Dusome : 1 Tes 5:18 " Mu bibaho byose muhore mushima, kuko aribyo Imana ibashakaho muri Kristo Yesu.". Ubwo Abraham Lincoln yayoboraga Leta Zunze Ubumwe za America (USA) ahagana mu w’1860 cyari igihe cy’ibibazo igihugu kiri mu ntambara. Abantu benshi bamusangaga babaga baje kumutura ibibazo. Umunsi umukecuru yatse audience, perezida amubonye atangira kumusomamo ibibazo . undi ati: Nyakubahwa nzanywe n’ikintu kimwe no ukugushimira uburyo ufasha abantu kandi (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Sobanukirwa impamvu tugomba gushima muri byose
1 December 2015, by Pastor Desire Habyarimana -
Benshi mu rubyiruko rw’Abakristo basuzugura itegeko rya Bibiliya, bagasambana mbere yo kurushinga!
18 February 2014, by Simeon NgezahayoBenshi mu rubyiruko rw’bakristo basuzugura itegeko rya Bibiliya, bagahitamo kuryamana mbere yo kurushinga. Ibi ntibiri mu Rwanda gusa, ahubwo usanga ari umudayimoni wateye ku isi yose. Mu bushakashatsi buherutse gukorwa n’ikigo ChristianMingle, 61% by’urubyiruko rw’Abakristo bashatse kwiyerekena bavuze yuko bakunda gukora imibonano mpuzabitsina idashingiye ku rukundo (ishingiye ku irari), naho 11% gusa ngo bumva bategereza abo Imana izabahaho abafasha bakaba ari bo bapfundura agaseke.
Mu (...) -
Uhagarariye ubuhe bwami mu isi?
20 August 2015, by Innocent KubwimanaIyo umuntu akijijwe, akakira Yesu nk’umwami n’umukiza w’ubugingo bwe, ntabwo Imana iba imuhamagariye gushyingura ubwo butumwa yakiriye.
Hari indirimbo ivuga ngo ‘’numara kumwemera nk’umukiza wawe, uhamye mu bandi ibyo yagukoreye hanyuma ngo usabe Imana ibahishurire byose, bahabwe ubwo buntu wahawe nawe.’’
Tugomba kugira umwete wo gusangira ubutumwa bwiza n’abakiri mu mwijima wa Satani. Ijambo ry’Imana rivuga ko Imana itanga Yesu yagiraga ngo umuntu wese umwizera atarimbuka, ahubwo ahabwe ubugingo (...) -
Abayoborwa n’Umwuka wera nibo bana b’Imana
28 July 2015, by Innocent Kubwimana‘’Aransubiza ati ijambo ry’Uwiteka atumye kuri Zerubabeli ngiri ati si ku bw’amaboko kandi si kubw’imbaraga. Ahubwo ni kubw’Umwuka wanjye. Niko Uwiteka Nyiringabo avuga. ( Zakariya4:6)
Aya magambo Imana yavuze hejuru agaragaza neza ko muby’Umwuka atari mbaraga z’umubiri zibikoresha umuntu.
Ubaye waragize nk’amahirwe umunsi umwe ukamera nka Elisa agendera mu gicucu cya Eliya, cyangwa se nka Yosuwa agendera mu gicucu cya Mose, ushobora kugera aho utekereza wa muntu nkaho ariwe kitegererezo, aha (...) -
Uko nabatuwe ubucakara bw’ibiyobyabwenge nari ndimo. Ubuhamya bwa Yohana wari warahimbwe Rubundakumazi
16 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaNitwa Yohana, ndubatse, nta kana ngira. Mbere y’uko mpura n’umwami Yesu Kristo, Ubuzima bwanjye bwari bwarahawe izina rya" RUBUNDAKUMAZI ". Ahanini impamvu banyitaga gutyo, ni uko nta kindi natungwaga nacyo uretse Primus, Mutziing, Guiness n’inzoga zindi zikomeye nka WISKY, KANYANGA ariko hakiyongeramo n’ibitabi biyobya ubwenge....
Kunywa ibyo bintu byamfunguriye inzugi zo mu yindi si, igizwe n’ibyiyumviro n’ibitekerezo n’amarangamutima yo mu rwego rwo hejuru yatumye ninjira muri Philosophie zo (...) -
“Natangiye nkubura urusengero, Imana iranzamura mba umuhanzi mpuzamahanga!” Christina Shusho
30 September 2013, by Simeon NgezahayoChsristina Shusho yabanje gukubura urusengero, akabikora abukinze cyane kugeza ubwo yimenyeho impano y’uburirimbyi mu myaka 10 ishize. Iyi mpano yamuzaniye kumenyekana muri Afurika y’Uburasirazuba, ndetse no ku rwego mpuzamahanga.
Christina yavukiye i Kigoma muri Tanzania, avukira mu muryango w’Abakristo, arerwa Gikristo. Ku myaka 15, yakiriye Kristo nk’Umwami n’Umukiza we kugeza magingo aya.
Amashuri ye abanza n’ayisumbuye yayize aho i Kigoma. Yashyingiwe i Dar es Salaam ahagana mu w’1993, (...) -
Umuhanzi w’umwaka Christina Shusho asubiye i Nairobi gutaramira abanyeshuli bo muri Kaminuza ya St. Paul muri ‘Mr & Mr.s St. Paul’s University Gala Night’
24 October 2013, by Simeon NgezahayoChristina Shusho uzwi cyane ku ndirimbo ze nka Unimbuke, Wa kuabudiwa , Mtetezi Wangu , Napenda , Napokea Kwako n’indi aherutse gusohora yise Nataka Nimjue, ubu aritegura gusubira mu mujyi wa Nairobi kubataramira mu ndirimbo zo guhimbaza Imana nyuma y’aho ahaherewe igihembo cy’umuhanzi w’umwaka.
Umurimo w’Imana ni wo ashyize imbere kuva yakiriye Kristo akamwegurira ubuzima bwe. Uyu mugore akora imirimo y’Imana itandukanye mu itorero rye i Dar Es Salaam. Kuri uyu wa 9 Ugushyingo rero, Shusho (...) -
Imana yankijije guhuza ibitsina nabo tubihuje ingarurira ibyishimo.
3 April 2014, by UbwanditsiNdashaka mbere nambere ya byose gushima Imana yankuye mu gahinda, nakuriye mu muryango ntigeze numvikana na Data ndetse n’umuvandimwe wanjye.nakundaga mama wanjye gusa , kuva mu bwana bwanjye nangijwe n’umuganga, birankomeretsa cyane nuko mpitamo inzira yo guhuza ibitsina n’abo tubihuje, nagiranaga imibonano mpuzabitsina n’abakobwa ndetse n’abahungu. Nyuma ya buri busambanyi niciraga urubanza kuko numvaga ndi umunyamakosa ndetse nkigirira isoni, ndetse nkumva ndiyanze.
Nguko uko ninjiye mu (...) -
Yesu araza vuba uriteguye?
30 November 2015, by Pastor Desire HabyarimanaKugaruka kwa Yesu Kristo, Umwana w’Imana wapfuye ku musaraba ku bw’ibyaha by’abari mw’isi bose akazuka, ni inyigisho usanga igenda yibagirana cyane mu Bakiristo, nyamara kugaruka kwe:
Muri Bibliya hari imirongo (versets) 1846 mw’Isezerano rya Kera n’Irishya. Ni kimwe mu byigisho Bibliya igarukaho kuruta ibindi byose; Niryo sezerano riruta ayandi yose Itorero rya Kristo ritegereje (Yohana 14: 1-3) Ni nabyo byiringiro by’Abakristo nyakuri bose (2Timoteyo 4: 8/Tito 2: 11-13) Muri iki cyigisho, (...) -
Korali Itabaza yakoze igiterane cyo kurwanya ibiyobyabwenge
13 August 2013, by Patrick KanyamibwaKorali Itabaza ibarizwa ku mudugudu wa ADEPR Karama kuri paruwasi ya Muganza, yakoze igiterane cy’iminsi ibiri mu rwego rwo kunganira leta muri gahunda yayo ifite yo kurwanya burundu ibiyobyabwenge mu gihugu cyane cyane ihereye mu rubyiruko, icyo giterane cyabaye tariki ya 11 n’iya 12 Kanama muri 2013.
Mayor wa Nyarugenge akaba nawe yarashimiye uru rubyiruko avugako bashigikiye abantu basenga kandi ko bazajya bakomeza kushigira ibikorwa nkibi byo kurwanya ibiyobyabwenge anavuga ububi bwibi (...)
0 | ... | 2020 | 2030 | 2040 | 2050 | 2060 | 2070 | 2080 | 2090 | 2100 | ... | 3150