Matayo14:30 : “Ariko abonye umuyaga ko ari mwinshi aratinya, atangiye kurengerwa arataka ati: Databuja nkiza.”
Bene data, ncuti z’umusaraba dufatanije urugendo rugana I Siyoni, nifuje kubasangiza iri jambo Imana ishyize ku mutima wanjye rivuga “Ibanga cyangwa imbaraga zituruka mu gutumbira Yesu uri mu kaga,mu muraba ariko ntiwite ku ngano yawo n’aho uturuka ahubwo ugatumbira Yesu wenyine.
Bakristo ni kenshi, Bibiliya idusaba gukomerera mu makuba yacu duhura na yo umunsi ku wundi; Pawulo (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Ibanga ryo gutumbirira Yesu mu muraba Ev.Maombe Theogene
13 July 2016, by Pastor Desire Habyarimana -
Ntitwashobora kubaho ubuzima bwubaha Imana keretse tuyemereye igahindura kamere zacu!
1 October 2015, by Innocent KubwimanaHanyuma y’ibyo Yesu amubona mu rusengero aramubwira ati “Dore ubaye muzima, ntukongere gukora icyaha utazabona ishyano riruta irya mbere.” Yohana 5:14
Yesu avuga ibi aratwereka ko icyaha kizana imibabaro mu buzima bwacu. Iyi niyo mpamvu tugomba guharanira kugira kwera mu buzima bwacu niba twiyemeje gukizwa, kuko iyo duhaye umwanya icyaha mu buzima bwacu, tuba tugiye munsi y’ububasha bwa satani kuko Bibiliya ivuga ngo ukora icyaha ni uwa satani, kuko niwe nyirabyo, mbese niwe watangije (...) -
Ibintu 5 itorero ry’Imana rigomba kubanza imbere - Simeon Ngezahayo
24 June 2016, by Simeon NgezahayoHari ibintu byinshi usanga itorero rikora, ariko hari umugambi w’Imana nk’uko yawuhishuriye muri Kristo. Ikindi hari imibereho yarangaga itorero rya mbere n’ibyo bashyiraga imbere (Ibyakozwe n’intumwa 6:1-4). None se niba intumwa zarashyiraga imbere gusenga no kwamamaza ubutumwa bwiza, kuki itorero rya none ritarushaho kwibanda kuri iyi ntego?
Dore ibintu 5 itorero ry’Imana rigomba kubanza imbere nk’uko tubisanga muri Bibiliya, kugira ngo itorero rikomeze kwera kandi ubwami bw’Imana buze mu isi: (...) -
Intagondwa z’Abislam zishe Abakristo bagera kuri 71 muri Nigeria!
27 November 2013, by Simeon NgezahayoInkuru dukesha Morning Star News iravuga ko kuri uyu wa 26 Ugushyingo intagondwa z’Abislam bo mu mutwe wa Fulani zishe Abakristo 37 muri Leta ya Plateau, Nigeria mu bitero byagabwe n’umutwe a’Abislam Boko Haram mu mujyi wa Borno.
Rev. Ayo Oritsejafor, president w’umuryango "Christian Association of Nigeria" (Photo Morning Star News)
Nk’uko bitangazwa n’umuvugizi w’umutwe udasanzwe w’ingabo zirinda umutekano (TF) Bwana Salisu Mustapha, mu bitero byagabwe mu duce twiganjemo Abakristo mu ma saa (...) -
Korari Gatsata yateguye igiterane cy’iminsi 50 cyiswe” Fasha Gatagara’’
4 December 2012, by UbwanditsiKorari Gatsata yo mu Itorero rya ADEPR Gatsata, mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Gatsata, yateguye igiterane ngarukamwaka ku nshuro ya Gatatu ; igiterane cy’uyu mwaka kikaba cyariswe “Fasha Gatagara” mu rwego rwo gukusanya inkunga yo gufasha abafite ubumuga baba mu Kigo cya Gatagara.
Iki giterane cy’iminsi 50 kizagaragaramo ibikorwa by’ivugabutumwa, hamwe n’ubwitange bwo gufasha abatishoboye.
Igiterane cy’uyu mwaka gifite intego yo gufasha abana babana n’ubumuga baba mu Kigo cya Gatagara, kikaba (...) -
Impamvu kureba pornography bigayisha ubutumwa bwiza (Igice cya 1) – Tim Challies
12 August 2013, by UbwanditsiNta kintu kibabaza Imana nko gusenya ibyo iha agaciro kurusha ibindi. Pornography yakwiriye hirya no hino muri iki gihe. Abantu benshi yabatwaye roho, cyane cyane igitsina gabo. Urubyiruko rureba pornography mbere y’uko runamenya icyo ari cyo cyangwa ngo ruyisobanukirwe.
Urubyiruko rwinshi rw’abasore rumenya ibijyanye n’imibonano mpuzabitsina binyuze mu kureba pornography no kwambara ubusa. Ikibabaje, ibi biragwiriye no mu bakobwa.
Abakristo bamwe bihisha mu kibaba kivuga ngo “Iyi ni (...) -
Filimi y’uko isi izarangira yanyeretse koko, ko abanyabyaha bafite iherezo ribi!
16 July 2015, by Innocent KubwimanaNitwa Nantenaina mfite imyaka 18. Navukiye mu muryango w’abakristo, ariko sinigeraga mpa agaciro urukundo rw’Imana yerekaniye muri Yesu. Ahubwo uru rukundo narushakiraga mu bantu nabo bakanyobya.
Nashakaga gushimisha umutima wanjye ariko sinari nzi inzira nziza nabinyuzamo. Nibagiwe ko Yesu ashobora kunkunda akarenza nuko abantu babikora. Umunsi umwe nashatse kubatizwa, ubwo naringize imyaka 16, ubwo nibwo navuga ko nifuzaga kubaho ubuzima bwa gikristo, ngatangira kugendana na Yesu.
Muri (...) -
Imyiteguro igeze kure ya « Ikuzo Gospel Concert » igitaramo ngarukamwaka kizajya gihuza abahanzi, amakorali, ababyinnyi n’abacuranzi mu guhimbaza Imana
13 October 2012, by Patrick KanyamibwaIkuzo gospel Concert ni igitaramo gikomeye kiri gutegurwa na Moriah Entertainment Group, cyikazaba tariki ya 27/10/2012, kuva saa munani n’igice z’amanwa muri Parking ya Petit Stade i Remera, icyi gitaramo kikaba kimwe mu bitaramo bya gospel bizagaragaramo abahanzi benshi ba gospel, amaKorali, amatorero y’ibyino gakondo ya gospel, ababyinnyi batandukanye ndetse harimo nabakora Drama.
Nkuko twabitangarijwe na Eric Mashukano umyobozi wa Moriah Entertainment Group iri gutegura kino gitaramo, ngo (...) -
Mbese na Dawidi yagwa mu cyaha? (Igihanda cyagushije Dawidi) 1 Abakorinto 10:13
7 November 2015, by Pastor Desire Habyarimana“Nta kigeragezo kibasha kubageraho kitari rusange mu bantu, kandi Imana ni iyo kwizerwa kuko itazabakundira kugeragezwa ibiruta ibyo mushobora, ahubwo hamwe n’ibibagerageza, izajya ibacira akanzu kugira ngo mubashe kucyihanganira.”
Dore ubuhamya bw’umuvugabutumwa Johnny Creasong:
“Michael ni umusore wakoze umurimo w’Imana igihe kirekire. Yari umusore ugira amakenga kandi ufite umuhamagaro ku rubyiruko. Yakundaga abana na bo bamukunda. Yakoreye umurimo w’Imana mu ngando z’urubyiruko rwacu, ku (...) -
Uyu mwisirayeli afatwa nk’umwe mu batasi kabuhariwe babayeho mu mateka y’isi. Ange Victor Uwimana
23 April 2014, by Ange Victor UWIMANAIbikorwa byo kuneka umwanzi byatangiye kera, ndetse mu bihe Abisirayeli bavaga muri Egiputa berekeza I Kanani byabaye ngombwa ko bakoresha ba maneko, “Uwiteka abwira Mose ati, ‘Tuma abantu batate igihugu cy’I Kanani, icyo mpa Abisirayeli.” (Kub.13:2), “Bari I Shitimu, Yosuwa mwene Nuni yohereza abagabo babiri rwihishwa ngo bajye gutata…” (Yos.2:1). Na n’uyu munsi, ibihugu byinshi bikaba bishora akayabo k’amafaranga mu bikorwa by’ubutasi. Imihanda imwe yo muri Isirayeli yitirirwa El Cohen, uyu (...)
0 | ... | 1980 | 1990 | 2000 | 2010 | 2020 | 2030 | 2040 | 2050 | 2060 | ... | 3150