/42 Iyo myaka uko ari 20 nabaga iwawe, nagutendeyeho abakobwa bawe bombi imyaka 14, mara imyaka 6 nkorera umukumbi, wahinduye ibihembo byanjye imyaka 10. Laban yari nyirarume wa Yakobo, musaza wa nyina. Ariko ntiyatinye kubabaza umwishywa we Jacob. Labani yari umuntu wikundaga cyane, yarirebaga ubwe, akareba n’umutungo we yirengagije ko uwo mutungo waturukaga mu mugisha yabonaga kubwa Yakobo yari acumbikiye. Ariko ntiyatinyaga kumubeshya no (...)
-
Humura ibyawe Imana Yo ntiyabirambirwa!
5 February 2014, by Alice Rugerindinda“ Uwo mugore asama inda abyara umuhungu, maze abonye ko ari umwana mwiza, amuhisha amezi atatu. Ananiwe guhora amuhisha, amubohera akato gapfundikiye mu ntamyi, agasiga ibumba n’ubushishi, ashyiramo uwomwana, agashyira mu rufunzo rwo ku nkombe y’uruzi” Kuva 2: 2-3
Uyu mwana ni Mose wo muri Bibiliya. Habayeho igihe, abisiraheri baba mu kaga gakomeye. Icyo gihe umwami wa Egiputa atanga itegeko ryo guhotora abana b’abisirayeri b’abahungu bavuka. Uwo mwami Farawo abonye ibyo bidahagije, ashyiraho (...) -
Nyuma yo kugerwaho na gahunda ya hanga umurimo Techware Solustions Rwanda LTD irashimira Imana inishimira ibikorwa imaze kugeraho ari.
18 October 2012, by VitalKuruyu wa gatanu wo kuwa 12/10/2012 i Remera kuri Alpha Palace Hôtel habereye umuhango wo gutangiza ku mugaragaro gahunda ya Techware Solutions Rwanda LTD yo gukoresha mudasobwa [computer (ordinateur)] imwe ku bantu benshi icyarimwe ndetse no gukangurira abandi kurushaho kuyitabira ngo kuko ifite inyungu nyinshi mu buryo butandukanye haba mu gukoresha amafaranga make ndetse n’umuriro w’amashanyarazi muke.
Ibi rero bikaba bishobotse nyuma yaho gahunda ya hanga umurimo iziye ku ikubitiro iyi (...) -
Navutse ubwa kabiri – Lamar
12 July 2013, by Simeon NgezahayoMu minsi yashize, umugore wanjye yari ajagaraye kandi ari mu rujijo. Jyewe nari nzi gutandukanya icyiza n’ikibi, nzi n’uko ngomba kwitwara. Gusa sinari mfite Imana hafi yanjye buri gihe. Nkiri muto, ababyeyi banjye banyoherezaga gusenga ubudasiba. Icyongeye kuri ibyo, nagombaga kumenya uko nkosora amakosa yanjye ubwanjye. Nahoraga ntaka, nkumva ntazabasha kwikura mu mutego w’ibyo nanyuzemo. Ababyeyi banjye banyitagaho, bakamenyera buri kimwe cyose. Najyaga gusenga gusa, nkasengera aha uyu (...)
0 | ... | 1990 | 2000 | 2010 | 2020 | 2030 | 2040 | 2050 | 2060 | 2070 | ... | 3150