«Niba kumenya neza Yesu Kristo kwarabateye guhunga iby’ isi byonona ntitukongere kubyizingitiramo. Kuko ibya nyuma byacu byarusha ububi ibya mbere» (2Petero 2:20).
Mu isi dufite abanzi batatu. Isi, Satani n’ umubiri. Abo banzi turwana nabo buri munsi kuko Yesu yanesheje akatuneshereza.
Kumenya Yesu kwacu gukwiye gutuma duhunga isi, iyo tuvuze isi tuba tuvuze ibyaha nko kubeshya, gusambana, kwiba, urugomo rwose no kutumvira Imana kose. Dukwiye kuba mu isi ariko turi abana b’ Imana. Twe (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Duhunge isi ironona! Pastor Desire Habyarimana
4 May 2014, by Pastor Desire Habyarimana -
Ijambo ry’ umunsi
13 September 2012, by UbwanditsiIncuti zikundana ibihe byose, kandi umuvandimwe avukira gukura abandi mu makuba Imigani 17:17
-
Tumenye stress n’uburyo twayirwanya
22 September 2012, by UbwanditsiMuri iki gihe usanga ijambo stress ryaramamaye rikoreshwa n’abantu benshi aho usanga bavuga bati “stress iranyishe, ndumva ndi stressé n’ibindi”. Tukaba twakwibaza stess icyo ari cyo, ikiyitera, ibimenyetso byayo n’uburyo bwo kuyirinda.
Kugira ngo dusobanukirwe na stress icyo ari cyo twashingira ku bintu bibiri :
* Umuntu n’ibimugize byose
* Ibikikije umuntu n’igihe arimo
Stress ibaho iyo umuntu yugarijwe na kimwe mu bimukikije kandi agomba gukora ibishoboka kugira ngo abibonere igisubizo mu (...) -
Iyo uri muri Kristo Yesu uba uri icyaremwe gishya
4 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaINTEGO: IYO URI MURI KRISTO YESU UBA URI ICYAREMWE GISHYA (IBIKURIKIRA)
2 Abakor 5.17 Umuntu wese iyo ari muri Kristo aba ari icyaremwe gishya, ibya kera biba bishize. Dore byose biba bihindutse bishya.
Abefeso 2.19-20 Nuko ntimukiri abashyitsi n’abasuhuke, ahubwo muri ubwoko bumwe n’abera ndetse muri abo mu nzu y’Imana 20. kuko mwubatswe ku rufatiro rw’intumwa n’abahanuzi, ariko Kristo Yesu ni we buye rikomeza imfuruka.
1 Abakor 13.13 Ariko none hagumyeho kwizera n’ibyiringiro n’urukundo, (...) -
Mu giterane kiri kubera Kiramuruzi abarenga 155 bakiriye Yesu
12 January 2014, by UbwanditsiKuri uyu wa gatandatu taliki ya11/01/2014 Kiramuruzi mu ntara y’ uburasirazuba ahahoze hitwa Umutara hatangiye igiterane cy’ iminsi 2 cyateguwe n’ itorero rya ADEPR Murambi akarere ka Gatsibo Muri iki giterane hari amakorare arega atandatu n’abakristo benshi.
Hari kandi abatumirwa batandukanye aha twavuga nka Chorale Yerusalemu y’ abanyekongo bari mu nkambi ya Nyabiheke hamwe n’abayobozi babo. Hari kandi na Pasteur Desire Habyarimana n’ umugore we Kiyange Adda Darlene.
Igiterane cyatangiye (...) -
Korari Umunezero ya ADEPR-Murambi yiteguye bikomeye igikorwa cyo guhabwa izina rishya
15 March 2016, by UbwanditsiKorari Umunezero ni imwe mu makorari akorera umurimo w’Imana ku mudugudu wa ADEPR-Murambi, Paruwasi ya Nyanza, mu karere ka Kicukiro, ikaba irimbanije imyiteguro yo guhabwa izina rishya nk’uko bagiye babitangaza mu minsi ishize.
Iki gikorwa giteganyijwe kubera ku mudugudu wa ADEPR-Murambi aho isanzwe ibarizwa, kikaba kizahuzwa n’igiterane cy’iminsi itatu cyateguwe n’iyi korari kizatangira kuri uyu wa gatanu tariki 18/03/2016 gifite intego iboneka muri Yesaya 62:2 hagira ” Nuko amahanga azabona (...) -
Korali Goshen yo kuri ADEPR Rwampara mugiterane cy’ ivugabutumwa ku Gisenyi-Ngororero.
30 August 2013, by UbwanditsiMu mpere z’icyumweru gishize korali Goshen yo mu itorero rya ADEPR Paruwasi ya Rwampara –SEGEM yagize uruzinduko rw’ivugavutumwa rw’iminsi ibiri mu karere ka Ngororero, umurenge wa Hindiro mu itorero rya ADEPR.
Nk’uko byari biteganijwe, ku gicamunsi cyo kuwa gatandatu tariki ya 24 Kanama 2013, ni bwo iyi korali yasesekaye muri aka karere ku rusengero rwa ADEPR Shingiro, ikaba yarahavuye kumugoroba wo ku cyumweru tariki ya 25 Kanama 2013, nyuma yo kuhakora umurimo wagaragaye ko utari woroshye, (...) -
Kuva mu mibabaro ujya mu migisha. PATRICE MARTORANO
8 April 2016, by Kiyange Adda-Darlene"…Kandi nyina yamwise Yabesi kuko yavuze ati : « Namubyaranye agahinda » (…) Yabesi atakambira Imana ya Israel ati : Icyampa ukampa umugisha (…) Nuko Imana imuha ibyo yasabye.." 1 Ngoma 4.9-10
Kubyara kose kuzana umubabaro ariko kuvuka kwa Yabesi ko gusobanura « Umubabaro » utabashaga kwihanganirwa kugeza ubwo nyina yamwitiriye umubababro kugira ngo nyina atazibagirwa uko gutwita no kubyarana agahinda. Ntibyoroshye kwitwa iryo zina ! Cyane ko muri icyo gihe, izina (...) -
Burya koko Gusenga guhindura amateka!
29 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaCatherine Booth ni umukobwa w’imfura wa William Booth (washinze itorero Armée du Salut). Amaze kugira imyaka 23, abana bo mu mugi wa Paris mu gihugu cy’u Bufaransa bamwise Marishali ubwo yari amaze gutangiza umurimo mu itorero rya Armée du Salut mu gihugu cy’u Bufaransa muri Gashyantare 1881.
Muw’1882, yinjiye mu gihugu cy’Ubusuwisi ajya gutangizayo umurimo w’Imana. Yamaze imyaska 14 ayoboye itorero Armée du Salut mu gihugu cy’u Bufaransa no mu Busuwisi afatanije na Arthur Sydney Clibborn (...) -
UMUVUGO: NIMUNDEKE MVUGE IMANA UMUSIZI:JYAMUBANDI DEO
7 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaNIMUNDEKE MVUGE IMANA
MPANITSE INGANZO NGAMIJE INGINGO MVUGA UMUGENGA UGABA UBUGINGO ARIWE YESU UMUKIZA WACU IYO YAGUSANZE ASIGA AGUSIZE MWUKA WERA AKUBAMO ITEKA 6.MAZE UMUTWARO AKAWUGUTURA
NDAVUGA YESU UMUKIZA WACU NI WE MUBANA MU BIHE BYOSE HABE MU BYIZA CYANGWA IBYAGO SI NK’AB ATUYE ISI MBONA NKUMA BO BAGUKUNDA URI UMUTUNZI 12.WABA UMWORO BAKAGUHEZA
NYAMARA YESU WE SI KO AGENZA AHUBWO AKWAMBIKA IY’URUGAMBA NGO UZABE INTWALI MU GIHE CYABYO IMINSI IHAANDA IKAGUHONYORA ARIKO YESU AFITE (...)
0 | ... | 1930 | 1940 | 1950 | 1960 | 1970 | 1980 | 1990 | 2000 | 2010 | ... | 3150