Ijambo ry’Imana riratubwira ngo Hahirwa umuntu wihanganira ibimugerageza kuko namara kwemerwa azahabwa ingororano, ndetse nikamba ry’ubugingo buhoraho halleluya Yakobo 1:12
Kugira imbuto yo kwihangana bivuze iki? Umuntu ayigira ryari? Ese iva hehe? Kwihangana, mu Kigiriki (Greeks Word) babisobanura uburyo bubiri (Hupomonē) bivuga igihe umwe muri mwe ateye hejuru undi agaca bugufi, ubundi buryo (Makrothumia) Aha ni ukugira ya mbuto ya Mwuka Wera, aho wihanganira ikintu, utazi igihe (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Imbuto yo kwihangana Ruhogo Manzi Irénée
12 April 2016, by Pastor Desire Habyarimana -
Bitinde bitebuke Yesu azagaruka!
9 February 2016, by Innocent KubwimanaKuko Imana yakunze abari mu isi cyane byatumye itanga umwana wayo w’ikinege kugira ngo umwizera wese atarimbuka ahubwo ahabwe ubugingo buhoraho (Yohana 3:16)
Aya magambo ntekereza ko ashobora kuba ari mu butumwa bwanditse mu isezerano rishya bushobora kuba buzwi n’abantu benshi yewe n’abantu badakijijwe baziko Imana yakunze abari mu isi cyane bigatuma itanga umwana wayo w’ikinege kugirango umwizera wese atarimbuka ahubwo ahabwe ubugingo buhoraho.
Uramutse ukoresheje ikizamini kubantu bose (...) -
Abaturiye umujyi wa Musanze biteguye ibiterane bidasazwe.
19 May 2013, by UbwanditsiKu inshuro ya 4 umucuranzi FRERE Manu ategura ibitaramo by’ivugabutumwa ubu yerekeje mu intara y’amajyaruguru mu umujyi wa Musanze. aganira na Radio y’abaturage ya Musanze uyu muhanzi yatangarije radio impamvu yatumye azagutegura ib’ibitaramo muri iyi ntara : avugako impamvu nyamukuru ari ivugabutumwa nk’inshingano yahawe na Yesu Christo yo guhindura abantu kuba abigishwa be bakamwizera nk’umwami n’umukiza w’ubugingo bwabo ndetse no gufasha imitima y’abantu bihebye bagahumurizwa n’ijambo (...)
-
Umuryango CYOPSD mu gikorwa cyo guhugura urubyiruko rwa Gikiristu
7 January 2014, by UbwanditsiKuva tariki ya 10 kugeza tariki ya 12 Mutarama 2014, ku rusengero rw’Itorero ry’Inkuru Nziza mu mujyi wa Kigali hateganijwe igiterane cy’iminsi 3 kizahuza urubyiruko ruturutse mu matorero atandukanye yo mu Rwanda cyane cyane urubarizwa mu mugi wa Kigali. Icyo giterane cyateguwe na CYOPSD (Christian Youth Organization for Physical and Spiritual Development), ihuriro ry’urubyiruko rwa Gikiristu ku isi rikaba n’umuryango utegamiye kuri Leta ugamije guteza imbere urubyiruko mu mibereho y’umwuka (...)
-
Ubuhamya bwa Ntakirutimana Francois (Igice cya II)
11 September 2012, by UbwanditsiNtangira ubuhamya ndangirango mbabwire ko nta hantu habi Imana itakura umuntu kandi nta hantu heza itakugeza; njyewe navutse nsanga nderwa na Maman kandi yari umuhinzi mvukira rero muri ubwo buzima bwari bugoye ariko Imana ibuturindiramo. Mu mwaka wa 1997 hari hashize igihe gito mvuye mu bitaro numva ndashaka kujya kwiga bambwira ko bazantangiza umwaka ukurikiyeho.
Igihe cyarageze njya kwiga ariko amafaranga arabura maman aza kujya kuri komini kwaka icyemezo cy’ubukene ku bwa amahirwe (...) -
Wabasha kuba pasiteri mwiza utari umugabo mwiza? - Jarod Moore
16 May 2013, by Simeon NgezahayoWibuke ko umupasiteri ubwiriza ubutumwa bwiza atagomba kubushyiraho umugayo yanga gukunda umugore we nk’uko Kristo akunda itorero.
Aya magambo aranshishikaje. Ni amagambo abapasiteri bose n’abayobozi b’amatorero bagomba kumva. Mu murimo w’Imana habamo ikigeragezo (ku bwanjye), kubona umuntu afata igihe cyo kwigisha abandi ariko ntabashe kwigisha abo mu rugo rwe. Nidufata igihe cyacu cyose tukagishyira mu itorero twirengagije inshingano zacu mu ngo, bishobora kutubera icyaha. Wibuke ko kugira (...) -
Abahanzi Nyarwanda bari guhugurwa ku kugurisha ibihangano byabo kuri internet
12 September 2012, by UbwanditsiGuhera kuri uyu wa Mbere tariki 10 Nzeri, abahanzi nyarwanda 120 bari guhabwa amahugurwa ku kugurisha ibihangano byabo ku murongo wa internet, binyuze ku isoko ry’imiziki ryo ku murongo wa internet ryitwa Guhaha Music Store, riri ku rubuga rwa Guhaha.com.
Mu kiganiro yagiranye na IGIHE, Ntigurirwa Peter uyobora Isange Corporation iri gutanga aya mahugurwa, yasobanuye ko bari guha amahugurwa aba bahanzi kugira ngo bage babasha kwigurishiriza no kwamamaza ibihangano byabo hirya no hino ku Isi (...) -
Nta mwungeri mwiza nk’Uwiteka
30 September 2015, by Innocent KubwimanaWaba warigeze wumva umwana arimo asubiriramo abantu abatungira agatoki ati ‘’Uriya ni Papa, ni Dadi’’? Ikintu gikomeye uriya mwana aba ashaka kukumvisha ntutekereze ko ari izina Papa cyangwa Dadi nk’uko bamwe babivuga, oya, icyo ashaka ko wumva ni uko ari uwe bwite.
Arashaka kumukuratira ko ari mwiza, afite imbaraga, mbese nta muntu umeze nkawe, uyu mwana iyo ari kumwe nawe, uwo abonye wese amwiyenzaho, utwana tugenzi twe ntatinya kudukanga, yewe n’iyo bahuye n’igikoko ari kumwe na Se, ntatinya (...) -
Nakora nte iteraniro n’ Umwana wanjye? Edouard Kowalski
27 August 2015, by Kiyange Adda-DarleneUbuzima bw’umwuka bw’umwana wanjye bugomba gukura vuba bishoboka. Turemwa kuva tukiri mu nda, umubiri, umwuka n’ubugingo. Noneho niba umubiri ugaragaza ibyo ukeneye kuva umwana akivuka, Ibyanditswe bitwibutsa ibindi bikenewe mu buryo bw’umwuka. Biravuga ngo : « …Umuntu ntatungwa n’umutsima gusa, ahubwo atungwa n’amagambo yose ava mu kanwa k’Imana. » (Matayo 4 :4)
Mu gihe indangagaciro z’umuryango zigenda zibura, ni byiza kwibuka ko niba Imana yarahaye ababyeyi guha ubuzima bw’umubiri abana babo (...) -
Ibyo benshi bemeranywaho mu biranga umugore cyangwa umugabo mwiza
22 July 2015, by Innocent KubwimanaHari impaka zikunda kubaho cyane iyo abantu bavuga ku bijyanye n’ukwiye kuvamo umugabo mwiza cyangwa se umugore mwiza, uzubaka urugo rugakomera. Bamwe bavuga ubutunzi, abandi bakemeza ko bwonyine budahagije, ariko reka turebe bimwe mu byo abantu bagarukaho cyane abakristo.
1. Umugabo cyangwa umugore ukunda Imana kandi akayiha umwanya
2. Umuntu ufite urukundo, mu bintu bigoye mu buzima kandi byo kwitondera ni igihe byagusaba kubana n’umuntu wumva utaramwakira ngo umugirire urukundo. Nta (...)
0 | ... | 2310 | 2320 | 2330 | 2340 | 2350 | 2360 | 2370 | 2380 | 2390 | ... | 3150