Uyu muhanzi ni umuhanzi usengera muri ADEPR,
amateka ye dufite ntahagije niba hari ayo mwaduha mwaba mukoze.
Mwatwandikira kuri email.
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Theogene Uwiringiyimana
9 June 2012, by Ubwanditsi -
UK: Umunyamakuru yamaganye inkuru ya BBC igereranya Mandela na Yesu!
13 December 2013, by Simeon NgezahayoUmunyamakuru ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza yamaganye ikiganiro BBC yakoze, aho yagereranyaga Nelson Mandela na Yesu Kristo. Nelson Mandela yitabye Imana mu minsi mike ishize, akaba azwi cyane ku kuba yaraharaniye ubwigenge bw’Abirabura.
Mu nkuru yanditse ku rubuga UK Daily Mail, Dominic Lawson yavuze ko “bitumvikana uburyo BBC igereranya Mandela na Kristo”.
Lawson yakomeje ati "Ibyo Mandela yagezeho ntibishidikanywa. Ubushobozi yari afite bwo gukorana no kubabarira abamutoteje imyaka 27 (...) -
Hitamo rimwe gusa abashe gusimbuka urupfu rwa kabiri. Ernest RUTAGUNGIRA
11 December 2013, by Ernest Rutagungira, UbwanditsiIyo twize ijambo ry’Imana, duhabwa kumenya icyo ivugana natwe binyuze muri ryo, bityo tugasobanukirwa neza icyo idushakaho, bikadufasha ndetse guhitamo neza inzira yayo, tutagendeye ku marangamutima yacu cyangwa ngo tuyobywe n’uburiganya bwa Satani, maze tugendeye ku kuri kwayo,tukabaturwa naryo tukava mu byaha ( Yohana 8:32).
Ijambo ry’Imana mu butumwa bwiza bwa “Yakobo 4:1-7” tuhasanga amagambo agira ati “Mbese muri mwe intambara ziva he, n’intonganya ziva he? Ntibiva ku byo mwishimira bibi, (...) -
Evangelical Restoration Church yongeye gutegura igiterane ngarukamwaka cy’urubyiruko
11 August 2012, by Patrick KanyamibwaIntumbero y’icyi giterane cy’urubyiruko uyu mwaka iboneka muri Bibiriya mu gitabo cya Zaburi 85:6 havuga ngo “ Ntuzagaruka ubwawe ngo utuzure, kugirango ubwoko bwawe bukwishimire?”
Iki giterane gihuza urubyiruko rwa Evangelical Restoration Church District Centre, igizwe na paroisses 15 arizo : Kimisagara, Remera, Kicukiro, Gikondo, Muhanga, Rusororo, Nyamata, Nyacyonga, Gashora,Kacyiru, Kimihurura , Nyarutarama ,Gicumbi, Nyabisindu, Gisoro. Nkuko twabitangarijwe na Christian Kajeneri umwe (...) -
Mbese koko ndi umugore w’imico myiza? (Igice cya 4)
11 June 2013, by Simeon Ngezahayo«Ameze nk’inkuge z’abagenza, azana ibyokurya bye abikura kure» Imigani 31 : 14 -
Nkunda cyane abagore b’abakozi. Bagira ubutwari bwinshi, kuko bagomba gukora akazi kandi bagakorera n’ingo zabo. Iyo bafite abana, gukora akazi no kwita ku rugo ntibibaha umwanya wo guhumeka.
Bakora ibyo bagomba cyangwa bagamije guteza imbere ingo zabo, byanga bikunda bagomba gukemura ibibazo byo mu ngo zabo. Icyo gihe umugabo ntaba akiri wenyine mu bibazo byo mu rugo. Bene abo bagore baba ari intwari cyane, rimwe (...) -
Ntugahe satani umwanya wo kukuganiriza
6 August 2015, by Innocent KubwimanaUwo mugore arayisubiza ati “Imbuto z’ibiti byo muri iyi ngobyi twemererwa kuzirya, keretse imbuto z’igiti kiri hagati y’ingobyi ni zo Imana yatubwiye iti ‘Ntimuzazirye, ntimuzazikoreho, mutazapfa.’ ” Iyo nzoka ibwira umugore, iti “Gupfa ntimuzapfa, kuko Imana izi yuko ku munsi mwaziriyeho, amaso yanyu azahweza mugahindurwa nk’Imana, mukamenya icyiza n’ikibi.”
Uwo mugore abonye yuko icyo giti gifite ibyokurya byiza, kandi ko ari icy’igikundiro, kandi ko ari icyo kwifuriza kumenyesha umuntu ubwenge, (...) -
Kicukiro abagera kuri 215 bemeye kubatizwa mu mazi menshi
23 December 2012, by UbwanditsiKuri uyu wa gatandatu taliki ya 22/12/2012 ku itorero rya ADEPR abagera kuri 215 bafashe icyemezo cyo kubatizwa mu mazi menshi ubwo twageraga aho umubatizo wabereye twasanze Pasitori Gakuba Aloys ari guhugura abitegura kubatizwa aho yagize ati ubu tubabatije mu mazi menshi nk’ ikimenyetso cyo gupfana na Kristo no kuzukana nawe ariko hari undi mubatizo ukomeye mukwiye kubatizwa mu Mwuka Wera yakomeje agira ati: Uwo mubatizo nta mwana w’ umuntu uwubatiza ni Yesu kristo wenyine.
Uyu mubatizo (...) -
Burya Imana yigisha abantu bayo
19 October 2015, by Innocent Kubwimana“Nicyo gituma mwishima, nubwo ahari mukwiriye kumara igihe mubabazwa n’ibibagerageza byinshi, kugira ngo kwizera kwanyu kugaragare ko kurusha izahabu igiciro cyinshi (kandi izahabu nubwo ishira igeragereshwa umuriro), kandi kugira ngo kwizera kwanyu kugaragare ko ari uk’ukuri, amaherezo kuzabahesha ishimwe n’ubwiza n’icyubahiro ubwo Yesu Kristo azahishurwa.”1Petero 1.6-7
Kugirango Imana yubake kwizera kwawe, ishyira inzozi muri wowe, hanyuma ikanaguha umwanya wo gufata icyemezo. Birumvikana ko (...) -
Bose bakoze ibyaha ntibashikira ubwiza bw’ Imana ahubwo batsindishirizwa n’ ubuntu.
10 November 2015, by Ernest RutagungiraKuko bose bakoze ibyaha ntibashyikira ubwiza bw’Imana ,ahubwo batsindishirizwa n’ubuntu bwayo,ibibahereye ubusa kubwo gucungurwa muri kiristo Yesu. Niwe Imana yashyizeho kuba impongano y’uwizera amaraso ye , kugirango yerekane gukiranuka kwayo kwayiteye kwirengagiza ibyaha byakozwe mbere y’icyo gihe, ubwo Imana yabyihanganiraga. (Abaroma 3 :23)
Ijambo ry’Imana risobanura neza ko ikiremwa muntu aho kiva kikagera turi abanyantege nke, ndetse ko ku bwacu ntacyo twabasha gukora ngo tuneshe icyaha, (...) -
Brittni umukobwa wari icyamamare mu gukina film za pornography yakiriye Kristo
1 July 2013, by Simeon NgezahayoBrittni washyirwaga ku rutonde rw’abakinnyi ba mbere ba film za pornography rwakozwe na Maxim magazine yakiriye agakiza, abona n’ubuzima bushya muri Yesu Kristo.
Urubuga GodReports.com na Mark Ellis ni bo batangaje iyi nkuru mu cyumweru gishize, bavuga ko umukobwa w’icyamamare mu gukina film z’ubusambanyi (cyangwa se pornography) yabonye ubuzima bushya muri Yesu.
Brittni wari uzwi ku izina rya "Jenna Presley" muri izo film yatangiye kwishora muri ibyo byaha ubwo abagabo babiri bamwegeraga (...)
0 | ... | 1810 | 1820 | 1830 | 1840 | 1850 | 1860 | 1870 | 1880 | 1890 | ... | 3150