Nkuko twabitangarijwe na Pastor Butera Augustin akaba n’ inzobere mu gutegura ibiterane binini mu karere k’ ibiyaga bigari.
Yatumenyesheje ko iki giterane cyatangiye kuri uyu wa gatatu taliki ya 25-29/07/2012 kikazasozwa kucyumweru. Bagiteguye mu buryo buhuza amatorero atandukanye agera kuri 60 akorera umurimo w’ Imana muri Musoma.
Iki giterane kikaba cyahuje abantu batandukanye bava muri America, Africa yepfo, Kenya, u Rwanda k’ umunsi wa mbere gitangiye cyitabiriwe n’abantu barenga 25000 (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Tanzanie: Mu biterane biri kubera i Musoma abagera ku 3000 bakijijwe!
26 July 2012, by Ubwanditsi -
Sobanukirwa n’intambara ya Harumagedoni (Armageddon)!
4 December 2013, by Simeon NgezahayoHarumagedoni ni ijambo rikunze gukoreshwa havugwa ibikomeye, ndetse iri zina ryahawe film yamenyekanye cyane. Gusa hari abajya barikoresha mu buryo butari bwo. Harumagedoni rero ni hantu ki? Mbese koko ni ahantu hazabera intambara irangiza isi? Bibiliya itubwira iki?
Megiddo ni ikibaya kiri ku bilometero 90 uvuye mu mujyi wa Yerusalemu, no ku bilometero 31 uvuye mu mujyi wa Haïfa y’ubu. Megiddo ifite amateka akomeye y’imibereho y’Abisirayeli, ikiharira igice kinini cy’ikibaya cya Yezereli mu (...) -
Ibyakorwa n’ukoresha mudasobwa yirinda kurwara amaso
23 July 2015, by Umumararungu ClaireAbantu batandukanye bakoresha za mudasobwa usanga akenshi bahura n’ikibazo cyo kugira uburwayi bw’amaso biturutse ku kunanirwa k’udutsi two mu mutwe bityo amaso akagira ikibazo cy’igabanuka ry’amatembabuzi ibyo bikabangamira imikorere yayo ndetse umuntu akagira n’ububabare igihe akomanya ingohe, hakaziramo n’indwara zitandukanye z’amaso. Ariko hari ibyakorwa ukoresha mudasobwa akirinda kurwara amaso.
Mumakuru dukesha imvaho nshya, ukoresha mudasobwa agomba kwirinda kuyishyira hafi cyane y’amaso, (...) -
Icyacu ni ukubabarira, Guhora ni ukw’Imana !
3 September 2015, by Innocent KubwimanaUbundi uretse ko waba ukijijwe utagigengwa na kamere y’umubiri, ariko iyo umuntu aguhemukiye urababara, bikaba byanatuma utekereza icyo wabikoraho. Ukuyeho imbabazi nta kindi wakora kitari ukwihorera.
Abantu bose bashobora kuba babasha kugenzura kamere yo kwihorera kwabo bitewe nuko abantu batubera babi cyane muri ibi bihe, nyamara n’Imana ubwayo ntabwo ikora ibyo dutekereza byose ko ikwiye gukora, ndetse bikanatubabaza.
Akenshi tugira kwihorera igihe twahemukiwe, kwihorera nta kindi uretse (...) -
Eden Choir (ADEPR Kicukiro/Niboye/Eden) irashyira ahagaragara Album yayo ya II kuri iki cyumweru!
13 November 2013, by Simeon NgezahayoKuri iki Cyumweru taliki 17 Ugushyingo, Korali Eden izamurika album yayo ya 2. Iki gitaranmo cyo kumurika album kizabera ku rusengero rwa ADEPR Kicukiro, umudugudu wa Niboye (bakunze kwita Eden).
Muri iki gitaramo, Eden Choir izaba iri kumwe n’umuhanzi Mugabo Venuste uzwi cyane ku ndirimbo nka Twigiye ku birenge, Nimuyiharire izina ryayo… na Chorale Gatsata.
Iyi album iriho indirimbo nziza zigera ku10, zirimo Turagukumbuye, Tuyirate, Hari ibyiringiro… Twabibutsa ko iyi album bise (...) -
Ubuhamya: Banterereje abadayimoni ariko kubwa Kristo ndabatsinda
8 January 2013, by Kiyange Adda-DarleneNitwa Kelly, mfite imyaka 17, navukiye mu muryango w’abakatorika. Mfite murumuna wanjye na mushiki wanjye mukuru. Ababyeyi banjye bambatirishije mu idini ry’aba katolika mfite imyaka 6 niko ntekereza, ntazi umubatizo icyo ari cyo. Ubuto bwanjye bwaranzwe n’ibibazo byinshi, sinigeze mbona na busa urukundo rw’ababyeyi (affection). Ndibuka mfite imyaka 12, ndi kw’ishuri,inshuti zanjye z’abakobwa zajyaga zikora ibintu by’imikino byo guhamagara imyuka mibi. Jye nababwiye ko ntazigera na rimwe (...)
-
Umunsi wa Pentekote twizihiza usobanuye iki ? Igice cya 2
19 May 2013, by UbwanditsiMuri iki gice cya kabiri cy’inyigisho turagerageza gusubiza aya magambo: Ni iki Imana yaba yifuza kandi yiteguye gukora mu matorero yacu no mu buzima bwacu mu gihe cya Pentekote? Twebwe se n’amatorero yacu turasabwa iki ngo tugendere neza mu mugambi w’Imana?
Mugihe abantu bagera kuri 120 basengaga I Yerusalemu, hari hashize iminsi mirongo itanu Yesu azutse, Umwuka wera yarabamanukiye. Uko kwigaragaza kudasanzwe kw’imbaraga z’Imana kwari kuje gutangiza k’umugaragaro Itorero rizima rya Kirisitu, (...) -
Imana yakuremanye ubutware ariko ukwiye kubukoresha neza. Pastor Desire Habyarimana
17 February 2014, by Pastor Desire Habyarimana« Abamarayika si bo Imana yahaye gutegeka isi izabaho, iyo tuvuga » (Abaheburayo 2: 5.)
Umugambi w’ Imana ku muntu ubwo yamuremaga, kwari ukugira ategeke byose (Itangiriro 2:15-20), ariko umuntu yategetse umwanya muto nyuma akoze icyaha ategekwa na byose. Imana iramubwira ngo uzategekwa n’umuruho, uzarya ututubikanye, n’inyamaswa zo mugasozi ziramuhindukirira kandi ari we wazise amazina zikamuramya, ariko arazitinya kuko yakoze icyaha. Urupfu ruzana indwara, ubukene no gucishwa bugufi mu buryo (...) -
Ibyo twahawe byose ni ku bwa Yesu no ku bwacu! Pastor Desire
19 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIjambo ry’Imana: Ibyo twahawe byose ni ku bwa Yesu no ku bwawe
“Ariko kugira ngo tutababera igisitaza, jya ku nyanja ujugunyemo ururobo, ifi uri bubaze gufata uyende, uyasamure urasangamo sitateri uyijyane uyibahe ku bwanjye no ku bwawe” (Matayo 17:27).
Biragaragara ko Petero yari mu kibazo cyo kubura umusoro ariko kuko Yesu atabura uko abigenza amwereka uko akivamo umusoro ukaboneka.
Birashoboka ko nawe Yesu hari ibibazo yagukuyemo bikomeye ntiwari kuhikura iyo atagutabara. Yesu sinzi (...) -
Rehoboth Ministries yahaye ihene 20 imfubyi n’abapfakazi ba Jenoside i Nyamirambo
20 August 2012, by Patrick KanyamibwaKu cyumweru tariki ya 20/08/2012, saa cyenda z’amanwa nibwo Minisiteri ya Rehoboth yameneyekanye cyane mu ndirimbo zihimbaza Imana yaheye imiryango 54 yo mu murenge wa Nyamirambo ihene 20, mu rwego rw’ivuagabutuma n’igikorwa cy’urukundo. Icyi gikorwa cyabereye ku biro by’umurenge wa Nyamirambo aho bita i Mageragere, cyaranzwe n’indirimbo zitandukanye za Korali Rehoboth, ndetse n’ijambo ry’Imana byose byakozwe na Rehoboth Ministries, iyi miryango 54 y’imfubyi n’abapfakazi ba Jenoside ikaba yahawe (...)
0 | ... | 1590 | 1600 | 1610 | 1620 | 1630 | 1640 | 1650 | 1660 | 1670 | ... | 3150