Uyu musi ubuhamya bwa David na Delphine bahisemo kunyura mu nzira Imana yabateguriye. Ni inzira itoroshye, ariko ni inzira y ‘Imana. Hamwe n’ibyiringiro ko Imana iri kumwe nabo. David : Navukiye mu Bufaransa, kuva ndumwana njya mw’itorero.Naje kwakira Yesu mfite imyaka 17. Nagize umuhamagaro wo gukorera Imana, ariko sinahise menya neza uburyo Imana yipfuzaga ko nyikoreramo. Mu myaka itari mike, nagumanye umuhamagaro ariko udakora. Delphine : Nakiriye agakiza mfite imyaka 15, muri (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Ntitugacike intege, ntitugasubire inyuma, ntitugatakaze kwizera.
18 March 2013, by Isabelle Gahongayire -
Musanze : Umutegarugori yibarutse abana bane icyarimwe
16 October 2012, by UbwanditsiUyu mutegarugori ufite imyaka 35 y’amavuko, umugabo we afite imyaka 75
Nyuma y’igihe kigera ku kwezi n’igice akurikiranirwa hafi n’abaganga bo mu Bitaro Bikuru bya Ruhengeri, umutegarugori wo mu Mudugudu wa Kavumu, mu Kagari ka Kigombe, Umurenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru yabashije kubyara abana bagera kuri bane nta nkomyi.
Mu ma saa sita z’ijoro rishyira kuri uyu wa Mbere, Nyirakanyana Francoise w’imyaka 35 y’amavuko yabyaye abana bane barimo abahungu babiri (...) -
Igiterane cya Kabiri mu buhinde kigiye gukorerwa mu mujyi wa Chidambaram- Cuddalore
17 July 2013, by UbwanditsiUyu mujyi wa Chidambaram- Cuddalore (Bisobanuye umujyi w’ ibigirwamana) aha niho hari insengero zibigirwamana zikomeye n’ icyicaro gikuru cy’Abahindu izi nsengero z’ ibigirwamana zimaze imyaka ibihumbi bitatu (3000).
Aha kuri izi nsengero hari imyukamibi ikomeye kuko bahamagara imizimu mukavugana hari magie ikomeye bahatambira ibitambo by’abana b’abakobwa kuva ku myaka itanu bakahakurira hanyuma abaza muri izi nsengero bagasambana nabo bakizera ko bahawe umugisha.
Ikindi abantu batanga (...) -
Ibihugu 10 Abakristo bakwiye kubamo bigengesereye
16 October 2012, by UbwanditsiUru rutonde rwakozwe mu mwaka wa 2011 mu kwa cumi nakumwe rukorwa nuwitwa Jay Karlson wandikira urubuga www.listeverse.com yashingiye cyane kuri zaraporo zitangwa buri mwaka zuburyo abakristo bicwa bazira imyizerere yabo: 10.Laos umubare wabanyagihugu:millioni 6.4 ; abakristo bagituye ni:200,000 Idini ryiganje: Buddhism Goverinoma:iyobowe naba Communiste
Ubutegetsi bwa Laos ndetse na societe ya laos ifata abakristo nkabaretwa babanyamerika ibyo bigatuma abakristo bahohoterwa birenze (...) -
Ubuntu bw’Imana buratangaje!
16 September 2015, by Pastor Desire HabyarimanaMbega uko nakunze ukuntu Yesu yagendaga mu nsisiro, azanye ubutumwa bwiza bw’Imana kuri bose anakiza abo umwanzi yatwazaga igitugu !!!(Ibyakozwe n’Intumwa 10 :38). Kubona umuntu utaritaye ku munaniro we, ku bukana bw’izuba, ku bukomere bw’inzira kugirango amenyekanishe urukundo rw’Imana; ni iby’igikundiro!
Aratangaje, ntiyasubiraga inyuma ku bwo kurushywa n’abantu; kenshi yagaragaje impuhwe nyinshi kandi urukundo rwe rwinshi rwagaragariye ku buryo atihimbarizaga kuzana ubutumwa bw’Imana ahubwo ko (...) -
Uburyo bw’Imana burenze cyane uko twabutekereza.
6 September 2015, by Alice Rugerindinda“ Uburyo bw’Uwiteka bubera abatunganye igihome, ariko ku nkozi z’ibibi ni ukurimbuka” Imigani 10:29 “The way of the Lord is a stronghold to those with integrity, but it destroys the wicked”
Aya magambo y’Imana umuntu yarayatubwirije aramfasha cyane , Ndimo ndatekereza ku buryo bw’Imana, nkumva simbasha kubushyikira, ariko birumvikana, kuko inzira z’Imana zirenze kure uko tubitekereza. Dieu a sa façon de faire. Ku bantu iyo birangiye, uburyo bw’Imana buba butangiye, uburyo bwayo buratangaje
Kuri (...) -
Impuguro 9 zagufasha kubona umudari w’izahabu mu bwami bw’Imana - David Porter
6 May 2013, by Isabelle GahongayireAbantu b’abanebwe baricaye banenga umukobwa witwa Gabby Douglas w’imyaka 16 watsindiye imidari 2 y’izahabu mu mikino y’isi yakinnye agatsinda. Impamvu bamunenze ngo ni uko yari yasokoje nabi!
Impamvu Gabby yabonye iyo midari ni uko yahagurutse agakora imyitozo ihagije kandi ivunanye, abamunenga bo bakaba bajenjetse. Ubwo bamubazaga, Gabby yaravuze ati «Iminsi mibi aba ari iy’ingezi, kuko ari muri iyo minsi intwari zigaragarira. Niba ushobora kunesha mu minsi mibi, ushobora kunesha igihe cyose.» (...) -
Umutinganyi w’icyamamare yakiriye Kristo nyuma y’aho arwariye akagera bugufi bwo gupfa
11 October 2013, by Simeon NgezahayoJoseph Sciambra utuye mu mujyi wa Napa, California aratanga ubuhamya bw’ukuntu yari yarararuwe na film z’ubusambanyi (porn) kuva mu bwana bwe, akaza no kuba ikimenyabose mu gukina izi film n’abo bahuje igitsina ubwo yari afite imyaka 20 gusa. Ibi abivuga neza mu bitabo cye yise ‘Swallowed by Satan’ (Uwamizwe na Satani).
Mu gitabo cye gishya, Joseph Sciambra avuga uburyo yararuwe no gukina pornography n’abo bahuje ibitsina afite imyaka 20 gusa, mbere y’uko arwara akagera bugufi bwo gupfa. Ubwo (...) -
Yesu ni MUZIMA, kandi muri we nabonye UBUGINGO!
8 May 2013, by Simeon NgezahayoNkiri muto narerewe mu wundi muryango. Bambwiraga inkuru za Yesu cyane kugira ngo ngirane ubucuti nawe. Namubwiraga byose, nawe akandinda. Maze kuba umwangavu, namuteye umugongo kuko nagize imyitwarire mibi. Icyakurikiyeho ni uko umubano nari mfitanye na Yesu wagiye uzima buhoro buhoro. Ariko ntiyandetse, ahubwo yaranyihanangirije cyane: umunsi umwe umuntu yampaye lifuti, maze ambwira ibyanjye.
Nicaye muri iyo modoka numvise amahoro adasanzwe yuzuye umutima wanjye, ambwira ibintu ku buzima (...) -
Witinya, gira kwizera, kera amagambo yawe yarumviswe
14 June 2016, by Emmanuel NTAKIRUTIMANAAherako arambwira ati ‘’Witinya Daniyeli, kuko uhereye kumunsi watangiriyeho gushishikarira gusobanukirwa no kwicisha bugufi imbere y’Imana yawe, amagambo yawe yarumviswe kandi niyo anzanye. Ariko umutware w’ibwami bw’u Buperesi amara iminsi makumyabiri n’umwe ambuza , nyuma Mikayeli, umwe wo mu batware bakomeye aza kuntabara, ntinda mu bami b’u Buperesi (Daniyeli 10:12-13)
Mu bisanzwe aya magambo ashimangira ukuntu Imana iha agaciro ibyo tuyikorera kandi bikayikora ku mutima iyo umuntu (...)
0 | ... | 740 | 750 | 760 | 770 | 780 | 790 | 800 | 810 | 820 | ... | 3150