Agakiza Family: Nkunda kuba mu rugo rumeze gute? Mbyanga bimeze gute?
Mu giterane cy’abubatse ingo cyabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 21 Gicurasi 2016 muri Salle ya Economat St Famille, cyateguwe n’abakunzi b’ urubuga rw’ivugabutumwa www.agakiza.org abakitabiriye baganiriye byinshi mu byatuma bubaka urugo rwiza bifuza, ariko bagaruka ku bibazo bibiri aribyo Nkunda kuba mu rugo rumeze gute ? Mbyanga bimeze gute?
Mbere y’uko abubatse ingo bungurana inama kuri ibyo bibazo, Pastor Dr. Antoine (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Urugo rutubakiye kuri Kristo ntirushobora gukomera Dr Antoine Rutayisire
27 May 2016, by Ernest Rutagungira -
Mu Buhinde hagiye kubera igiterane cy’ivugabutumwa cyiswe “GRACIOUS WOMEN CONFERENCE”
13 August 2013, by UbwanditsiMinisiteri (Ministry) yivugabutumwa Lord’s Light Fellowship, LLF mumagambo ahinnye y’icyongereza, y’abanyarwanda biga mu majyepfo y’igihugu cy’Ubuhinde, umujyi wa Chidambaram, mu ishuri rikuru ry’ Annamalai, (Annamalai University), bateguye igiterano cy’ivugabutumwa cyitwa “GRACIOUS WOMEN CONFERENCE”.
Icyi giterane kikaba gisanzwe kiba buri mwaka kuri iyi nshuro kizaba ku itariki ya 16, 17, 18 ukwezi kwa munani 2013, kigahuza abari n’abategarugori bavuye impande zose z’isi ubu akaba ari kunshuro (...) -
Abanyamadini na Leta bavugutiye umuti umwe ibibazo byugarije Umuryango Nyarwanda
7 March 2013, by UbwanditsiMinisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango yahuje abanyamadini mu rwego rwo kureba ibyo bazafatanya mu guteza imbere uburinganire n’ubwuzuzanye mu muryango Nyarwanda, ndetse no gushaka umuti urambye w’ibibazo bigaragara mu Muryango Nyarwanda.
Minisiti Odda Gasinzigwa yavuze ko abanyamadini ari urwego rukomeye rukorana na Leta, by’umwihariko muri gahunda yo guteza imbere ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye, bakanabishyira mu bikorwa.
Yavuze gukorana n’amadini bifasha mu kugera kubyiza mu (...) -
Rusi: icyitegererezo cyo kwiyemeza - Bernard Emkeyes
23 April 2013, by Isabelle GahongayireMu kwiyemeza kwacu, dukomeze gukorera Imana twihanganye
“Rusi aramusubiza ati ‘Winyinginga kugusiga, no gusubirayo ngo noye kugukurikira, kuko aho uzajya ari ho nzajya, kandi aho uzarara ni ho nzarara. Ubwoko bwawe ni bwo buzaba ubwoko bwanjye, Imana yawe ni yo izaba Imana yanjye’” Rusi 1 : 16.
Iyi myitwarire ya Rusi ni yo buri mwana w’Imana wese yakagombye kugira: Kwiyemeza. Uko kwiyemeza guturuka ku rukundo yumvaga afitiye nyirabukwe Nawomi, ku buryo yari yiteguye gusiga igihugu cye no (...) -
Imbaraga zo kurwanya no kwica icyaha muri wowe (Igice cya 2)Pastor Kanamugire Theogene
19 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIMBARAGA ZO KURWANYA NO KWICA ICYAHA MURI WOWE
· 1YOHANA 3:14-15 Twebwe tuzi yuko twavuye mu rupfu tukagera mu bugingo, kuko dukunda bene Data. Udakunda aguma mu rupfu. 15. Umuntu wese wanga mwene Se ni umwicanyi, kandi muzi yuko ari nta mwicanyi ufite ubugingo buhoraho muri we.
· 1THESAL 5:22-24 22 Mwirinde igisa nikibi cyose. 23 Imana y’amahoro ibeze rwose, kandi mwebwe ubwanyu n’umwuka wanyu n’ubugingo n’umubiri byose birarindwe, bitazabaho umugayo ubwo Umwami wacu Yesu Kristo azaza. 24 (...) -
Abantu 12 ni bo bakiriye Yesu mu giterane “Korali Ijwi Rirangurura” yakoreye i Kigali
22 July 2013, by Simeon NgezahayoKuva ku wa gatandatu taliki 20-21 Nyakanga, Korali “Korali Ijwi Rirangurura” yo muri Paroisse Gisa mu Itorero ry’Akarere rya ADEPR Rubavu yakoze urugendo rw’ivugabutumwa ku mudugudu wa Karama, Paroisse Butare, Itorero ry’Akarere ka Gasabo.
Icyo giterane cy’iminsi 2 cyari giherekejwe n’imbaraga z’Umwuka Wera, kuko cyihannyemo abantu bagera kuri 12.
Umuvugabutumwa Past Nzamutuma Sarathiel uri mu kiruhuko cy’izabukuru mu Itorero rya Gisa yatanze inyigisho ifite umutwe uvuga ngo “Yesu amenya byose (...) -
Ahari kurira kwararira umuntu nijoro, ariko mu gitondo impundu zikavuga - Zaburi 30:6
18 October 2013, by UbwanditsiNinde uhwanye n’Uwiteka Imana yacu, ufite intebe ye hejuru cyane, akura uworoheje mu mukungugu, ashyira hejuru umukene amukuye mu icukiro kugira ngo amwicaranye n’abakomeye !. Uwari ingumba mu nzu ye, amuha kuyibamo yishimye, ari nyina w’abahungu (Zaburi 113:9)
Izi nyigisho muzigezwaho na Pasiteri Shema Prince wo mu itorero rya Wells Salvation mu Gihugu cy’Ubuholande.
Bibiliya itubwira inkuru y’umugore Hana wari ingumba, mukeba we Penina yahoraga amubwira amagambo yo kumukomeretsa, amucyurira (...) -
Bikwiye kumenyekana ko Uwiteka ari we Mana yonyine!
1 September 2015, by Ubwanditsi…..Aravuga ati” Uwiteka Mana ya Aburahamu na Isaka na Yakobo uyu munsi bimenyekane ko ariwowe Mana.’’ 1Abami 18:36b
Mu isi habaho ibyo abantu bita imana bakabisenga ndetse bakabiramya, mu bihugu bimwe na bimwe hari naho buri kintu cyose kiba gifite imana yacyo, urugero: imana y’izuba, imana y’imvura, imana itanga urubyaro n’ibindi byinshi, nyamara nubwo izi mana ziriho ntibibuza bene zo guhura n’ibi bibazo.
Hari izigira amaguru zitava aho ziri, izifite amaso zitamenya ibipfa n’ibikira, bifite (...) -
Wifuza kubaho uticuza?
2 September 2015, by Ubwanditsi Jya ukoresha igihe cyawe neza, bizatuma uticuza igihe cyatakaye
Jya unezezwa nuko Imana yakuremye, bizatuma ubaho udafite ipfunwe mu bandi ahubwo wifitiye ikizere
Jya unyurwa n’ibyo ufite, ni byiza kuko bikurinda kurarikira iby’abandi no guhorana umutima uhagaze wibaza igihe uzagerera kurwego nk’urwabo
Gira umutima w’imbabazi, umuntu nagukosereza ntukarindire ko aza kugusaba imbabazi mubabarire mbere bizakurinda kubaho urakaye bizakurinda gutekereza guhora
Jya wihangana, ibigora (...) -
None se mu nzira ijya muri Egiputa urayikoramo iki?
4 November 2012, by Alice Rugerindinda« Mbese si wowe wizaniye ibyo, kuko wimuye Uwiteka imana yawe, ubwo yakuyoboraga inzira ? None se mu nzira ijya muri Egiputa urayikoramo iki ? Urashaka se kunywa amazi ya Nili ? Cyangwa se mu nzira ijya muri Ashuri yo urayikoramo iki ? Urashaka se kujya kunywa amazi ya rwa ruzi ? » Yeremiya 2 :17-18
Hari indi bibiliya byanditse muri aya magambo « Ibyo nimwe mwabyikururiye , mwarabyikururiye mwimura Uhoraho Imana yanyu, mwaramwimuye kandi ariwe wabayoboraga. Mbese kuki mujya mu misiri (...)
0 | ... | 1560 | 1570 | 1580 | 1590 | 1600 | 1610 | 1620 | 1630 | 1640 | ... | 3150