Laxmi Sovi, umupfakazi w’Umukristo utuye muri Leta ya Chhattisgarh mu gihugu cy’Ubuhinde yahiritsweho urugi mu kwezi gushize, ntiyamenya ko bucya ajyanwa mu bitaro n’inzu ye igahindurwa umusaka. mu kwezi gushize ku wa 24, intagondwa eshatu z’Abahindu zizwi ku mazina ya Veeru, Chaytu na Mangru zinjiye mu nzu ya Sovi mu kirorero cya Kakadi Beda. Ubwo hari mu ma saa 9:30 za mu gitondo. Nk’uko yabitangarije Morning Star dukesha aya makuru, izo ntagondwa zahise zimutegeka ko we n’abana be bagomba (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Ubuhinde: Abapfakazi b’Abakristo baratotezwa bazira kwanga guhindukirira Hindu
12 September 2013, by Simeon Ngezahayo -
Abingenzi Gonzague yasohoye indirimbo nshya yise “Yesu aragukunda”
27 March 2014, by Aurore NiyitegekaAbingenzi Gonzague ari mu bahanzi bakunzwe kandi afite indirimbo zamenyekanye akaba azwi ku ndirimbo nka Dawidi, Umubiri,...
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 26/03/2014, umuhanzi Abingenzi Gonzague yashyize ahagaragara indirimbo nshya yise “Yesu aragukunda” mu kiganiro yagiranye n’agakiza.org, yatangaje ko iyi ndirimbo irimo ubutumwa bwibutsa abantu ko Imana igira neza bakaba batagomba gucibwa intege n’intambara bahura nazo mu isi kuko Uwiteka ari umukozi w’umuhanga.
Abingenzi Gonzague yavuze (...) -
Burundi: Polisi yarashe abantu 6 mu bajyaga gusengera k’umuhanuzi Zebiya.
13 March 2013, by UbwanditsiBuri tariki ya 12 uko igeze Umuhanuzi w’umurundi witwa Zebiya yemeza ko abonekerwa na Bikira Maria bityo abantu batandukanye bakajya gusengera iwe, ku itariki ya 12 werurwe 2013 ntibyaje kubahira kuko ubwo bazaga ari ikivunge baje gutanwa mu mitwe na polisi ikorera muri iki gihugu , muri iyi mirwano yiganjemo amasasu ku ruhande rw’aba polisi n’amabuye ku ruhande rw’abayoboke ba Zebiya yaje guhitana nibura abantu batandatu
Amakuru dukesha urubuga rwa BBC ko muri iyi nkundura hakomeretse (...) -
Uwizera n’utizera bafitanye mugabane ki?
21 June 2016, by Alice Rugerindinda“Ntimwifatanye n’abatizera mudahwanye. Mbese gukiranuka no gukiranirwa byafatanya bite? Cyangwa umucyo n’umwijima byabana bite? Kandi Kristo ahuriye he na baali: cyangwa uwizera n’utizera bafitanye mugabane ki? 2 Abakorinto 6:14
Hari itandukaniro hagati y’umuntu wakiriye Yesu nk’Umwami n’Umukiza we n’undi muntu utarakira Yesu. Ikigeretse kuri ibyo, uwakiriye Yesu bamwita umwana w’umucyo , mu gihe umuntu udafite Yesu bamwita umwana w’umwijima bitewe n’imirimo y’umwijima imuranga.
Bibiliya ijya (...) -
Wari uzi ko Impanuka zibera mu ngo zitwara abantu kurusha izibera mu mihanda!
9 November 2012, by UbwanditsiBitewe n’uko impanuka zigenda zibera mu ngo zigenda zitwara abantu benshi kurusha izibera mu muhanda, imiryango myinshi yita ku buzima bwa muntu ku isi yifuza ko ibi byakagombye guhabwa agaciro maze abantu bakarushaho kwirinda no kurinda abandi icyatera ibi byago. Umuntu ashobora kwibaza ngo mbese izo mpanuka ni nk’izihe ? None se kuki zivugwaho gutwara abantu kurusha impanuka zimenyerewe mu mihanda?
Muri izi mpanuka harimo izituruka ku mashanyarazi nk’izibera mu gikoni, ku mapasi, prises, (...) -
Ni ahacu ho guhitamo - Kenneth et Gloria Copeland
30 May 2013, by Isabelle Gahongayire“Kandi niba mutekereza ko ari bibi gukorera Uwiteka, uyu munsi nimwitoranyirize uwo muzakorera, niba ari izo mana ba sogokuruza bakoreraga zo hakurya ya rwa ruzi, cyangwa imana z’Abamori bene iki gihugu murimo, ariko jye n’inzu yanjye tuzakorera Uwiteka” Yosuwa 24 : 15.
Guhitamo kugendera mw’ijambo ry’Imana ni ikintu umuntu yiyemeza buri munsi. Ntabwo ari ikintu umuntu akora rimwe gusa. Bifata intera, kubera ko bikora muri buri rwego rw’ubuzima.
Ni ikintu cy’ingenzi mu buzima. Hashize imyaka (...) -
“Niba Imana iri mu ruhande rwacu umubisha wacu ninde?”Pastor Desire
16 September 2015, by Pastor Desire Habyarimana“Niba Imana iri mu ruhande rwacu umubisha wacu ninde?”- Abaroma 8:31 Kumenya Imana kugira ngo ibane nawe ijye igutabara bisaba ko ubanza kuyimenya, kenshi tuvuga ko tuzi Imana ariko usanga tutaragera ku rugero rukwiriye.
Mose yari azi Imana mu rwego ruri hejuru (Gutegeka kwa kabiri 10:17), kuko uwiteka Imana yanyu ari:
1. Imana nya Mana. 2. Umwami w’ abami. 3. Imana ikomeye. (...) -
Nanyuze mu bikomeye, ariko Imana imara umubabaro – Godlove
8 April 2016, by Simeon NgezahayoNitwa Njut Tabi Godlove, mfite imyaka 27. Nakuriye mu mujyi uciriritse wo mu majyepfo ya Kameruni. Sinigeze ngira ubuzima nk’ubw’abandi bana. Ubwo ababyeyi basezeranya abana babo ubuzima bwiza, jyewe sinigeze ngira ayo mahirwe. Sinigeze ngira amahirwe yo kubona data.
Data amaze gupfa, mama yahise arwara. Nabayeho nta babyeyi ngira. Icyongeyeho, abadayimoni baranteraga nijoro bigatuma ntinya ijoro. Mu ishuli sinabashaga kwiga nnk’uko bikwiriye, bityo simbashe gutsinda ibizame. Ngize imyaka 10 (...) -
Mbese witeguye ute kugarukwa kwa Yesu?
28 September 2015, by Innocent KubwimanaMu gitabo cy’Ibyahishuwe, iyo usomye ubutumwa Yohana yahawe kugeza ku matorero, ubonamo abiri muri yo azaba atandukanye mu bihe bya nyuma. Filadelifiya na Lawodokiya. Usomye neza usanga yose ari abageni ba Kristo biteguye ubukwe bwe buzaba ubwo azaba agarutse kujyana itorero. Usanga umugeni umwe nubwo yarambagijwe ariko aranengwa imyitwarire, undi agashimwa akaniringizwa ibyo azabona nakomeza kwitwara neza mu bihe bye.
Reka tuvuge ko kugaruka k’Umwami wacu Yesu Kristo kuri bugufi, ni (...) -
Umugisha w’Imana ku buzima bwacu ! (Igice cya 2) Pastor Desire Habyarimana
12 February 2014, by Pastor Desire Habyarimana« Benshi bashaka gutona ku mutware, ariko Uwiteka ni We ucira abantu imanza » Imigani 29:26.
Bamwe mu bantu bagize umugisha w’Imana ku buzima bwabo: 1. Dawidi :
N’ubwo yaragiraga intama, yari yarashatse ubundi butoni ku buzima bwe akabana n’Imana mu buryo iwabo batazi : « Ubwo Data na Mama bazandeka, Uwiteka azandarura » Zaburi 27:10. Birumvikana ko se na nyina bari baramuretse, cyangwa baramutaye kuko ntiyagiye kuragira habuze bakuru be baragira. Ariko abonye ko yanzwe n’umuryango ahita (...)
0 | ... | 2790 | 2800 | 2810 | 2820 | 2830 | 2840 | 2850 | 2860 | 2870 | ... | 3150