Umuhanzi Musabe Bernadette yamuritse alubumu ye y’amashusho ku rusengero rwa ADEPR Nyakabanda kuva tariki 6/07 kugeza ku cyumweru tariki 8/07/2012, ibi bikaba byarabaye mu bitaramo yakoze aho kwinjira byari ubuntu, akaba yarafatanyije n’amakorali atandukanye harimo Korali « Abatoranyijwe » Kimisagara, Korali « Abihanganye » yo ku Muhima na Group y’abasirikare imufasha yitwa « Itorero ku rugamba » n’bakongomana bitwa « Umoja » Icyi gitaramo cyari cyitabiriwe cyane, hagaragayemo kubyina no guhimbaza (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Bernadette yamuritse alubumu ye mu gitaramo cy’iminsi itatu
14 July 2012, by Patrick Kanyamibwa -
Ijambo ry’ Umunsi
22 September 2013, by UbwanditsiUwiteka ategeka Aburamu ati va mu gihugu cyanyu, usige umuryango...Nanjye nzaguhindura ubwoko bukomeye, nzaguha umugisha, nzogeza izina ryawe, uzabe umugisha. Kandi nzaha umugisha abakwifuriza umugisha, kandi uzakuvuma nzamuvuma, kandi muri wowe ni mo imiryango yose yo mu isi izaherwa umugisha. Itangiriro 12:1-3
-
Ibyiringiro by’ejo hazaza – Victor Shepherd (Igice cya 1)
7 April 2014, by Simeon NgezahayoKu Bakristo, ibyiringiro ni ukumenya udashidikanya ko ejo hazaza ari heza, ukabigendana ku mutima uyu munsi. Icyo twiringiye uyu munsi ni uko Imana ari iyo kwizerwa. Kuba Imana ari iyo kwizerwa tubyerekwa n’ibintu bifatika (amasezerano yasohoje) yakoreye abantu bayo kandi itazahwema kubagirira kuko itazigera ibareka. Kimwe muri iyo mirimo, ni uko yakuye Abisirayeli mu buretwa barimo muri Egiputa kandi ikabakiza ku nyanja itukura. Icya kabiri, yahaye Yosuwa kuyobora ubwo bwoko akabwambutsa (...)
-
Nta mahoro y’umunyabyaha, niko Imana yanjye ivuga!
27 March 2013, by Alice Rugerindinda“Nta mahoro y’umunyabyaha niko Imana yanjye ivuga “ Yesaya 57:21
Hariho umugabo ngo wari warakiriye Yesu nk’Umwami n’Umukiza, igihe kimwe ahura n’undi mugabo w’umukire cyane ngo we ntabwo yari yarakiriye Yesu. Uwakiriye Yesu atangira kubwiriza uwo mugenzi we ngo amwereka ibyiza byo kwakira Yesu mu bugingo bwawe.
Atangira amubwira ngo: “Kwakira Yesu ni byiza, dore Yesu atanga abana, yampaye abana beza cyane. Wa mugabo wundi ngo aramuseka cyane ati se ko nanjye utarakiriye Yesu, mfite abana ndetse (...) -
Umaze igihe ukorera Imana ariko urongeye uhamagarwa bundi bushya guhera uyu munsi. Pst Gaudin
18 September 2015, by Pastor Desire HabyarimanaMaze umwe mu Baserafi araguruka, aza aho ndi afite ikara mu ntoki ryaka yakuje urugarama ku gicaniro, arinkoza ku munwa arambwira ati “Dore iri rigukoze ku munwa, gukiranirwa kwawe kugukuweho, ibyaha byawe biratwikiriwe.” Numva ijwi ry’Umwami Imana riti “Ndatuma nde, ni nde watugendera?” Maze ndavuga nti “Ni jye. Ba ari jye utuma.” (Yesaya 6:6-8)
Sinzi imyaka umaze ukorera Imana, sinzi igihe wahereye uhanura cyangwa ubwiriza. sinzi ibyo Imana yagukoresheje kuburyo byaba bimaze kuba nk’Inkovu (...) -
Promise & mission Choir igiye ku murika alubumu yayo ya kabiri y’amashusho: Dore amwe mu mateka yayo
11 July 2013, by UbwanditsiNk’uko twabitangarijwe na Rwangabwoba Jean Paul umuyobozi wiyi Korale Promise & mission Choir (PMC), kuri iki cyumweru tariki ya 14/07/2013 kuva saa munani z’amanwa nibwo iyi Korali izashyira hanze inamuriku ku mugaragaro alubumu yayo ya kabiri bibere ku rusengero rwa Assemblies of God Nyamirambo mu mugi wa Kigali.
Muri iki gitaramo iyi Korale izaba iri kumwe na Korale Musingi hamwe na Pasiteri Julienne na Stanlay Kabanda ndetse n’umushumba wa runo rusengero Pasiteri Evariste n’umufasha (...) -
Dore icyemezo Satani yafatiye abarokore ngo abagushe!
17 July 2012, by UbwanditsiDore icyemezo cya satani kw’isi yose
Ibi ngibi ni ibintu byabayeho, tubisome twitonze kugira ngo tubashe kuba maso no kutagwa mu mutego. Mw’itangira ry’ibiganiro yagiranye n’abamalayika be b’umwijima, satani yavuze ati :
Ntabwo twabuza abakristu kujya mu rusengero, ntabwo twababuza gusoma bibiliya no kumenya ukuri, nta nubwo twababuza kuba inzobere mu byerekeranye n’ubusabane na Yesu Kristu. Babashije kugira ubwo busabane na Yesu, nta bubabasha twaba tukibafiteho.
Reka dutume badahindura (...) -
Umuvugabutumwa Billy Graham n’umuryango we BGEA barashinjwa Gushyigikira Umukandinda Mitt Romney
25 October 2012, by UbwanditsiUmuryango watangijwe numuvugabutumwa uzwi cyane Billy Graham urashinjwa nabantu batandukanye kuba waba utera inkunga umu kandinda uhanganye na Balack Obama ariwe Mitt Romney.
Ibyo byatangajwe nyuma yuko abantu batandukanye bagiye bandikira uwo muryango binyujijwe kuri Email bavuga ko ibyo bitari bikwiriye , ko umuvugabutumwa nka Billy Graham akina Politike ebyiri yo guhimbaza Imana no kwamamaza Mitt Romney.
Mugusubiza abo bantu umuvugizi wuwo muryango Larry Ross yagaragaje ko, haba uwo (...) -
Twihe Imana tumaramaje! - Kenneth et Gloria Copeland
15 June 2013, by Isabelle GahongayireNiba mwifuza kugera kure mu by’umwuka, mugomba kumenya no kuba mu ijambo ry’Imana mu buryo bwose bushoboka.
“Ubwenge muri byose ni bwo ngenzi, nuko rero shaka ubwenge, ndetse ibyo utunze byose ubishakishe ubuhanga. Ubukuze na bwo buzagukuza, nubukomeza buzaguhesha icyubahiro”Imigani 4 : 7-9.
Niba mu by’ukuri twifuza ubwenge bw’Imana, bidusaba gusoma bibiliya cyane, bitari iby’akamenyero by’iminota mike ya buri munsi wenda tujya dufata. Biradusaba kuyifungura amanwa na n’ijoro. Biradusaba kureka (...) -
Ca: Selena Gomez akomeje kugaragaza imyitwarire y’Abakristo nyuma yo gutandukana n’incuti ye!
25 February 2014, by Simeon NgezahayoNyuma y’ibihuha bimaze iminsi abantu bibaza icyatumye umuhanzikazi akaba n’umukinnyi wa film Selena Gomez ajya mu kigo ngororamuco, ku wa Gatatu ushize yashyize ifoto y’ijambo ry’Imana kuri page ye ya Instagram.
Uyu muhanzikazi/umukinnyi wa film yavuze ku magambo aboneka mu Itangiriro 12:2, agira ati “Nzakugira ishyanga rikomeye; nzaguha umugisha; uzabe umugisha!” Amaze kwandika aya magambo, Gomez yakomeje avuga ati “Azampa umugisha w’impano zikomeye,” ariko anyuza umwambi hagati muri ayo magambo (...)
0 | ... | 660 | 670 | 680 | 690 | 700 | 710 | 720 | 730 | 740 | ... | 3150