Nyuma y’Imyaka 15 itangiye umurimo w’Imana, korali Penuel yo mu itorero rya ADEPR umudugudu Ishimwe, Paruwasi ya kabarondo, itorero ry’Akarere ka Kayonza, ururembo ry’Iburasirazuba igiye kumurika alubumu yayo ya mbere y’indirimbo z’amajwi.
Nk’uko bitangazwa n’umuyobozi wa Korali Penuel, Bwana HABIYAKARE Pierre Vincent, ku cyumweru tariki ya 23 Gashyantare 2014, nibwo iyi korali iteganya igikorwa cyo kumurika ku mugaragaro Album yabo ya mbere y’indirimbo zabo z’amajwi, iyi Album bakaba barayise (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Korali Penuel yo mu itorero rya ADEPR Kabarondo -Ishimwe igiye kumurika Alubumu yayo ya mbere y’amajwi.
4 February 2014, by Ernest Rutagungira -
Abantu bagushyigikira bagushakamo indamu, ariko Imana igushyigikira ku buntu! - Everlyn Muyonga
4 March 2014, by Simeon NgezahayoEverlyn ni umuhanzikazi ukomoka mu gihugu cya Kenya, wubatse imitima ya benshi cyane cyane kubera album ye yise “Mpango Wa Kando” yakoranye na mugenzi we Gloria Muliro. Uyu muhanzikazi yakomeje avuga uburyo abantu dukunda kwitabaza Imana iyo turengewe n’iby’isi!
Mu kiganiro yagiranye na Uliza Links dukesha iyi nkuru, Evelyn yavuze uburyo Imana yakomeje kumushyigikira ku buntu nyamara umuntu we ngo agushyigikira agushakamo indamu!
Yagize ati “Ncuti yanjye, ndashaka kukubwira yuko umuterankunga (...) -
Wari uzi ko Imana yumva kuniha kwacu?
25 March 2016, by Alice Rugerindinda“ Kandi numvise umuniho w’abisirayeli, abanyegiputa bazitiriye mu buretwa nibuka isezerano ryanjye” Kuva 6: 5. Mbega ukuntu Imana ari inyembabazi!
Igihe kimwe ngo abisirayeri bahuye n’ibikomeye, bibanihisha,bibatakisha, bibavugisha induru , maze ngo baraniha, umuniho wabo urazamuka ugera ku Mana yaremye ijuru n’isi birayibabaza. Wari uziko Imana igira amarangamutima!
“Kuri uwo munsi Farawo ategeka abakoresha ubwo bwoko uburetwa n’abatware bo muri bo ati : Ntimwongere guha abantu inganagano( (...) -
Yesu yazibye ibyuho mu buzima bwanjye
19 July 2015, by Innocent KubwimanaNitwa Sam navukiye mu muryango w’abakristo mu gihugu cy’Ubufaransa, ariko mu myaka yanjye ibanza sinabashije kumenya icyo nahitiramo ubuzima bwanjye. Ku myaka yanjye 16 numvaga hari ikintu mbura mu buzima bwanjye, nkumva mfite inyota yo kucyuzuza ariko sinari nzi uko nabikora.
Nakoze siporo, nagerageje gushaka umukobwa w’inshuti ariko nawe ntitwatindanye, nyuma numva nifuje kwiga mu mashuri meza mu Bufaransa cyane ko nifuzaga kuba umukire nkabaho neza, najyaga nitekereza nko mu myaka 50, (...) -
Guhimbaza Imana ni ubuzima! – Don Moen
15 January 2014, by UbwanditsiDon Moen uyoboye itsinda ryo kuramya no guhimbaza Imana mu mujyi wa Nashville aratangaza yuko guhimbaza Imana bitarangirira mu rusengero, ahubwo binagaragarira mu myitwarire y’Umukristo ya buri munsi.
Moen w’imyaka 62, mu kiganiro yagiranye n’Ikinyamakuru The Post Newspapers cyandikirwa mu gihugu cya Zambia aho aherutse gukorera concerts 2 mu mujyi wa Lusaka, yatangaje ko guhimbaza Imana nyakuri kutagarukira ku idini, umuco n’imyaka.
"Guhimbaza Imana ni ibyo dukora mu kazi; ni ibyo tugirira (...) -
Hatana maze ukore kuri Yesu urabona igitangaza.
17 May 2016, by Ernest RutagungiraYumvise ibya Yesu araza aca mu Bantu, amuturuka inyuma akora ku mwenda we, kuko yari yibwiye ati “Ninkora ku myenda ye gusa ndakira”. Uwo mwanya isoko y’amaraso irakama, amenya mu mubiri we ko akize cya cyago. Yesu nawe yiyumvamo ko ubushobozi bumugabanutsemo, ahindukira abyigana abaza abantu ati “ninde ukoze umwenda wanjye” (Mariko 5:27-30).
Nk’uko bisanze abantu ntago abantu bajya bahuza kubaho mu buzima bacamo, kuri wowe byashoboka ko ubwo wanyuzemo wahiriwe, ukiberaho mu mahoro, mu mutekano (...) -
Ntibisanzwe: Ijoro ryo ku wa 31 Ukwakira (Halloween) ririmo amayobera menshi y’umwijima!
30 October 2013, by UbwanditsiIjoro ryo ku wa 31 Ukwakira rizwi ku izina rya Halloween Day ni ijoro ryitezwemo ibitangaza byinshi.
Muri iri joro, bivugwa ko abazimu baza ku isi n’abarozi abantu bakababonesha amaso. Kuri uwo munsi abana bambara nk’abazimu n’abarozi.
Muri Leta ZUnze Ubumwe z’Amerika no ku isi yose, uyu munsi wamaze kuhagera. Abawizihiza biyambika imyambaro iteye ubwoba ndetse na za masques zigaragaza urupfu, n’ibindi by’ikuzimu, bakajya muri buri muryango basaba impano zijyanye n’uwo munsi.
Dore inkomoko (...) -
Nijeriya: Abarenga 500 bishwe n’insengero nyinshi ziratwikwa mu gitero.
12 April 2016, by NicodemNibura abantu 500 ni bo bamaze kumenyekana ko bishwe ndetse n’insengero nyisnhi ziratwikwa muri iki gihugu byakozwe abitwa abafulani.Ibi byabereye mu duce turenga 10 two muri Nijeriya.
Uduce twahitwa Agatu LGA ngo hasigariye ku izina naho abaho barishwe bikomeye n’intagondwa z’abayisilamu muri iki gihugu nkuko tubikesha Umuryango Mpuzamahanga wita ku kwishyira ukizana kw’abakristu mu isi uzwi nka Christian Solidarity Worldwide (CSW).Ibitero biheruka ngo byaje nyuma y’uko inzego z’umutekano zo (...) -
Imirimo ikorerwa yanze ya Yesu Kristo ntaho yandikwa mu ijuru!
24 July 2015, by Innocent Kubwimana"kuko turi abo yaremye ituremeye imirimo myiza muri Kristo Yesu, iyo Imana yiteguriye kera kugira ngo tuyigenderemo" Abefeso 2: 10
Nubwo atari kenshi abantu babizirikana ariko Imana yaturemeye gukora ibyiza ariko tugaruke gato ku ijambo imirimo myiza.
Nabonye hariho imirimo abantu bakora byoroshye kwitiranya n’iyi ivugwa hano, hari abantu batanga mu nsengero no hanze, bafasha, bitwara neza, bareba neza, bibombarika mbese bazi kutabangamira sosiyete, b’imfura kenshi tubita abana beza ariko (...) -
UBuhamya: Imana yankijije Diyabete nyimaranye imyaka myinshi. Thérèse Nahimana
10 September 2013, by UbwanditsiJewe ndi umurundikazi nitwa Thérèse Nahimana, ndubatse mfise abana. Ndakijijwe nkunda cane Yesu kuko yankunze, akankiza ntarabaho (mu myaka 2000 iheze niho yabikoze)
Narakize ingwara nyinshi zananiye abaganga. Murizo novuga nka diabète; nayigwaye kumara imyaka 12 nitera umuti witwa « insuline »; umuntu awitera mu rushinge.
Maze kwiga no gutahura ibanga ryo kwizera ivyo Yesu yadukoreye naciye menya ko ntarwaye; ko haheze imyaka 2000 narakize ingwara zose kubwo gushishagurwa kwa Yesu; nca (...)
0 | ... | 2290 | 2300 | 2310 | 2320 | 2330 | 2340 | 2350 | 2360 | 2370 | ... | 3150