Abahanzi baririmba indirimbo zihimbaza Imana, kuri uyu wa gatanu tariki ya 14/09/2012 baratamira abakunzi babo muri Restaurant Amani, kuva saa kumi n’ebyiri z’umugoroba, ibi bikaba ari mu rwego rwo gufasha abakunda ubuhanzi bw’ibintu byerekeranye n’Imana, kubona aho baruhukira kandi bishimana n’abahanzi babo.
Nkuko twabitangarije na Kwizera Ayabba Paulin umuyobozi wa Gospel Talent Promotion yateguye kino gikorwa, ubwo twaganiraga mu magambo ye yagize ati “Nyuma yo kubona ko umuziki wa Gospel mu (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Bwa mbere mu mateka y’u Rwanda, hateguwe Gospel Night Mix
11 September 2012, by Patrick Kanyamibwa -
Ntuzamere nkaYehu yakoze ibyiza n’ibibi arabikomeza!
26 April 2016, by Alice Rugerindinda“Uko niko Yehu yarimbuye baali amukura muri Isirayeli. Ariko rero Yehu ntiyaretse gukurikiza ibyaha bya Yerobowamu mwene Nebati, ibyo yoheje abisirayeli ngo bacumure, n’iby’ibigirwamana by’izahabu byari I Beteli n’I Dani” 2 Abami10 : 28:29
“ Bubahaga Uwiteka, kandi bagakorera imana zabo uko imigenzo y’amahanga bimuwemo yagenzaga” 2 Abami 17:33
Imana idusure. Ubundi mu magambo make, iki nicyo kibazo abantu dukunze guhura nacyo. Icyo kugira ishyaka ry’ibyiza, icyo gukora ibyiza, ariko ugasanga (...) -
Ubusambanyi nk’imwe mu ntwaro y’umwanzi ikomereye itorero
11 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaUbusambanyi ni imwe mu ntwaro zikomeye zirwanya Itorero , bukaba bufite amateka maremare mu buzima bwa muntu uhereye mubihe bya kera cyane (préhistory) ; kandi usanga abanditsi benshi bagereranya iki cyorezo cy’ubusambanyi nk’indwara ya cancer y’Isi dutuye, kubera uko iminsi yagiye ihita niko ubusambanyi n’inzira zibuganishaho byagiye bifata indi ntera ndetse byinjizwa mu mico y’imiryango n’ibihugu mu buryo butandukanye. usanga kandi mu bihugu bitandukanye hagaragara mu buryo bwinshi inzira (...)
-
Ubutumwa bwo gushimira bw’Agakiza Family.
31 December 2013, by Pastor Desire HabyarimanaNcuti mukunzi w’urubuga rw’ivugabutumwa www.agakiza.org , Mu rwego rwo gusoza uyu mwaka w’2013, Agakiza Family yakugeneye ubutumwa bwo kugushimira ubufatanye watugaragarije muri uyu mwaka wose umaranye natwe. Twizera ko Imana yubatse ubugingo bwawe binyuze ku rubuga www.agakiza.org. Mu izina ry’Agakiza Family, nyemerera na none mbonereho kukwifuriza umwaka mushya muhire w’2014.
Agakiza.org ni urubuga rw’ivugabutumwa, rufite intego yo kwamamaza ubutumwa bwiza bwa Kristo ku bari hafi no ku bari (...) -
Mfite ibihamya by’ibyo Yesu yankoreye
21 August 2015, by UbwanditsiMbere yuko nkizwa ngo mpereze Yesu ubuzima bwanjye, ubusanzwe nizeraga ko Imana iriho ariko njye n’umuryango wanjye ntitwajyaga tujya mu rusengero.
Murugo habaga Bibiliya, ubundi najyaga mbona Papa akunda gusenga buri mugoroba, rimwe na rimwe akanaduha ubuhamya njye n’abavandimwe banjye ni mugoroba, kugira ngo adusinzirize neza.
Numvaga avuga Yesu, akamuvuga byinshi ariko ntabwo yigeraga ajya mu rusengero.
Inshuro 1 cyangwa 2 nibwo nigeze kujyana na nyogokuru gusenga. Umunsi umwe, nari (...) -
Urukundo rurusha byose kubaka umurimo w’Imana igice cya 1 CONSTANT Mahame
12 July 2016, by Pastor Desire HabyarimanaUbusanzwe iyo dukurikiranye mu mibanire hagati ya yesu n’intumwa ze za mbere usanga yarakundaga kubamenera amwe mu mabanga y’ibizababaho mu bihe byari imbere nyuma namara gutandukana nabo, mubyo rero yakundaga kubabwira usanga akenshi yarabateguzaga ko bazangwa bagatotezwa yaba ari ubutegetsi bwariho icyo gihe cyangwa se bagenzi babo kandi babahora izina rye (Matayo 10,16-23).
Iyo urebye rero usanga muri izo ntambara zose bari kuzahura nazo baragombaga kugira izindi ngamba (strategies) (...) -
Korali Ku bw’ubuntu ikorera muri Kaminuza Nkuru y’u Rwanda (UNR) iramurikira album yayo ya kabiri i Muhanga
20 November 2013, by UbwanditsiNyuma y’uko Korali ku bw’ubuntu ivuye muri studio gukora indirimbo 9 mu kwezi kwa Kanama uyu mwaka, ubu noneho irimo gutegura igikorwa cyo gushyira ku mugaragaro izo ndirimbo muri Album ya mbere yitwa “IMIRIMO ITUNGANYE” ku italiki ya 01/12/2013 i Muhanga muri EPR Gitarama kuva saa saba kugeza saa kumi n’imwe (13h00-17h00).
Nk’uko twabitangarijwe n’umuyobozi wa korali Jean Claude MUNYEMANA, indirimbo zizashyirwa ku mugaragaro ni: Abiringiye Uwiteka, Ntawundi, Urugendo, Ibikomangoma, Imirimo (...) -
Mwirinde mutabura iby’imirimo mwakoze!
12 July 2016, by Alice Rugerindinda“ Mwirinde mutabura iby’imirimo mwakoze, ahubwo ngo muzahabwe ingororano itagabanije” 2 Yohana 1:8
No mu buzima busanzwe, iherezo ry’ikintu riruta itangira ryacyo. Undi mugani w’ikinyarwanda ukavuga ngo “ Nari umugabo ntijya ihabwa intebe.
Birashoboka ko umuntu yatangira neza ariko bitewe n’impamvu zitandukanye akageza ubwo acika intege. Hari indi bibiliya ibivuga ngo: “ Mwirinde rero mutazava aho mubura ibyo mwaruhiye, ahubwo muharanire kuzahabwa ingororano yuzuye”
Kuva umuntu agikizwa cyangwa (...) -
Pantekote muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika
17 May 2013, by Simeon NgezahayoNk’uko tubisoma mu Isezerano Rishya rya Bibiliya, Pantekote ni Umunsi Mukuru Abakristo bizihizaho igihe Umwuka Wera yamanukiye abigishwa ba Yesu Kristo. Muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika rero barawizihiza, ukaba uzwi ku izina rya Whitsunday cyangwa Whit Sunday.
Abakristo benshi muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika baha agaciro umunsi wa Pantekote, bagateranira hamwe bawizihiza.
Iyo bateranye bakora iki?
Muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Abakristo baganira ku byabaye kuri Pantekote n’icyo (...) -
Inkunga Imana itanga Pasitori Bimenyimana Jean Claude
26 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaINTEGO : INKUNGA IMANA ITANGA
Zaburi 60:14 14 Imana izadukoresha iby’ubutwari, Kuko ari yo izaribata ababisha bacu.
Zekaliya 4:6-7 6 Aransubiza ati"Ijambo Uwiteka atumye kuri Zerubabeli ngiri ati ’Si ku bw’amaboko kandi si ku bw’imbaraga, ahubwo ni ku bw’Umwuka wanjye.’ Ni ko Uwiteka Nyiringabo avuga. 7"Wa musozi munini we, wiyita iki ? Imbere ya Zerubabeli uzaba ikibaya. Azazana n’ibuye risumba ayandi, barangurure bati ’Nirihabwe umugisha ! Nirihabwe umugisha !’ "
Matayo 27 : 19-20 19 Maze (...)
0 | ... | 2500 | 2510 | 2520 | 2530 | 2540 | 2550 | 2560 | 2570 | 2580 | ... | 3150