Ku mugoroba w’iki cyumweru taliki ya 10/11/2013 ni bwo Chorale Umunezero ibarizwa ku mudugudu wa ADEPR Murambi yakoze igitaramo cyo gushyira ahagaragara Album yayo y’amashusho bise "KU BIRINDIRO," bikaba byabereye ku rusengero rwa ADEPR Gatenga aho benshi cyane bari baje gutaramana na yo.
Chorale Umunezero ni imwe mu makorali akunzwe hano muri Kigali ndetse no mu ntara, bikaba byagaragaye no muri iki gitaramo ubwo benshi bigomwaga imirimo yabo bakaza gushyigikira Umunezero Choir yakoreye (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Korale Umunezero irashima Imana kubwa benshi cyane baje kwifatanya na yo bakanayitera inkunga
12 November 2013, by Ubwanditsi -
Umuyobozi wa GBU RTUC KAYITESI Clothilde yakoze ubukwe.
14 March 2013, by Ernest RutagungiraMu mpera z’iki cyumweru tariki ya 9 Werurwe, umuyobozi wa GBU_RTUC Madame KAYITESI Clothilde yakoze ubukwe na NYIRINKWAYA David Christian.
KAYITESI Clothilde ni umuyobozi wa GBU ( Groupe Biblique Universitaire) ikorera muri Kaminuza yigisha iby’amahoteri n’ubukerarugendo RTUC, akaba ari naho yiga mu mwaka wa Gatatu mu ishami ry’iby’amahoteli na za Resitora (Hotel and Restaurant Management), akaba amaze imyaka ibiri kuri ubu buyobozi, ababa kandi yaranabaye umuyobozi w’abanyeshuri bakijijwe, mu (...) -
Abahinduriye benshi ku bukiranutsi bazaka nk’ inyenyeri iteka ryose
8 December 2015, by Alice RugerindindaKandi abanyabwenge bazarabagirana nk’umucyo wo mu isanzure ry’ijuru n’abahinduriye benshi Ku bukiranutsi bazaka nk’inyenyeri iteka ryose. Daniel 12:3
Imana ishimwe cyane. Burya uyu murimo wo guhindurira abantu kuri Yesu Imana iwuha agacirooo. Hari abagira ishyaka ryo kuzana abantu mu idini ariko ntunguwe n’ukuntu ntahantu bibiliya yigeze ibavugaho
Ngo ni abagiye gushaka abazimiye bakabigisha ibyo gukiranuka!! Imana ishimwe. Byanteye gutekereza ko ntahindurira abandi Ku bukiranutsi (...) -
CEP ULK Evening mu gikorwa cyo gushimira no gusezeraho kubaharangije bo muri promotion ya 2012 kuwa 29/09/2012.
5 October 2012, by VitalNi kuri uyu wa gatandatu tariki 29/09/2012 ubwo muri Kaminuza Yigenga ya Kigali,Campus ya Gisozi, umuryango w’abanyeshuli b’Abapentecote b’itorero rya ADEPR ariwo CEP-ULK Evening (Communautés des Etudiants Pentecotistes de l’ULK) biga muriyi Kaminuza igice cy’abiga ni mugoroba, wahakoreye igitaramo cyo gusezerera ndetse no gushimira abo banyeshuli uburyo bitanze mu gihe cyose bahamaze biga kandi banakora umurimo w’Imana. Muri iki gitaramo kandi cyari cyitabiriwe n’abanyamuryango batandukanye (...)
-
Isengesho rya “Dawe uri mu Ijuru” mu gifaransa ryahindutseho gato
17 October 2013, by UbwanditsiInama y’Abepisikopi bo mu gihugu cy’u Bufaransa, batangaje ko isengesho rya “Dawe uri mu ijuru” rizahindukaho gato, nk’uko byemejwe n’inama nkuru ya Vatikani ya kabiri.
Iki cyemezo ariko Abafaransa batinze kugishyira mu bikorwa, kuko inama nkuru ya vatikani ya kabiri yari yarabyemeje. “Dawe uri mu ijuru” mu Kinyarwanda yo ntizahinduka.
“Dawe uri mu Ijuru” ni isengesho Yezu/Yesu yigishije abigishwa be ubwo bamusabaga ko yabigisha gusenga (Matayo 6, 9-13). Muri iri sengesho, aho bavugaga ngo (...) -
“Icyo nabonye nk’umuyobozi ufite inararibonye” - Ron Edmondson
9 May 2013, by Simeon NgezahayoRon Edmondson ni pasiteri akaba n’umuyobozi w’itorero ufite inyota yo gushing amatorero, gufasha amatorero gukura, no gufasha abari mu murimo w’Imana gutekereza ku buyobozi, ku buryo bayobora ndetse no ku buzima. Ron amaze imyaka isaga 20 akora ubucuruzi, cyane cyane yikorera, kandi amaze imyaka isaga afasha amatorero gukura mu by’impano.
Mu minsi ishize naganiriye n’umupasiteri wagombaga gufata ibyemezo bikomeye mu itorero rye. Yarasengaga, akagisha inama abandi bapasiteri cyangwa abayobozi, (...) -
Ubuhamya: Nubwo nari umukobwa, nangaga igitsina-gore urunuka
28 November 2012, by UbwanditsiNavukiye mu Budage, ababyeyi banjye bimukira i Montreux mu Busuwisi ubwo nari mfite imyaka 13. Imyaka ibiri yakurikiyeho, twese nta n’umwe ubyiteze, Mama wacu yahise asezera ku muryango wacu atandukana na Papa, araduta arigendera.
Mbere yo kugenda ariko babanje kuduhitishamo, niba tujyana nawe kuko yari agiye muri Pension cyangwa se niba twihitiramo kwigumira mu Busuwisi tugasigarana na Papa wacu.
Ariko kuko ariyo twari tukiza mu Busuwisi, twihitiyemo kwigumanira na Papa. Nyamara (...) -
Ubuhamya: Navukanye umutima i buryo ariko Yesu aracyambeshejeho
25 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaNitwa Ndimurwango Isaac.Kunyita gutyo ni uko navutse Papa ari mumanza,gusa abandi bana tuvukana bafite amazina meza. Ubu nshima Imana ko ntakiri mu rwango ahubwo ndi mu rukundo rwa Yesu. Nagize umugisha wo gukizwa nkiri muto mu mwaka wa 1987 cyane no mu muryango wacu harimo benshi bakijijwe bituma nanjye ngira uwo mugisha.
Data yitwa Ntanama Jean naho mama yitwa Renilda; navutse mbona mama ari umusazi kandi yabimaranye imyaka 35 yiruka mu gasozi arara mu mazi, yagerageje kwiyahura mu kivu (...) -
Intambwe 7 zo kunesha ikigeregezo cyangwa ikibazo kikuri imbere (Igice cya mbere) Ange Victor Uwimana
23 April 2014, by Ange Victor UWIMANABibiliya ivuga ko umuntu akiri mu isi aba afashe igihe mu ntambara (Yobu7:1). Nubwo bimeze gutyo, Yesu Kristo yahumurije abigishwa be, asa nubacira amarenga kubera ko bari kuzahura n’urusobe rw’ibigeragezo n’intambara zitari zimwe agira ati, “Mu isi mugira umubabaro, ariko nimuhumure nanesheje isi.” (Yoh.16:33).
Birashoboka ko umuntu yaba afite ikigeragezo imbere ye, kimeze nk’umusozi utabasha gushyigurwa, cyangwa nk’uko Goliyati yari amereye nabi Abisirayeli ku ngoma ya Sawuli. Muri iyi nyigisho (...) -
Urubyiruko rukijijwe rukwiye kugaragaza itandukaniro
11 June 2016, by Pastor Rukundo OctaveUrubyiruko rukijijwe rukwiye kugaragaza itandukaniro (Tito2/6-8) Uko urubyiruko rukijijwe rwitwara
“Nabasore nuko ubahugure kudashayisha, wiyerekane muri byose nk’icyitegererezo cy’imirimo myiza, kandi mw’iyigisha ryawe ugaragaze uko uboneye udapfa gutera waraza, n’ijambo ryawe ribe rizima ritariho umugayo kugira ngo umuntu ari mu ruhande rw’ababisha amware atabonye ikibi yakuvuga” Tito 2:6-8
Icyitonderwa: Nk’uko abakecuru bagomba gutoza abagore bato ingeso nziza, ni nako Tito yagombaga gufasha (...)
0 | ... | 1620 | 1630 | 1640 | 1650 | 1660 | 1670 | 1680 | 1690 | 1700 | ... | 3150