Amazina yanjye nitwa JENNIFER PEREZ nkaba mfite imyaka 15 (ubu buhamya yabutaze afite iyi myaka 15 ). Biragoye cyane ko umuntu w’umwangavu nkanjye ukiri mu maraso ya gisore yaza kuri mwe akabegera akaza kubabwira amakosa ye uko yakabaye mu manyanga menshi. Nyamara hamwe no gufashwa n’Umwuka Wera, nizera ko amfasha akanyongerera imbaraga nkeneye. Icya mbere natangira mvuga ni uko ibi byose bibereyeho guhesha icyubahiro Umwami wacu YESU KRISTO.
Ndashaka kutaza kuvuga cyane ku mahame y’idini (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Umuriro Utazima bavuga ni ukuri , njye nigereyeyo (Ubuhamya bwa Jennifer Perez)
10 August 2012, by Ubwanditsi -
Ijambo ry’ umunsi
11 July 2012, by UbwanditsiUwiteka akwiture ibyo wakoze, ugororerwe ingororano itagabanije n’ Uwiteka Imana y’ Abisirayeli, wahungiye munsi y’amababa yayo. Rusi 2:12
-
Ijambo ry’ umunsi
15 July 2012, by UbwanditsiKandi ndababwira yuko ababiri muri mwe nibahuza umutima mu isi wo kugira icyo basaba cyose, bazagikorerwa na Data wo mu ijuru. Kuko aho ababiri cyangwa batatu bateraniye mu izina ryanjye, nanjye mba ndi hagati yabo. (Matayo 18 :19-20)
-
Kwibuka, kubabara no kurira si icyaha nk’uko bamwe babitekereza
8 April 2016, by Ernest RutagungiraMu makoraniro y’abantu bamwe na bamwe hari aho usanga bigisha ndetse bagafata umuntu wugarijwe n’umubabaro, uwibuka ibibi byamubayeho cyangwa se urizwa nabyo nk’uwateshutse cyangwa se uwakoze ibihabanye n’ubushake bw’Imana, ndetse ugasanga hari abakozi b’Imana bacyaha bene abo, abandi bakabasengera bavuga ko baganjwe na Shitani nyamara uku ntabwo ari ukuri ahubwo ni ukwitiranya ibintu.
Mu ijambo ryImana dusoma mu gitabo cy’Umubwiriza 3:4 havuga ko ikintu cyose kigira igihe cyacyo, hakagira hati (...) -
Ukwiye gusobanukirwa n’ igihe cyiza cyo gukorera Imana.
31 January 2016, by Ernest RutagungiraUjye wibuka umurenyi wawe mu minsi y’ubusore bwawe Iminsi mibi itaraza n’imyaka itaragera, ubwo uzaba uvuga uti “sinejejwe na byo” izuba n’umucyo n’ukwezi bitarizimishwa, ibicu bitaragaruka imvura ihise, n’igihe abarinzi b’inzu bazahinda umushyitsi kandi intwari zikunama n’abasyi bakarorera kuko babaye bake n’abarunguruka mu madirishya bagahuma kandi imiryango yerekeye ku nzira igakigwa, n’ijwi ry’Ingasire rigaceceka kandi umuntu akabyutswa n’ubunyoni, n’abakobwa baririmba bose bagacishywa bugufi, ni (...)
-
Ninde wadutandukanya n’urukundo rwa Kristo?
4 July 2013, by UbwanditsiNinde wadutandukanya n’urukundo rwa kristo? Mbese ni amakuba, cyangwa ni ibyago,cyangwa ni ukurenganywa, cyangwa ni inzara, cyangwa ukwambara ubusa, cyangwa ni ukuba mu kaga, cyangwa ni inkota (Abaroma 8:35)
Nk’uko umutwe w’ijambo utangiye ubivuga mu butumwa bwiza bwanditswe n’intumwa Pawulo yarabazaga ati mbese ninde wadutandukanya n’URUKUNDO RW’IMANA? Ijambo ryose uzasanga muri bibiliya rirangizwa n’akabazo (?) uzamenye ko ari wowe urimo kubazwa kandi ugomba gutanga igisubizo,mbese koko niki (...) -
Ese witoza gushyira mu bikorwa ibyo usoma muri Bibiliya?
21 August 2015, by Innocent Kubwimana‘’Nuko umuntu wese wumva ayo magambo yanjye akayakomeza, azaba nk’umunyabwenge wubatse inzu ye ku rutare.’’ Matayo 7:24
Kumva, gusoma, kwiga, gufata mu mutwe ndetse no gutekereza cyane ku ijambo ry’Imana ni ibintu byiza umuntu wese wabishobora yakora, ariko byose ntacyo bimarira ubikora iyo adashyira mu bikorwa icyo ijambo ry’Imana rimusaba.
Dawidi yaravuze ngo ‘’nabikiye ijambo ryawe mu mutima wanjye kugira ngo ntagucumuraho.’’
Ijambo ry’Imana rigomba kuza rigahindura byose muri wowe. Ubundi (...) -
Ni gute wagira umutima uboneye?
15 November 2015, by Pastor Desire Habyarimana(1Tim.4:12)”Ntihakagire uhinyura ubusore bwawe ,ahubwo ube icyitegerezo cy’abizera ku byo uvuga,no ku ngeso zawe no kurukundo ,no ku kwizera no kumutima uboneye.”
Kuba icyitegererezo ni ukuba umuntu abandi bose bareberaho gukora imirimo myiza yose.
“wiyerekane muri byose nk’icyitegererezo cy’imirimo myiza,kandi mw’iyigisha ryawe ugaragaze uko uboneye udapfa gutera waraza”(Tito2:7)
Yesu ajya gusubira mu ijuru yaravuze ngo “Mbahaye icyitegererezo ,kugira ngo mukore nkuko mbakoreye.”(Yohana13:15) (...) -
Ushobora gutsinda urugamba rwo mu bitekerezo!
17 November 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIbitekerezo bigira imbaraga, dukurikije umwanditsi w’igitabo cy’imigani, ibitekerezo bigira ubushobozi burema Imigani 23:7.
By’ukuri, ntiwagira ubuzima bwiza buri (positif) cyangwa bushimishije ngo hanyuma ugire ibitekerezo bipfuye (bibi).
Nabayeho imyaka myishi mbabaye kubera ko kuva umunota wambere wa buri gitondo byutse, naherega ko ntangira gutekereza nabi, ibintu bibabaje, ibintu bitsikamira. Ariko ubu ndakubwiza ukuri ko nezerewe byuzuye kuva aho Umwuka Wera yamfashije kugira (...) -
Ngufitiye inkuru nziza!
9 April 2016, by Pastor Desire Habyarimana“Nimwumve ijambo ry’ Uwiteka. Uwiteka aravuze ngo ejo nk’ iki gihe, ku irembo ry’i Samalia indengo y’ ifu y’ ingezi izagurwa shekeli imwe…2 Abami 7:1-2
Muzi ko Isirayeri ari ubwoko bw’ Imana ariko igihe kimwe bumviraga amategeko y’ Imana ikindi gihe ntibumvire. Kenshi iyo babaga batumviye yabahanishaga ishyanga ritubaha Imana nk’ Abamidiani, Abafirisitiya, n’abandi bakabatera bakabatsinda kugeza igihe bazamenya ko bagoye Imana bakayigarukira.
Kuva Umwami Ahabu agiye ku ngoma yazaniye kuvangirwa (...)
0 | ... | 1840 | 1850 | 1860 | 1870 | 1880 | 1890 | 1900 | 1910 | 1920 | ... | 3150