Ntarakizwa nari mfite icyuho mu mutima wanjye, nkumva hari icyo mbura. Numvaga narazimiye, nkumva hari ikitagenda. Nari ndwaye na asima, bikambera umutwaro uremereye.
Umunsi umwe marume w’umupasiteri yampaye unuhamya bwe. Ni we wambwiye inkuru za Yesu maze ntangira gukunda ijambo ry’Imana no kujya gusenga. Uko nagendaga negera Imana nakomeje kuyumva mu buzima bwanjye. Nari maze kuyizera cyane, nkumva mfite amahoro menshi kandi iminsi yose namaze ngendana na Yesu nabonye gukomera kw’Imana. (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Imana yankijije ubumuga! - Larina
1 May 2013, by Simeon Ngezahayo -
Imfunguzo eshatu zadufasha kwakira igitangaza
11 March 2013, by Isabelle GahongayireMunyemerere mbabwire uburyo Imana ikomeje kugenderera Brasil hakaba ububyutse. Imana irimo gukora muri Brasil, Sao Paulo, na Manaus mu buryo ntari bwigere mbona mu yindi myaka. Ibyo bitangaza n’ibimenyetso biri guherekeza ubutumwa bwiza ni ingero nziza z’igitangaza gikomeye cyabanje kubaho—igitanza cy’agakiza. Tuzi ko Yesu Kristu, binyuze mu rupfu no kuzuka kwe, yatanze ubugingo buhoraho kuri abo bose bamwizeye kandi ibi birakomeje n’uyu musi kuri abo banyabresiliya bakomeje kumwizera n’uyu (...)
-
Abanyeshuri babanyarwanda baba mu Buhinde bakinnye Filme y’ikinyarwanda
27 May 2013, by Patrick KanyamibwaNkuko twabitangarijwe na Mugabe Aline Nene wiga muri University yo mu gihugu cy’u Buhinde ahitwa Salem umwe mu banyarwanda bakina filime mu buryo bwo kuvuga butumwa babinyujije mu mashusho muri minisiteri yitwa “Seek God Ministrie” uyu akaba ari president nu mutoza wabakinyi muri departement yivuga butumwa mu buryo bwa mashusho yatubwiyeko batangiye bakina muri eglise bukeya bukeya, nyuma baricara batekereza uburyo basakaza ubutumwa babona bagomba kubicisha muri movie.
Bimwe mubikorwa (...) -
Ibimenyetso by’Imana - Gael Eba-Gatse
1 May 2013, by Isabelle GahongayireYesu Kristo azagaruka gutwara umugeni we ari we torero, ariko ntabwo yatubwiye igihe cyangwa umunsi, nta kwezi cyangwa umwaka tuzi azagarukiraho. Nyamara yadusigiye ibimenyetso byo kugaruka kwe.
Ncuti zanjye, turi mu bihe bitoroshye, ubwo isi igenda irushaho gushoberwa. Indangagaciro zirimo kugenda zibura, ibyari biteye isoni uyu munsi byabaye ibisanzwe, ndetse bigenda byemerwa n’amategeko.
“Kuko baguraniye ukuri kw’Imana gukurikiza ibinyoma, bakaramya ibyaremwe bakabikorera kubirutisha (...) -
Aho imbabazi z’Imana zihurira n’icyubahiro cyayo Dr Ivan
12 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaAHO IMBABAZI Z’IMANA ZIHURIRA N’ICYUBAHIRO CYAYO
Amaganga ya Yeremiya 3: 22, 23, 25: "Imbabazi z’Uwiteka nizo zituma tudashiraho, kuko ibambe rye ritabura, zihora zunguka uko bukeye, umurava wawe ni munini", Uwiteka abereye mwiza abamutegereje, n’ubugingo bw’umushaka, Imbabazi ze nizo zituma tudashiraho, zihora zunguka uko bukeye, buri gitondo hari imbabazi nshya nshya.
Ubusanzwe imbabazi mu ndimi z’amaghanga ni Grace = kwemerwa = faveur = guhabwa ibyo utari ukwiriye. Hari ubuntu buhora (...) -
Kuri iki cyumweru muri SERENA Hotel haramurikwa igitabo cyiswe “HIRYA Y’IMBIBI Z’AMASO”
18 February 2013, by UbwanditsiTariki ya 24/02/ 2013, nibwo umwanditsi Ndatsikira Jean Paul azashyira ahagaragara igitabo “HIRYA Y’IMBIBI Z’AMASO”. icyo gikorwa kikazabera kuti Kigali Serena Hotel saa kumi z’umugoroba. Tuzasusurutswa n’abahanzi Simon Kabera na Alexis Dusabe. Kwinjira ni ubuntu ku muntu wese ashishikajwe no kwandika no gusoma nk’umuco
NDATSIKIRA JEAN PAUL NI MUNTU KI? Nitwa NDATSIKIRA Jean Paul, nkaba naravukiye mu gihugu cy’ I Burundi mu w’I 1980. Amashuri abanza nayigiye I Burundi, ayisumbuye nyigira mu rwunge (...) -
Rubyiruko mubeho kubwa Yesu” igiterane cyateguwe n’Ihuriro ry’ubwiyunge
11 July 2012, by Patrick KanyamibwaNkuko twabitangarije na Paul Bigati umwe mubari gutegura icyi giterane, kuva kuwa gatanu tariki ya 13/07 kugeza ku cyumweru tariki ya 15/07/2012, hateguwe igiterane cy’ivugabutumwa mu rubyiruko no mu bandi bantu bakuru, intego nyamukuru yicyi giterane nu kwibutsa urubyiruko ko buri wese afite icy’Imana ya muteganyirije kandi akwiye kwibutsa uburyo yakigeraho, ndetse hazabako gusobanurira no kwibutsa urubyiruko ko rubayeho kubwa Yesu.
Paul Bigati yakomeje atubwirako kuwa gatanu tariki ya (...) -
Kuba Yesu yarabambwe ntibyamubujije kuba Umwami
17 April 2014, by Pastor Desire HabyarimanaYohana 19:17-19 Asohoka yiyikorereye umusaraba agera ahantu hitwa i Nyabihanga i Gologota, bamubambanaho n’ abandi babiri hirya no hino, Yesu ari hagati.. Pilato yandika urwandiko arushyira ku musaraba rwanditswe ngo “Yesu w’i Nazareti umwami w’ Abayuda”. Theme: Kuba Yesu yarabambwe ntibyamubujije kuba Umwami.
Yesu yaje ari Umwami ariko ntibamwemera, baramubamba ku musaraba ariko hejuru ye bandikaho ngo “Umwami w’ Abayuda”
Igihe wakizwaga wahindutse umwami n’ umutambyi mu bwami bw’ (...) -
Yee, Mwami uziko ngukunda!
2 February 2016, by Alice RugerindindaMbega ijambo riremereye. Iri jambo ryavuzwe na Simoni Petero ubwo Umwami Yesu yamubazaga inshuro eshatu niba amukunda. Ubwa mbere Yesu yabajije Petero ati “ Simoni mwene Yona, urusha aba kunkunda?” Aramusubiza ati:
“ Yee, Mwami uziko ngukunda”, Yesu abimubajije ubwa gatatu ngo byaramubabaje aramusubiza ati : “ Mwami umenya byose, uzi kandi ko ngukunda” Yohana 21: 15-17
Ibaze nawe umuntu asanzwe ari inshuti yawe , yarangiza akakubaza niba umukunda kandi ntabikubaze inshuro 1 akabikubaza (...) -
Akarusho uramutse witekeye Potaje y’ibijumba n’ubunyobwa
1 October 2012, by Ernest RutagungiraNk’uko dusanzwe tubafasha gutegura amafunguro meza ,yizewe mu isuku kandi yujuje intungamubiri, noneho tubazaniye potaje (potage) nziza kandi yoroshye guteka, ikaba ikozwe mu bijumba hamwe na beurre d’arachide ( imera nk’amavuta afashe akorwa mu bunyobwa) akenshi ikoreshwa mu gusigwa ku umugati, abenshi bita confiture y’ubunyobwa,iyi potaje ikaba itegurwa mu gihe kingana n’iminota20, igatekwa 55
Ibikoresho byifashishywa mu gutegura iyi potage Isafuriya Icyuma Imbabura cyangwa irindi ziko (...)
0 | ... | 1100 | 1110 | 1120 | 1130 | 1140 | 1150 | 1160 | 1170 | 1180 | ... | 3150