Umujura utashatse kwivuga amazina yibye Laptops 2 mu rusengero rw’itorero ‘Central Christian’ mu mujyi wa Las Vegas, nyuma aza kuzigarura ku bushake bwe ziherekejwe n’ibaruwa isaba imbabazi ko yibye.
Laptop 2 zizingiye mu mupira, gigeretseho ibaruwa isaba imbabazi
Ubuyobozi bw’itorero buratangaza ko izo computers ngendanwa zibwe mu gitondo cyo ku cyumweru, ubwo Pastor Jud Wilhite yigishaga ijambo ry’Imana ku ntego yo gusaba imbabazi. Nyuma izo machine zaje kuboneka zizingiye mu mupira (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Las Vegas: Umujura yagaruje Laptop 2 yibye mu rusengero ziri kumwe n’ibaruwa isaba imbabazi
25 October 2013, by Simeon Ngezahayo -
Dudu Niyukuri yataramiye abitabiriye ijoro ryo gukesha ryabereye kuri Healing Centre
28 July 2012, by Patrick KanyamibwaMu giterane cy’urubyiruko “Youth in Revival time” ku nshuro ya kane kibaye muri uyu mwaka, kiri kubera kuri Healing Centre Church Remera, aho cyatangiye ku cyumweru tariki ya 22/07/2012 cyikazasozwe ejo ku cyumweru tariki ya 29/07/2012, umuhanzi Dudu Niyukuri Theophile ubarizwa mu gihugu cy’u Burundi yaraye ataramiye abantu benshi bari baje mu ijoro ryo kuramya no guhimbaza Imana ryagejeje mu gitondo ibyo abarokore bakunda kwita “Gukesha”, ibi bikaba byabaye mu ijoro ryo kuwa 27 kugeza mu gitondo (...)
-
Ese koko Imbyino za Drama zaba zimaze guta intego yazo ?
5 June 2013, by UbwanditsiIzi mbyino zikunzwe cyane mu nsengero zitandukanye , zitangiye kwibazwaho na bamwe mu bayoboke b’Amadini aho usanga iyo izi mbyino zizwi kw’izina rya Drama zigiye kubyinwa , abenshi bahitamo kurangarira mu bindi cg bagasohoka naho abandi bakareba ariko banegura abazibyina kubera imibyinire itandukanye isigaye igaragaramo .
Mubantu benshi bamaze kuduha ibitekerezo binyuranye , bemeza ko abakuru b’Insengero benshi badakunda izi mbyino cyane kuko babona ko ari ugushyigikira ya mico y’abantu (...) -
Ibintu bitandatu umushumba agomba kuba byo! (Igice cya 3)
9 December 2012, by Pastor Desire HabyarimanaUmushumba agomba kuba udakunda ibisindisha, wirinda, ugira gahunda mu kubaho kwe (1Tito 3:2)
Ntugakunde ibisindisha kandi ujye wirinda. Jya ugaragaza kudakabya mu byo wifuza bitari icyaha. Ntukarye cyane. Ntukambare imyenda ituma ugaragara cyane. Uzagira izina ribi niba uburyo ubaho butaguma kugipimo cyemewe. Ukoreshe ibintu byo muri iyi si utarenza urugero (1 Kor. 7:31)
Ujye witwara neza kugira ngo abantu bakubahe. Ntukamenyekane nk’ umuntu wigisazi utomboka kubera umujinya, cyangwa se (...) -
GAHANGA: URUBYIRUKO RUTURUTSE MU MATORERO ATANDUKANYE RWIFATANIJE NA BAGENZI BABO KWIBUKA ABAZIZE JENOSIDE YAKORWEWE ABATUTSI MU W’1994 [AMAFOTO]
5 May 2014, by Simeon NgezahayoKu wa 29/04/2014,mu murenge wa Gahanga ni bwo urubyiruko ruturuka mu matorero atandukanye rubarizwa muri uwo murenge rwifatanije na bagebzi babo mu gikorwa cyo kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994.
Urwibutso rw’Akagari ka Gahanga, ari na ho urugendo rwo kwibuka rwatangiriye
Isengesho ribanziriza urugendo rwo kwibuka, ryayobowe na Kwizera Didier usengera muri EAR GAHANGA
Nyuma y’isengesho, hakurikurikiyeho urugendo rwo kwibuka berekeza kuri Kiliziya ahashyinguwe (...) -
Sinteganya gucuranga cd ( play back), mu kumurika indirimbo zanjye « umuhanzi Ntirugirimbabazi Jean Pierre ».
9 August 2012, by Ernest Rutagungira« Mu kumurika indirimbo zanjye sinteganya gucuranga CD ( Play back), ngo mbeshye abazaza ko arinjye urimo kuririmba ahubwo nariteguye bihagije kuburyo nzaririmba imbona nkubone ( live), ikindi yaba ari ku ruhande rwanjye cyangwa se ku rw’abazamfasha gucuranga nta kibazo na kimwe » Aya ni amagambo twatangarijwe n’umuhanzi NTIRUGIRIMBABAZI Jean Pierre umwe mu bahanzi b’indirimbo z’Imana akaba asanzwe ari n’umurirrimbyi muri Korali Sion yo mu itorero rya ADEPR KICUKIRO umudugudu wa NYAKABANDA (...)
-
Florida: Pastor yatawe muri yombi ubwo yari mu nzira ajya gutwika Korowani (Qurans)
17 September 2013, by Simeon NgezahayoAmakuru dukesha USA Today aravuga ko Pastor Terry Jones wo muri Leta ya Florida yatawe muri yombi kuri uyu wa 11 Nzeli ubwo yari mu modoka yerekeza muri gare, aho yagombaga gutwikira ibitabo bya korowani. Jones ngo yari yitwaje icyokezo (barbecue) cyuzuye ibitabo bya korowani na essance yo kubitwikisha.
Ibi bibaye nyuma y’iminsi mike Pastor Jones yivugiye ko ku wa gatatu taliki 11 Nzeli azatwika korowani 2,998. Buri korowani imwe ngo yashushanyaga abamugajwe n’ibitero by’iterabwoba byo ku wa (...) -
Ibyiringiro by’ejo hazaza – Victor Shepherd (Igice cya 2)
15 April 2014, by Simeon NgezahayoMu myaka ishize hariho umushinga wo kubaka amacumbi mu mujyi wa Don Valley, ku muhanda wa Bayview. Iyo nzu yari ndende cyane, kandi byavugwaga ko izaba ari amacumbi agezweho, atari muri uwo mujyi gusa ahubwo no muri Ontario hose. Haje rero kubaho amakimbirane hagati y’uwayubakaga n’umukoresha we, ayo makimbirane atuma imirimo y’inyubako ihagarikwa. Buri munsi abamotari bahanyuraga, abamanuka n’abazamuka baribwiraga bati “Iyi nyubako izarangira vuba. Sinshobora kuyihagarara iruhande.”
Mu (...) -
Intwari 7 zo kwizera dusanga muri Bibiliya - Pamela Rose Williams
4 July 2013, by Simeon NgezahayoBuri wese akunda inkuru z’ubutwari. Twari dusanzwe dusanga izi nkuru mu bitabo byagenewe abana, ariko hari izindi ntwari dusanga muri Bibiliya. Reka turebe intwari 7 dusanga muri Bibiliya, abantu bera b’Imana bari bayobowe n’Umwuka Wera w’Imana:
Nowa – Intwari yagendanye n’Imana
Iyi tuyisanga mu gitabo cy’Itangiriro. “Nowa yari umukiranutsi, yatunganaga rwose mu gihe cye. Nowa yagendanaga n’Imana” (Itang. 6:9).
Nowa yabayeho igihe isi yarushagaho kuba mbi. Ibi byababaje Uwiteka, yiyemeza kongera (...) -
Irinde umutego! Ev. Kiyange Adda Darlene
12 May 2016, by Kiyange Adda-DarleneMu gicumuro cy’umunyabyaha harimo umutego ategewemo. (Imigani 29 :6a).
Mu buzima busanzwe bw’umuntu, habamo gutinya urupfu ndetse n’ikindi cyose cyamuganisha ku rupfu. Kandi ahora yirinda ngo atagwa mu mutego. Niyo mpamvu agira amakenga mubyo agiye gukora byose acungana n’uko hatabamo ikintu cyamujyana mu rupfu.
Bibiriya iratubwiye ngo mu gicumuro cy’umunyabyaha harimo umutego ategewemo. Kenshi umuntu yibwira ko mu banzi be ariho hari umutego we, muri wa muntu badahuza cyangwa se batumvikana (...)
0 | ... | 2770 | 2780 | 2790 | 2800 | 2810 | 2820 | 2830 | 2840 | 2850 | ... | 3150