Ninde uhwanye n’Uwiteka Imana yacu, ufite intebe ye hejuru cyane, akura uworoheje mu mukungugu, ashyira hejuru umukene amukuye mu icukiro kugira ngo amwicaranye n’abakomeye !. Uwari ingumba mu nzu ye, amuha kuyibamo yishimye, ari nyina w’abahungu (Zaburi 113:9)
Izi nyigisho muzigezwaho na Pasiteri Shema Prince wo mu itorero rya Wells Salvation mu Gihugu cy’Ubuholande.
Bibiliya itubwira inkuru y’umugore Hana wari ingumba, mukeba we Penina yahoraga amubwira amagambo yo kumukomeretsa, amucyurira (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Ahari kurira kwararira umuntu nijoro, ariko mu gitondo impundu zikavuga - Zaburi 30:6
18 October 2013, by Ubwanditsi -
Bikwiye kumenyekana ko Uwiteka ari we Mana yonyine!
1 September 2015, by Ubwanditsi…..Aravuga ati” Uwiteka Mana ya Aburahamu na Isaka na Yakobo uyu munsi bimenyekane ko ariwowe Mana.’’ 1Abami 18:36b
Mu isi habaho ibyo abantu bita imana bakabisenga ndetse bakabiramya, mu bihugu bimwe na bimwe hari naho buri kintu cyose kiba gifite imana yacyo, urugero: imana y’izuba, imana y’imvura, imana itanga urubyaro n’ibindi byinshi, nyamara nubwo izi mana ziriho ntibibuza bene zo guhura n’ibi bibazo.
Hari izigira amaguru zitava aho ziri, izifite amaso zitamenya ibipfa n’ibikira, bifite (...) -
Wifuza kubaho uticuza?
2 September 2015, by Ubwanditsi Jya ukoresha igihe cyawe neza, bizatuma uticuza igihe cyatakaye
Jya unezezwa nuko Imana yakuremye, bizatuma ubaho udafite ipfunwe mu bandi ahubwo wifitiye ikizere
Jya unyurwa n’ibyo ufite, ni byiza kuko bikurinda kurarikira iby’abandi no guhorana umutima uhagaze wibaza igihe uzagerera kurwego nk’urwabo
Gira umutima w’imbabazi, umuntu nagukosereza ntukarindire ko aza kugusaba imbabazi mubabarire mbere bizakurinda kubaho urakaye bizakurinda gutekereza guhora
Jya wihangana, ibigora (...) -
None se mu nzira ijya muri Egiputa urayikoramo iki?
4 November 2012, by Alice Rugerindinda« Mbese si wowe wizaniye ibyo, kuko wimuye Uwiteka imana yawe, ubwo yakuyoboraga inzira ? None se mu nzira ijya muri Egiputa urayikoramo iki ? Urashaka se kunywa amazi ya Nili ? Cyangwa se mu nzira ijya muri Ashuri yo urayikoramo iki ? Urashaka se kujya kunywa amazi ya rwa ruzi ? » Yeremiya 2 :17-18
Hari indi bibiliya byanditse muri aya magambo « Ibyo nimwe mwabyikururiye , mwarabyikururiye mwimura Uhoraho Imana yanyu, mwaramwimuye kandi ariwe wabayoboraga. Mbese kuki mujya mu misiri (...) -
Umushumba adahari intama ntizagira icyerekezo. ( Igice cya 2) Ev THEOGENE TITO HAGUMA
3 September 2015, by Pastor Desire HabyarimanaNINDE UGOMBA KUYOBORA? NI UMUHANUZI CYANGWA UMUPASITORO?
Nuzagera murusengero ruyobowe n umuntu ufite umuhamagaro w ubuhanuzi cyangwa ubuvugabutumwa,akaba ari we pasitoro hari byinshi bizagutangaza: uzahasanga motivations nyinshi ( ibyokere byinshi cyane) arizo ayo matorero yubakiyeho.
Intumwa (Apostles) ;Abahanuzi (Prophets); n Abavugabutumwa ( Evangelists); barangwa na inspirations na motivations ( Ubukangurambaga,n ubushyushyarugamba ) byinshi cyane. Baba bafite ubutyoza mu (...) -
Umuhanzi FRERE Manu yagarutse mu Rwanda.
24 April 2013, by UbwanditsiKuri uyuwakabiri ku isaha ya saa munani z’amanywa nibwo uyumuhanzi yarageze i Kigali nyuma y’iminsi itarimike, ishyikira ukwezi yaramaze mu gihugu cy’I Burundi /Bujumbura.
Mukiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa radio Isango Star Kwizera Ayabba Paulin FRERE Manu yatangarije radio impamvu y’urugendo rwe i Bujumbura, avugako ari ivugabutumwa ryamujyanye ariko kandi agira amahirwe yo gukora amashusho ya zimwe mu indirimbo ze bwite yakoze mu rurimi rw’ikinyarwanda. Twabibutsako uyu muhanzi (...) -
Groupe de Priere ya Glory Secondary School yateguye igikorwa cyo gushima Imana
20 October 2012, by Patrick KanyamibwaNkuko bikunda gukorwa mu mpera z’isozwa ry’umwaka, ibigo by’amashuri bitegura umunsi wo gushima Imana no gusengera abanyeshuri baba bazakora ikizamini cya Leta gisoza icyiciro cy’amashuri, ni muri urwo rwego abanyeshuri bo kuri Glory Secondary School bateguye umunsi wo gushima Imana bise “Thanksgiving concert”, uzaba kuwa gatanu tariki ya 26/10/2012, kuva saa saba n’igice z’umugoroba. Bazaba bari kumwe na umuhanzi Arcene Manzi, Pasiteri Gaby Ngamije na Pasiteri David, kandi kwinjira ni ubuntu (...)
-
Ndavuga nti “ muyoborwe n’Umwuka Wera”
3 January 2016, by Alice RugerindindaNdavuga nti “ Muyoborwe n’Umwuka” kuko aribwo mutazakora ibyo kamere irarikira,kuko kamere irarikira ibyo Umwuka yanga , kandi Umwuka yifuza ibyo kamere yanga, kuko ibyo bihabanye, nicyo gituma ibyo mushaka gukora atari byo mukora” Abagalatiya 5 :16-18
Hari ibintu biranga umuntu ukijijwe cyangwa se imbuto z’umuntu uyoborwa n’Umwuka Wera:
“Ariko rero imbuto z’Umwuka ni urukundo n’ibyishimo n’amahoro, no kwihangana no kugira neza, n’ingeso nziza no gukiranuka, no kugwa neza no kwirinda” Abagalatiya (...) -
Aka kantu nawe kakubera isomo
16 July 2015, by Innocent KubwimanaHari utuntu abantu bagenda basangirira ku mbuga nkoranyambaga (Facebbok, Whats App), tumwe tuba twuzuyemo amagambo y’urwenya, utundi turimo amagambo y’inyurabwenge usanga akenshi nubwo bitaba bigaragara mu Bibiliya ariko harimo amasomo y’ubuzima busanzwe.
Aka ni kamwe mu two abantu bakomeje gukwirakwiza bohererezanya kandi ukoehereje wese akavuga ko hari ukuntu kamukoze ku mutima. Reka tuguhe akanya nawe usome wenda kagufasha cyangwa ukazagafashisha abandi nk’agatekerezo!
Hari umwana (...) -
Rubavu: Chorale Bethlehem yashyize ahagaragara album yayo ya VI, benshi barakijijwe
2 September 2013, by UbwanditsiNk’uko mwagiye mubikurikirana mu bitangazamakuru bitandukanye, kuri iki Cyumweru Chorale Bethlehem ikorera umurimo w’Imana mu Itorero rya Pantekote (ADEPR), Ururembo rwa Gisenyi yashyize ahagaragara album yayo ya 6. Igiterane cyo gushyira ahagaragara iyi album cyabereye muri Hotel Serena, abantu benshi bakira Kristo.
Iki giterane cyatangiye saa cyenda cyitabiriwe n’abantu benshi, icyumba cya Hotel kiruzura abandi barahagarara. Abashyitsi bandi bari bahari barimo Pasteur Munyamahoro Seth, (...)
0 | ... | 1570 | 1580 | 1590 | 1600 | 1610 | 1620 | 1630 | 1640 | 1650 | ... | 3150