Nkuko twabitangarijwe na Jules Munyampeta, umwe mubayobozi biri tsinda riyobora kuramya no guhimbaza kuri Women Foundation ry’urusengero Noble Family Church ryitwa “Precious Stones”, iki giterane cyo guhimbaza Imana kibaba kibaye ku nshuro ya gatatu bongera gutegura iminsi irindwi yo kurama no guhimbaza Imana. Insanganyamatsiko ikaba ari “Coming back to heart of worship” bisahatse gusobanuta ngo “Garura umutima wo kuramya no guhimbaza”
Icyi cyumweru cyo gushimba Imana, kizatangira kuwa gatanu, (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Precious Stones yateguye iminsi 7 yo kuramya no guhimbaza Imana kuri Women Foundation Ministries & Noble Family Church Kimihurura.
20 May 2013, by Ubwanditsi -
Umuntu utinya Imana ntabwo yatinyuka gusambana no kwicana – Pastor Rutayisire
9 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIbyaha by’ubwicanyi n’ubusambanyi ku bantu bigaragara nk’ibyaha biruta ibindi, nyamara Bibiliya yo ivuga ko nta cyaha kiruta ikindi, ibyo byatumye ikinyamakuru Izuba Rirashe kivugana na Rév Pasiteri Kanoni Antoine Rutayisire kugira ngo agaragarize abasomyi icyo abivugaho yifashishije ijambo ry’Imana.
Umukuru w’Itorero Angilikani muri Katedarare ya Remera Kanoni Antoine Rutayisire, yatangarije ikinyamakuru Izuba Rirashe yagize icyo abivugaho, avuga ko ubundi nta cyaha gikomeye kuruta ibindi ku (...) -
Batemberejwe i kuzimu– 7 bo mu rubyiruko rwa Colombiya (igice cya 5)
23 March 2014, by Kiyange Adda-DarleneNoneho mbona ameza abajwe mu giti ariko atakongowe n’umuriro. Kuri yo hari hateretse ibimeze nk’amacupa y’inzoga. Yagaragaraga nk’abasha kumara inyota, ariko yari yuzuye umuriro. Nkomeje kureba, mbona umuntu w’umugabo umubiri we wose wari warangiritse yari asigaranye imyenda yuzuye ibyondo kandi yahiye. Nta maso, nta munwa nta n’umusatsi yari agifite byari byarakongowe n’umuriro. Yabashaga kundeba nubwo nta maso yari agifite.
Ndabibutsa ko ari umwuka w’umuntu ushobora gutekereza, gushyira mu (...) -
Haguruka wambuke Yorodani!
4 April 2013, by Simeon NgezahayoBuri wese muri twe afite amasezerano. Ntibidukwiriye kwishuka ngo twiturize gusa twumva ko ibintu bizikora. Tugomba guhaguruka, hanyuma tukarwana. Ubu ni bwo buryo Kalebu wakuranye na Yosuwa yakoreshaga. Yaravuze ati “Imana yansezeranije kiriya gihugu, reka ngende ndwane kugira ngo ninjire mu mugisha wanjye.”
Kuva kuri uyu wa 5 kugeza kuwa 7 Mata 2013, mu mujyi wa Montreal (Canada) hazaba harimo kubera igiterane gifite intego igira iti: “Haguruka wambuke Yorodani.” Iki giterane cyateguwe (...) -
Mu Itorero Patmos hatangiye igiterane kizamara icyumweru!
13 May 2013, by UbwanditsiIki giterane cyatangiye kuri uyu wa mbere gifite intego igira iti “Ritura inkike zananiranye ziri imbere yawe” Yosuwa 6. Cyitabiriwe n’abakozi b’ Imana batandukanye, cyane cyane abakorera umurimo w’Imana mu karere ka Nyarugenge bibumbiye mu ihuriro ry’amadini n’amatorero rikuriwe na Bishop Nzeyimana Innocent.
Hari kandi n’umunyabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Muhima Bwana Rwamucyo Severin, ari na we wafunguye iki giterane ku mugaragaro. Hari n’abahanzi batandukanye barimo Mwenegihome, (...) -
Pasiteri wanjye anywera inzoga ku mugaragaro, itabi akarinywera mu rwihisho - Carlos Whittaker
4 September 2013, by UbwanditsiMbese ku Mukristo itabi n’inzoga si kimwe? Niba bitandukanye, kuki?
Abakristo benshi nzi banywa inzoga. Kunywa inzoga byaraziruwe mu itorero, cyane aho nkunda gusengera. rwose nzi benshi banywa inzoga kuruta ko batazinywa. Nanywera mu ruhame no mu rwihisho. Ibi byabaye nk’ibisanzwe. Nta kundi.
Iyo ndi muri bagenzi banjye bandi… baba banywa itabi. Ibaze nawe! Byibura iyo baza kuba banywa itabi ryoroheje… kandi ibi babikora bihishe. Icyo baba bashaka ni uguhisha bagenzi babo b’Abakristo ko (...) -
Ujya uhangayikishwa niyo utabanye neza na Yesu?
1 September 2015, by Innocent KubwimanaIyo turebye ubuzima bw’abantu bakundana usanga ari ibintu bitangaje, inshuro nyinshi nyuma yo guhura habaho kumenyana, muri wa mwanya wo kumenyana rero niho buri wese atega amatwi kugira ngo amenye ibyo mugenzi we yanga kugirango niba we yanabikundaga yige ubundi buryo bwo kubigabanya cyangwa no kubireka kuko gukunda ni ugutanga no kwakira.
Ibi niko bigendekera umuntu umaze kwizera Kristo nyuma yo guhura nawe atangira gushaka uburyo yamumenya neza, Yesu ubwe ashobora kumwibwira, ashobora (...) -
Yesu yankijije ndi umupfumu: ubuhamya bwa Edouard MUHIRE
15 June 2012, by UbwanditsiNitwa MUHIRE Edouard navutse mu mwaka wa 1946.Nakijijwe mu mwaka wa 1990 ubu mfite imyaka 66 mfite umugore n’abana 9 babiri barapfuye bakiri bato.
Nafashwe n’ uburwayi njya ahantu kwivuza.Nyuma y’aho nagiye no kwivuza mu buvuzi bwa gakondo bimwe bita gucisha mahembe kuko nabonaga ayo amafaranga bantwaye nivuza nanjye nshobora kuzajya nyatwara abandi.Uwo murimo nawutangiye mu mwaka wa 1973.Narabikoresheje kandi mbibonamo inyungu inka ziraza ihene z’ ibara rimwe inkoko amafaranga araza mbese (...) -
Imana yankijije ubumuga! - Larina
1 May 2013, by Simeon NgezahayoNtarakizwa nari mfite icyuho mu mutima wanjye, nkumva hari icyo mbura. Numvaga narazimiye, nkumva hari ikitagenda. Nari ndwaye na asima, bikambera umutwaro uremereye.
Umunsi umwe marume w’umupasiteri yampaye unuhamya bwe. Ni we wambwiye inkuru za Yesu maze ntangira gukunda ijambo ry’Imana no kujya gusenga. Uko nagendaga negera Imana nakomeje kuyumva mu buzima bwanjye. Nari maze kuyizera cyane, nkumva mfite amahoro menshi kandi iminsi yose namaze ngendana na Yesu nabonye gukomera kw’Imana. (...) -
Imfunguzo eshatu zadufasha kwakira igitangaza
11 March 2013, by Isabelle GahongayireMunyemerere mbabwire uburyo Imana ikomeje kugenderera Brasil hakaba ububyutse. Imana irimo gukora muri Brasil, Sao Paulo, na Manaus mu buryo ntari bwigere mbona mu yindi myaka. Ibyo bitangaza n’ibimenyetso biri guherekeza ubutumwa bwiza ni ingero nziza z’igitangaza gikomeye cyabanje kubaho—igitanza cy’agakiza. Tuzi ko Yesu Kristu, binyuze mu rupfu no kuzuka kwe, yatanze ubugingo buhoraho kuri abo bose bamwizeye kandi ibi birakomeje n’uyu musi kuri abo banyabresiliya bakomeje kumwizera n’uyu (...)
0 | ... | 1090 | 1100 | 1110 | 1120 | 1130 | 1140 | 1150 | 1160 | 1170 | ... | 3150