Icyo twazimenyayo
Inyanya ni kimwe mu biribwa byagaragaje ubushobozi bwo kurinda ubuzima bw’umuntu.
Inyanya kandi ni kimwe mu biribwa bifite akamaro ntagereranywa ku buzima bw’umuntu, kuko uretse kuba zikize mu ntungamubiri, zinafite ubushobozi bwo kurinda umubiri indwara zitandukanye.
Intungamubiri zirimo n’akamaro kazo
Inyanya zikungahaye kuri vitamin C kandi zibonekamo imyunyungugu(Minerals) ya Manyeziyumu(Mg), Fer, zink, cuivre n’indi myinshi ifasha umubiri kumererwa neza.
Birazwi (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Sobanukirwa akamaro k’inyanya mu mubiri wawe
20 July 2015, by Umumararungu Claire -
Mbese koko ndi umugore w’imico myiza? – (Igice cya 6)
2 July 2013, by Simeon Ngezahayo« Yitegereza umurima akawugura, awutezamo urutoki mu by’inyungu ivuye mu maboko ye. Akenyerana imbaraga, agakomeza amaboko ye » Imigani 31 : 16-17.
Nkiri umukobwa, numvaga nshaka kurongorwa, nkabyara abana, ndetse nkubaka inzu!
Ariko siniyumvishaga akazi kari nkantegereje! Abana banjye uko ari 4 ntibanyemereraga gukora akandi kazi, ni ukuvuga ko nta mushahara wageraga mu rugo rwacu. Ubwo n’icyizere cyo kubaka ya nzu cyahise kiyoyoka…
Nyamara jyewe n’umugabo wanjye twageze igihe tubona ikibanza (...) -
Ingingo 11 zigaragaza ko umuhamagaro wawe uva ku Mana. Rev Rurangirwa Emmanuel
29 July 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIbintu 11 birera, bikubaka, bikanakomeza umuhamagaro wo gukorera Imana mu mukozi wayo yos.1-5-9.
1.Kwiyumvira wowe ubwawe no kumenya neza udashidikanya ko Imana ariyo yaguhamagaye, ukaba ufite ibihamya bifatika . Byaba ibyo watangamo ubuhamya ku mugaragaro (témoignage public), n’ibyo uziranyeho n’Imana mu ibanga.Automatic word wrap Mose, Kuva 3:1-12, Gidiyoni, Abac.6:11-24, Dawidi 16:1-13
2.Guhora wumvira Imana mu byo igutegeka kuyikorera byose kabone nubwo byaba bidasobanutse ku bantu bamwe (...) -
Ubuhamya: Imana yankuye mu rupfu nongera kubaho. (Igice cya 1)
2 March 2014, by UbwanditsiNitwa Ntakirutimana Francois navutse taliki ya 27 Gicurasi 1990 mvukira mu Mujyi wa Kigali mu Karere ka Kicukiro mu Murenge wa Kicukiro nkaba nsengera mu itorero rya E.P.R (Remera Kicukiro). Mfite ubuhamya bwinshi ariko reka mbabwire uburyo Imana yankuye mu rupfu ikanyongera iminsi yo kubaho.
Burya iyo Imana igufiteho umugambi irakurinda n’ ubwo wanyura mu rupfu. Aho mariye kuvuka banyise “Ntakirutimana” ariko sinari nzi ko byari mu mugambi w’Imana kuko no mu kuvuka kwanjye Imana yahakoze (...) -
Imana reba/-Humura Imana irakureba-Igice cya kabiri/ Dr. Fidèle Masengo
27 October 2015, by Innocent KubwimanaAhimba Uwiteka wavuganye na we izina ati “Uri Imana ireba.” Ati “Mbese Indeba nayiboneye na hano?” Itangiriro 16:13
Mu nyigisho nabagejejeho ejo navugaga ukuntu Imana ireba mpereye ku buzima bwa Hagari. Nayisoje mbasezeranya kuyikomeza ariko ngaragaza impamvu zigaragaza ko Imana ikureba nawe.
Dore amwe mu masomo nize kuri kiriya cyanditswe kivuga ngo ‘Imana ireba.’’ 1. Bimwe mu biranga Imana ni ukumenya buri wese na buri kintu cyose (Omniscience). Mbese ibishwi bibiri ntibabigura ikuta rimwe? (...) -
Ni nde Imana yatoranyije gusimbura Yuda Isikariyota nk’intumwa ya 12? Ni Matiyasi cyangwa ni Pawulo?
16 July 2013, by Simeon NgezahayoYuda amaze kugambanira Kristo akiyahura, intumwa 11 zisigaye zafashe umwanzuro wo gushaka intumwa ya 12 yo gusimbura Yuda (Ibyak. 1:16-20). Ibyagenderwagaho mu gutora iyi ntumwa, ni uko yagombaga kugendana na bagenzi be mu gihe cyose bakora umurimo wo kwamamaza ubutumwa bwiza bwa Kristo, no guhamya kuzuka kwa Yesu no kuzamurwa mu ijuru kwe (Ibyak. 1:21-22).
Abigishwa 11 bafashe abantu babiri ngo babashakemo umwe: Yozefu witwaga Barisaba (bishoboka ko ari we Barinaba), na Matiyasi (Ibyak. (...) -
Nari nihebye, Imana impa umunezero: Ngicecetse, amagufwa yanjye ashajishwa no kuniha kwanjye umunsi ukira… Lortuges
20 May 2013, by Simeon NgezahayoNari nka Dawidi wavuze ati “Ngicecetse, amagufwa yanjye ashajishwa no kuniha kwanjye umunsi ukira” Zaburi 32:3. Kuva mu bwana bwanjye, nabayeho mu kwizera Imana. nari Umukristo usanzwe, nta bibazo nahuye na byo byabashaga guhungabanya kwizera kwanjye. Hashize imyaka mike, nagize ikibazo gikomeye kigamije guhungabanya kwizera kwanjye. Uko ibihe byagiye bihita, natangiye gushidikanya Imana no kuyitera icyizere muri jyewe no mu bandi.
Nisanze ngeze aha Eliya ubwo yari mu butayu atagishaka (...) -
N’ iki cyatuma Imana yishimira Umutima wawe? Edith Umugiraneza
12 September 2015, by Umugiraneza EdithYesu ashimwe Bane Data, ndabaramukije mw’izina rya Yesu. Maze iminsi nibaza ku Mwami Dawudi uwo yari iwe n’impamvu Imana yamukunda akaba inshuti Yayo ikishimira umutima we.
Umwami Dawudi. Mu gihe Samuel yajyaga kwa Yesayi nkuko yari yatumwe n’Uwiteka ngo yimike Dawudi. Uko bigaragara Dawudi yari yibereye mu ntama abandi bari mu minsi mikuru, ndetse banahabwa agaciro na se kurusha Dawudi.
Nibajije nti Dawudi wasanga yarimo aragira yiririmbira ahimbaza Imana atunganye mu mutima adatekereza (...) -
Ujye uba ikitegererezo cy’abizera.
29 July 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIyo usomye Bibiliya mu rwandiko Pawulo yandikiye Timoteyo 4:12, Yabwiraga Timoteyo ibikwiriye imyitwarire y’umukristo nyawe.
Aha yaramwihanangirizaga amubwira ati “Ntihakagire uhinyura ubusore bwawe ahubwo ube icyitegererezo cy’abizera kubyo uvuga, no kungeso zawe no k’urukundo, no kwizera no kumutima uboneye” yakomeje amusaba kandi kugira umwete wo gusoma no kwigisha ndetse no guhugura.
Ikindi yamwihanangirije kugira ngo yirinde we ubwe ndetse no kubw’inyigisho yigisha kugirango abashe (...) -
Imana ni umuterankunga w’Ubuzima bwawe. Pastor Desire Habyarimana
16 March 2014, by Pastor Desire Habyarimana"Maze Ishobora byose izakubera umutunzi, n’ ifeza y’ igiciro cyinshi" -Yobu 22:25-30
Imana ni byose kuri twe byaba iby’ Umwuka cyangwa ibyo mu buzima busanzwe ariko kenshi tuyizerera ibisanzwe byo mu buzima busanzwe ariko ni Imana irimo byose.
Rimwe Yesu yatanze imigati abantu barahurura ariko uwo munsi ntiyayibaha ababwira ko ariwe mutsima w’ ubugingo birababaza bahera ubwo bamuva inyuma byumvikana ko bari bamuzi uruhande rumwe ariko badashaka kumenya ko ariwe mutsima w’ ubugingo.
Iyo (...)
0 | ... | 1790 | 1800 | 1810 | 1820 | 1830 | 1840 | 1850 | 1860 | 1870 | ... | 3150