"Habayeho igihe mu buzima bwanjye bwa Gikristo, mbaho nta byishimo ngira kubera ubutamenya. Narasengaga, nkitanga, nkaterana uko nshoboye, nkanga icyaha n’igisa na cyo kandi sinezezwe no kuba hamwe n’abantu baganira baseka, baba Abakristo cyangwa se abapagani."
Hari abantu nabonye bameze nk’uko nari meze uko. Imana iduhamagarira gukunda no kwegera abantu, ariko iyo tumeze dutyo twishyira ku ruhande, rimwe na rimwe tugaca imanza. Iyo bene Data bari kumwe basangira bishimye, ba bantu ntabwo bo (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Kubaho udaseka si ko kuba mu mwuka - Jeremy Sourdril
19 May 2013, by Isabelle Gahongayire -
Musanze : Abantu 70 bakiriye Kristo mu giterane cy’ivugabutumwa cyakozwe na Chorale Betesida ya ADEPR Karama (Muganza)
28 January 2014, by Simeon NgezahayoNk’uko twabitangarije n’umuyobozi w’iyi Korale Bwana Gatete Theogene, mu mpera z’icyumweru gishize iyi Korale yakoze urugendo rw’ivugabutumwa mu majyarugu, kandi barashima Imana ko hari abantu benshi bakiriye ubutumwa bwiza bagahindukirira Kristo.
Bamwe mu baturage baje kwakira ubutumwa bwiza
Gatete yakomeje adutangariza ko bari bafite igikorwa cy’ivugabutumwa mu ndirimbo, ijambo ry’Imana ndetse na Film za Gospel i Musanze muri Paruwasi ya Nyarubande, ku mudugudu wa Giheta. Igikorwa bakoze ku wa (...) -
Ijambo ry’ Umunsi
11 December 2012, by UbwanditsiYakobo5:16b-17 Gusenga kw’umukiranutsi kugira umumaro mwinshi, iyo asenganye umwete. Dore Eliya yari umuntu umeze nkatwe asaba cyane ko imvura itagwa, imvura imara imyaka itatu n’amezi atandatu itagwa.
-
Imwe mu mikorere ya Anti-Kristo mu gihe cya none
24 September 2015, by Innocent KubwimanaAnti-kristo cyangwa se anti-christ mu cyongereza, ni amagambo abiri afatanye; Anti: bisobanura kurwanya, na Christ: bisobanura Kristo; muri make antikristo bisobanura: urwanya Kristo.
Urwanya Kristo rero nta wundi ni satani. Nk’uko Imana ari Umwuka, antikristo nawe ni umwuka ntushobora kumurebesha amaso y’umubiri. Nk’uko n’Imana udashobora kuyirebesha amaso y’umubiri, kandi nk’uko udashobora kubona ingabo z’Imana arizo bamarayika n’amaso y’umubiri, ni na ko n’ingabo za satani (antikristo) ari zo (...) -
Sohora Ijambo, Maze Uzanishe Impinduka! Pasitori Anita
22 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaArababwira ati “Nimujugunye urushundura iburyo bw’ubwato, murafata.” Nuko barajugunya ntibaba bakibasha kurukurura, kuko ifi zari nyinshi (Yohana 21:6).
Igihe kimwe, nyuma yo kuzuka kwe Umwami Yesu yabonekeye abigishwa be bavuye kuroba, ariko bacyuye ubusa. Abigishwa bari bakoze ijoro ryose mu nyanja ariko ntibagira icyo bafata. Yesu ababonekeye mu gitondo, ababaza niba bagize icyo bafata, bamusubiza ko ntacyo. Nuko Yesu arababwira ati “Nimujugunye urushundura iburyo bw’ubwato, murafata.” (...) -
Icyo Imana inshakaho ni iki? - Michel Roux
12 June 2013, by Simeon NgezahayoIki ni ikibazo gikomeye. Gushakashaka uko wamenya ibyo Imana ishaka kugira ngo ube ari byo ukora, ni uguhora witondera ubuziama Imana iguha kubaho.
Duhora twibeshya ku mpamvu Imana yivanga mu buzima bwa muntu ikoresheje ijambo ryayo, mu buzima busanzwe.
kwibaza ku Mana cyane, no ku byanditswe byera, n’ibitekerezo bishingiye kuri tewolojiya nta cyo bimarira umuntu kuko bitabasha guhindura imyitwarire y’umwizera n’imiterere ye. Ijambo ry’Imana ritabayeho, tewolojiya yahinduka inyuguti zipfuye. (...) -
Wirira mu ijuru hasohotse itegeko rikurengera
17 November 2015, by Ernest RutagungiraAbakene n’abatindi bashaka amazi bakayabura ururimi rwabo rukagwa umwuma, njyeweho Uwiteka nzabasubiza, Jyeho Imana ya Isirayeli sinzabahana. Nzazibura imigezi mu mpinga z’imisozi n’amasoko mu bikombe hagati ubutayu nzabuhindura ibidendezi by’amazi, n’igihugu cyumye nzagihindura amasoko. ( Yesaya 41:17-18).
Mugihe isi yose ihangana n’ingaruka z’ihungabana ry’ubukungu, ibibazo ku basanzwe ari abakene n’abatindi bo byarushijeho kwiyongera, ngabo ubushomeri, kubura ibyo kurya, kwirukanwa mu (...) -
Ibitangaza bibaho pe amagufa ya Elisa yazuye intumbi!
3 April 2014, by Kiyange Adda-Darlene2 Abami 13: 21 : “ Bukeye,hariho abajyaga guhamba umuntu, barabukwa igitero kimwe, bajugunya uwo mupfu mu gituro cya Elisa.Nuko intumbi igwiriye amagufa ya Elisa ako kanya uwo muntu arazuka, arabaduka arahagarara.”Elisa yari umuntu w’Imana afite imbaraga z’Imana igihe yari akiriho ariko no mu gituro cye hasigaye amagufa gusa ibitangaza byarakoretse intumbi ijugunywe ku magufa ye irazuka kuko Imbaraga zizura abapfuye zari zikiri muri we nubwo yari yarapfuye.
Umuntu ashobora kugeragezwa kugeza (...) -
Yesu arabishoboye. Pasitori Bimenyimana Jean Claude
23 August 2015, by Pastor Desire HabyarimanaMatayo 14:14-21 Yomotse abona abantu benshi arabababarira, abakiriza abarwayi. 15.Umunsi ukuze, abigishwa be baramwegera bati “Aha ngaha ntihagira abantu none umunsi urakuze, sezerera abantu bajye mu birorero bihahire ibyokurya.” 16.Yesu arabasubiza ati “Ntakibajyanayo, mube ari mwe mubagaburira.” 17.Baramusubiza bati “Nta cyo dufite hano, keretse imitsima itanu n’ifi ebyiri.” 18.Arababwira ati “Nimubinzanire hano.” 19.Ategeka abantu ko bicara mu byatsi, yenda iyo mitsima itanu n’izo fi ebyiri, (...)
-
Rwanda Christian Film Festival izafungurwa ku mugaragaro kuruyu wa gatanu muri Zion Temple mu Gatenga
31 October 2012, by Patrick KanyamibwaRCFF izafungurwa kumugaragaro bwambere kuruyu wagatanu itali 02/11/2012 muri zion temple ubwo bazaba basobanurira abanyarwanda icyo iri serukiramuco rigamije , bazaba batangaza kandi film zatoranyijwe zizitabira Rwanda Christian film festival doreko yoherejwemo ama film aturutse hirya nohino mukarere kiburasirazuba , nyuma yogutoranya zimwe murizo film bazazenguruka hirya nohino muntara nomumujyi wakigali bagenda berekana izo film , basoze italiki 11/11/2012 muri Kigali serena hotel (...)
0 | ... | 620 | 630 | 640 | 650 | 660 | 670 | 680 | 690 | 700 | ... | 3150