Ubushize twabonye inkingi 4 umukristo akwiriye kubakiraho imibereho ye ya gikristo muri rusange. (Ibyakozwe n’ntumwa 2:42). Ubu tugiye kwibanda ku nkingi ya mbere yo gukunda kumva Ijambo ry’Imana (teaching). Mugihe Yesu yahaga Intumwa ze itegeko ry’inyamibwa Matayo 28:20 yashoje abategeka kwigisha abazamwizera kwitondera ibyo yababwiye byose.
Mu Itorero rya mbere bateraniraga hamwe kwigishwa ibyo Yesu yasize abwiye abigishwa be (Logia) aribyo byaje kwandikwa bivamo ubutumwa bune (4 (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
IBINTU 4 UMUKRISTO AKWIYE KUBAKA MU MIBEREHO YE. (Igice cya 2) Rev. Mugiraneza
14 July 2015, by Pastor Desire Habyarimana -
Dukwiye koroha tukemerera Imana kudukoresha icyo ishaka
28 July 2015, by Innocent KubwimanaDore uko ibumba rimeze mu ntoki z’umubumbyi, ni ko namwe mumeze mu ntoki zanjye, mwa ab’inzu ya Isirayeli mwe. Yeremiya 18 :6
Umushwi w’inkoko ntiwabasha guhinduka isake nziza ibika nk’uko mubizi iramutse itemeye kumena igi ngo isohokemo, ibindi bikurikire hanyuma. Akanyugunyugu ntabwo kahinduka agasimba keza nk’uko mukabona harurguru n’amabara meza karamutse gashatse kuguma muri cya kindi kigenda gikururuka hasi ku butaka.
Umuntu aramutse agumanye imyumvire yo guhora mu bya kera ntabwo (...) -
Ijambo ry’ umunsi
17 January 2013, by UbwanditsiIcyo nsaba Uwiteka ni kimwe ni cyo nzajya nshaka, ni ukuba mu nzu y’ Uwiteka iminsi yose nkiriho, nkareba ubwiza bw’ Uwiteka, nkitegereza urusengero rwe. Zaburi 27:4-5
-
Ibintu 10 biranga umuyobozi uzaramba – Thom Rainer
19 June 2013, by Simeon NgezahayoNdi umwarimu utanga amahugurwa (seminaires), nkaba nkorana n’abayobozi bakiri bato. Barabikunda, bakagira intumbero (vision), imbaraga n’umwete. Bazi umumaro wo guca imanza zitabera, no gushaka abazimiye. Haba mu Bukristo ndetse no mu bucuruzi, nabonye abayobozi batanga icyizere cy’igihe kizaza.
Dore ibintu 10 biranga umuyobozi uzaramba:
1. Atangira yiyemeje kuzasoza neza.
Sindabona umuyobozi wayoboye neza bimugwiririye. Ahubwo abitegura hakiri kare, akishyiramo ko azayobora neza. Ashyiraho (...) -
Mwirinde ab’iki gihe biyobagiza
3 June 2016, by UbwanditsiIbyakozwe n’intumwa 2:40 “Nuko akomeza kubahamiriza n’andi magambo menshi, arabahugura ati”Mwikize ab’iki gihe biyobagiza.”
Yesu ashimwe, nejejewe no gusangira namwe iri Jambo rivuga ngo ‘’MWIRINDE AB’IKI GIHE BIYOBAGIZA’’.
Nejejwe nuko Imana ikomeje gukiza imitima y’abantu kuko umugambi wayo ari uko Ijambo ryayo rigera ku bantu bose, kuko icyatumye umwana w’Imana yerekanwa ni ukugirango amareho imirimo yose y’umwijima. Ntabwo duterwa ubwoba n’iminsi mibi tugezemo, igiteye ubwoba n’izihe mbaraga abantu (...) -
Ubuntu bw’Imana butangaje!
26 June 2013, by Simeon NgezahayoNiga mu mashuli makuru, nahaye icyaha urwaho kintandukanya n’Imana. Nasambanye n’umuhungu wari incuti yanjye, hashize imyaka 2 gusa ntangira kunywa ibiyobyabwenge. Nari umwana wa kabiri mu muryango wacu. Natangiye kujya mu rusengero, ariko nkomeza kuba “umupfapfa” cyane.
Ariko iyo navaga mu rusengero nahinduraga imyitwarire. Ubwo amashuli nari nyageze hagati. Natangiye gutekereza ejo hazaza, ntangira kwibaza uwo ndi we, n’ubuzima nifuza kuzabamo ubwo nzaba maze gukura. Ku bw’ubuntu bw’Imana, (...) -
Rev. Billy Graham ni we wegukanye umudali w’umuntu wasohoye Films zahinduye ubuzima bwa benshi!
12 March 2014, by Simeon NgezahayoRev. Billy Graham n’umuryango we w’ivugabutumwa Billy Graham Evangelistic Association yagenewe igihembo HOPE MEDALLION kubera uruhare yagize ku isi yose mu kuyobora igikorwa cyo gukora film zahinduye ubuzima bwa benshi.
Iki gikorwa cyiswe “ubwitange bukomeye ku butumwa bwiza” (unswerving commitment to the gospel message), cyateguwe n’umuryango ushinzwe film za Yesu ‘The JESUS Film Project’. Kuri ubu rero ngo uyu mudali uzakirwa n’umukobwa wa Billy Graham, Gigi mu izina rya se kuri uyu wa (...) -
Abacuranzi b’Abadage basuye ishuri ryigisha umuziki mu Rwanda
13 August 2012, by UbwanditsiKuri uyu wa Gatanu tariki ya 9 Kanama, ishuri ryigisha umuziki riherereye mu Kiyovu i Kigali “Oakdale Kigali Music School”, ryasuwe n’itsinda ry’abacuranzi ba muziki riturutse mu Budage ariryo Crescendo International, abagize iri tsinda,mugihe bazamara mu Rwanda, bakaba bazatanga ubumenyi butandukanye ku gucuranga muri iri shuri.
Iri shuri ryigwamo n’abafite guhera ku myaka itanu kuzamura, rigamije kwigisha umuziki mu buryo bwa gihanga kuko biga gucuranga cyangwa kuririmba banasoma amanota. (...) -
Kimwe mu bintu by’ingenzi ku mukristo!
28 October 2015, by Innocent KubwimanaHariho ibintu bikomeye mu buzima bw’umukristo, iyo umuntu abikurusha, ushatse wavuga ko akurusha urugero rwo gukizwa.
Urugero wavuga nko kwihangana, kubabarira, guca bugufi n’ibindi byose birimo kwera imbuto z’Umwuka. Aha reka tugaruke ko kwihangana.
Uvuze ko umuntu wese agira kwihangana ntiwaba ubeshye, byaterwa n’ibyo yihanganira n’umuntu uwo ari we. Hari nubwo umuntu avuga ko yihangana cyangwa n’abantu bakabimumenyaho ariko aba afite ibindi atashobora.
Hari n’igihe abantu bitiranya (...) -
Wari uzi ko muri wowe harimo ubutunzi buhishe?
18 March 2016, by Isabelle GahongayireAriko dufite ubwo butunzi mu nzabya z’ibumba, kugira ngo imbaraga zisumba byose zibe iz’Imana zidaturutse kuri twe." 2 abakorinto 4 : 7. « Spindletop », icyobo cyacukuwemo peteroli nyinshi mu mateka ya Amerika kiri muri Texas mu mujyi, hafi ya Beaumont. Icyo cyobo cyamenyekanye gute ?
Iyo Imana ikurebye , ibona ubutunzi buhishe. Mu mpera z’ikinyejana gishize, nyiraho hantu icyo cyobo kiri, kubera impamvu z’ibibazo yari afite bijyanye n’amafaranga, yifuje kugurisha ubutaka bwe kugira ngo (...)
0 | ... | 2730 | 2740 | 2750 | 2760 | 2770 | 2780 | 2790 | 2800 | 2810 | ... | 3150