Washington Post yashyize ahagaragara urutonde rw’ibihugu bibangamira uburenganzira bwa muntu ku bijyanye n’amadini. Ubushakashatsi bwakozwe bwagaragaje ko iri hohotera rishingiye ku idini rigaragara cyane muri Africa, Asia no mu Burasirazuba bwo Hagati.
Ibihugu biza ku isonga mu kubangamira uburenganzira bw’amadini ni Burma, China, Eritrea, Iran na Korea ya Ruguru. Ibi byagaragajwe mu bushakashatsi bwakozwe n’umuryango “U.S. Commission on International Religious Freedom” (USCIRF).
N’ubwo (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Ibihugu biri ku isonga mu kubangamira uburenganzira bw’amadini kurusha ibindi ku isi - Melissa Steffan
30 July 2013, by Simeon Ngezahayo -
Yari agiye gusabira abiwe umugisha. Habyarimana Dan.
5 April 2014, by Habyarimana Dan2 Samuel 6 : 20-23 « Dawidi nawe asubira iwe gusabira abiwe umugisha. Maze Mikali mwene Sawuli arasohoka gusanganira Dawidi, aramubwira ati : « Ariko uyu munsi ko umwami wa Isirayeli yari umupfasoni ubonye ngo yibeyurire imbere y’abaja n’abagaragu be , nk’ umuntu utagira umumaro, iyo yibeyura adafite isoni !Dawidi asubiza Mikali ati :nabikoreye imbere y’Uwiteka wantoranije, akandutisha so n’urubyaro rwe rwose, akangira umutware w’ubwoko bw’Uwiteka aribwo Isirayeli. Nicyo gituma nzajya niyereka (...)
-
Nigeria : Kabuhariwe mu gukina Sinema Jimmy Iyke yakiriye agakiza
7 October 2013, by UbwanditsiInkuru ikomeje kuvugwa mu Gihugu cya Nigeria ni iy’umukinnyi w’icyamamare muri Filime uzwi nka Jimmy Iyke, ariko amazina yebwite ari James Ikechukwu Esomugha, wakiriye agakiza ubwo yari yagiye mu rusengero rw’abarokore aherekeje inshuti ye.
Inkuru dukesha urubuga rwa bellanaija, iravuga ko Jimmy Iyke umukinnyi wa filime w’icyamamare mu gihugu cya Nigeria, akaba ari no mu bakinnyi bahebwa neza muri Nollywood (Inzu itunganya sinema zo muri Nigeria yinjiye mu rusengero aherekeje inshuti, yari (...) -
Ijambo ry’ Umunsi
13 March 2013, by UbwanditsiNimukomere mushikame, ntimutinye kandi ntimukurwe umutima n’ umwami wa Ashuri cyangwa ingabo ze zose ziri kumwe nawe, kuko Iyo turi kumwe ikomeye iruta abari kumwe nawe...Mu ruhande rwe ari kumwe n’ amaboko y’ umubiri, ariko mu ruhande rwacu turi kumwe n’ Uwiteka Imana yacu, niyo idutabara kandi ije kuturwanirira intambara zacu...2 Ngoma 32:7-8
-
Imana igira gahunda itangaje!
29 February 2016, by Alice Rugerindinda“ Aho muzaba mugiye kunyura hose, abahatuye nzabacamo igikuba bakangarane, abanzi banyu bose bazabahunga. Nzohereza amavubi abajye imbere yirukane abahivi n’Abanyakanani n’Abaheti. Icyakora sinzabirukanira icyarimwe kugirango igihugu kidahinduka ishyamba, maze inyamaswa zikaba nyinshi zikababuza amahoro. Nzajya mbirukana buhoro buhoro kugeza igihe muzagwira mukazungura igihugu cyose. KUVA 23: 27-30
Imana igira gahunda itangaje. Hari amagambo yo muri Bibiliya umuntu asoma akumva atangajwe (...) -
Imana ni Yo mugenga w’ibihe - Jacques Vernaud
18 August 2015, by Isabelle GahongayireMu byo Imana yaremye byose, hari urutonde n’umurongo ngenderwaho. Tugomba gukomeza kuwugenderaho, tukawuzirikana kugira ngo tubeho neza dufite amagara mazima.
Mu byo Imana yateguye, harimo umwanya wihariye w’akaruhuko. Gukora utaruhuka si byo Imana ishima, ahubwo ishaka ko buri cyose dukora kiba mu mwanya wa cyo, tukagira n’umwanya w’akaruhuko. Akaruhuko ko ku isabato kari mu byo Imana yagenye. Abantu si ibikoresho by’akazi cyangwa se amamashini, kandi akazi si cyo kintu cy’ibanze mu buzima. (...) -
Igiterane cyiswe “Rubavu mu biganza byawe Mana” cyagaragaje ubumwe hagati y’abayobozi muri Leta n’abanyamadini
20 January 2014, by Simeon NgezahayoIgiterane cyiswe “Rubavu mu biganza byawe Mana” cyabaye kuri iki cyumweru tariki ya 19 Mutarama 2014 muri Hoteli Serena ya Rubavu aho uyu muhango wari witabiriwe n’abayobozi batandukanye mu nzego za Leta ndetse n’iz’amadini abarizwa muri aka karere, abikorera ndetse n’abandi. Iki giterane cyaranzwe no gusengera aka karere ndetse no gushimira Imana ku byo yabagejejeho.
Ibumoso Pastor Masasu Simon, hagati Frere Manu, iburyo umunyamakuru wa RBA
Iki gikorwa kibaye ku ncuro ya mbere muri aka karere (...) -
Ko muhagaze nk’abadafite icyo gukora!
17 May 2016, by Alice Rugerindinda“Ni iki kibahagaritse hano umunsi wose ntacyo mukora! Baramusubiza bati “ Kuko ari ntawaduhaye umurimo” matayo 20: 6-7
Iki kibazo cyabajijwe n’umuntu warukeneye abantu bo kumukorera mu biti bye by’imizabibu. Mu bigaragara muri iyi nkuru, nuko yari afite umurima munini cyane ukeneye abantu benshi bo kuwuhinga, ikindi nuko kuri we, amasaha yo gutangira sicyo kibazo, icyangombwa nuko umuntu yemera kujyamo. Ikindi afite ibihembo kandi buri wese amuhemba icyo yamusezeranije kuko atabeshya kandi (...) -
Imbaraga z’Ijambo ry’Imana
29 February 2016, by Emmanuel KANAMUGIRE“Kuko ijambo ry’Imana ari rizima, rifite imbaraga kandi rikagira ubugi buruta ubw’inkota zose, rigahinguranya ndetse kugeza ubwo rigabanya ubugingo n’umwuka, rikagabanya ingingo n’umusokoro kandi rikabangukira kugenzura ibyo umutima wibwira ukagambirira. Abaheburayo 4. 12”
Kandi Uwiteka arabaza ati “ mbese ijambo ryanjye ntirimeze nk’umuriro cyangwa nk’inyundo imenagura urutare?” Yeremiya 23,29
“Ubwo bimeze bityo mwiyambure imyanda yose n’ububi busaze mwakirane ubugwaneza ijambo ryatewe muri mwe (...) -
Ntugapfushe ubusa impano n’imbabazi wagiriwe (inyigisho ya RUTAGUNGIRA Ernest)
6 July 2013, by Ernest RutagungiraImana Ishimwe kubw’impano y’agakiza yatanze ku bw’ubuntu, Ishimwe kandi kubw’ijambo ryayo yaduhaye ngo ritubere urumuri rutumurikira kumanywa na nijoro, turyizereremo riduhindure ndetse ritubere inkomezi mugihe ducitse intege, rinaduhumurize mu gihe cy’amakuba, kubwaryo kandi ritubere indorerwamo twireberamo maze twisobanukirwe, bityo binyuze muri ryo turasobanukirwa impano dufite n’imigambi satani afite yo kuzitwambura cyangwa se kuduhuma amaso ngo tuzipfushe ubusa .
Kuva iyi si yaremwa nk’uko (...)
0 | ... | 1080 | 1090 | 1100 | 1110 | 1120 | 1130 | 1140 | 1150 | 1160 | ... | 3150