Nk’uko byari biteguwe tariki ya 30 Werurwe 2014 Itorero rya Assemblies of God Reconciliation mission church ( RM C) rya Remera ryakoze umuhango bise uwo kwegurira Imana urusengero rwabo, abasaga 50 bakira Yesu barakizwa abandi nabo barahembuka. Uyu muhango wo kwegurira Imana uru rusengero ruherereye mu karere ka Ngoma, mu ntara y’uburasirazuba, wabanjirijwe n’ibiterane byamaze iminsi ibiri, guhera kuwa gatanu tariki ya 28-29/03/2014, harimo Igiterane cy’abana basagaga 400 ndetse n’abakuru, (...)
Home > Keywords > Ubwoko bwa article > articles
articles
Articles
-
Abasaga 50 bakiriye Yesu mu giterane cyo kwegurira Imana urusengero rwa Assemblies of God reconciliation mission church (RMC).
3 April 2014, by Ernest Rutagungira -
"Impamvu tutitabiriye igiterane cy’urubyiruko," Muhima choir!
5 November 2013, by Simeon NgezahayoNyuma y`aho Muhima Choir itagaragariye mu giterane cy’urubyiruko cyamaze icyumweru kibera kuri ADEPR Muhima mu ntangiriro z’uku kwezi nk’uko byari biteganyijwe, Muhima Choir imwe mu makorali akunzwe kandi ikaba na korali nkuru kuri uwo mudugudu yasobanuye impamvu ititabiriye iki gitaramo.
Urubyiruko rwo kuri ADEPR Muhima rwari rwateguye igiterane cy`icyumweru cyose, aho rwari kuba ruri kumwe na Korali Bethel yo mu mujyi wa Rubavu ndetse na chorales zo kuri uwo mudugudu. Gusa icyaje gutungura (...) -
Si amagambo, Imana irumva igasubiza
2 October 2015, by Innocent Kubwimana“Uyu munyamibabaro yaratatse, Uwiteka aramwumva, amukiza amakuba n’ibyago bye byose.” Zaburi 34.7
Hari abahamya benshi b’iyi nteruro ko Imana yumva, nubwo turi bwifashishe ingero zanditse muri Bibiliya ariko mu by’ukuri, Imana yubatse amateka atandukanye haba mu gihe cya kera ndetse no muri iki turimo, ibasha kumva intore zayo ziyitakira ku manywa na nijoro, ngira ngo iyaba Bibiliya icyandikwa hari ibindi byajya kongerwamo kuko uko yahoze kera, uyu munsi niko iri kandi ijambo ryayo rihamya ko (...) -
Ntacyo tubasha gukora tudafite Yesu
31 August 2015, by Innocent Kubwimana‘’,…….. kuko ari nta cyo mubasha gukora mutamfite.’’ Yohana 15:5 Twese mu buzima tuba dufite inzozi z’ibyo twifuza kandi mu buryo dutandukanye, aho twifuza kugera, ibyo twifuza gukora neza n’izindi ntambwe zitandukanye wifuza gutera.
Haba mu buryo bugaragara, mu rwego rw’ubukungu, mu kazi, n’ahandi mu by’ukuri niba turi abe ntacyo tubasha gukora tutamufite. Ubushake gusa ntibuhagije, wakwiha intego nyinshi ariko ntiwazigeraho Kristo atakubashishije.
Sinakwibagirwa umunsi umwe hashize imyaka (...) -
Bimwe mu byo Agakiza kazana mu buzima bwacu
17 July 2015, by Innocent KubwimanaUbundi iyo uvuze agakiza humvikanamo ijambo gukira, gukizwa. No mu buzima busanzwe hari ikintu umuntu aguha bakavuga ko agukijije bitewe n’agaciro kacyo. Umuntu avuze ko Imana yamuhaye agakiza ariko akaba ntacyo kamumariye ubwo ntikaba kakitwa agakiza kakwitwa ukundi, kuko ikigahindura agakiza ni uko kazana impinduka mu buzima bw’ugahawe kakagira ibyo kamukiza.
Dore bimwe mu byo agakiza kadukiza: Ibyaha: . Azabyara umuhungu uzamwite YESU, kuko ari we uzakiza abantu be ibyaha byabo.” Matayo (...) -
Mfasha dusengere Abadonge bo mu Bushinwa
7 October 2015, by Ange Victor UWIMANA“Ibisarurwa ni byinshi, ariko abasaruzi ni bake. Nuko rero mwinginge nyir’ibisarurwa, yohereze abasaruzi mu bisarurwa bye.” (Mat.9:37-38) Mu rwego rwo kwifatanya n’abantu benshi hirya no hino ku isi mu gusengera amoko ataragerwaho n’Ubutumwa Bwiza, Kuri uyu wa kabiri tariki ya 6 Ukwakira 2015 turasengera Abadonge.
Abadonge babarizwa mu gihugu cy’Ubushinwa ku mugabane w’Aziya, ahabarurwa abagera kuri 1.226.000. Mu w’1910, nibwo abamisiyoneri ba mbere bajyanye ubutumwa mu (...) -
Nyuma yo gutaramira abiga muri King David Academy, Freddy Don ahugiye mu gutegura Album ye
21 February 2014, by Simeon NgezahayoKu bwo gukundwa n’abanyeshuri biga mu ishuri rya King David Academy ndetse no kuba iki kigo gishyigikira ibikorwa bya Gikristo dore ko n’ukiyoboye ari Umukristo muri Zion TempleGatenga, Umuhanzi Freddy Don kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 22 Gashyantare 2014 kuva saa munani z’umugoroba azataramira abo banyeshuri mu gitaramo yise “Nezerwa Praise Concert.”
Mu kiganiro twagiranye na Freddy Don, yadutangarije ko muri icyo gitaramo azaba ari hamwe n’abahanzi nka Bright Karyango, Esther Umwiza, Alfred (...) -
Mbese wabyawe ubwa kabiri?
27 January 2016, by Innocent KubwimanaNi ukuri , nu ukuri ndakubwira y’uko umuntu utabyawe ubwa kabiri, atabasha kubona ubwami bw’Imana, Nikodemu aramubaza ati mbese umuntu yabasha ate kubyarwa kandi akuze? (Yohana 3:3-5) Iyo uvuze kubyarwa ubwa kabiri abantu bashobora kumva ibintu bitandukanye. Aha ndashaka kuvuga ko bashobora no kubyumva nabi bigatuma bashobora no kutabicamo kandi ari umusingi w’ubukristo, bivuga ngo ibyo wakora byose utabanje kubyarwa ubwa kabiri nta mumaro biba bifite. Kubyarwa ubwa kabiri ni igikorwa (...)
-
Ese ni iki Bibiliya ivuga ku irambagiza ?
30 November 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIgihe cyo kurambagiza ni igihe gitegura gushyingiranwa no kubana kw’abantu babiri ; umuhungu n’umukobwa. Hari igihe cyo guhura n’igihe cyo kumenyana hanyuma bigasozwa no kubana. Iyo abantu bari mu rukundo rimwe na rimwe rurabatwara rukabibagiza ko kubana ngo bakore umuryango atari uguhura gusa.
Carlo Brugnoli asobanura ko gushakana kw’abantu babiri ari ukwihuza k’umuryango mushya. Avuga kandi ko aba bantu babiri baba bihuje batandukanye ku imico, amakosa, imyitwarire imyiza n’imibi ihishe (...) -
Korali Kabeza (ADEPR Kanombe) mu giterane cyo kubaka!
27 September 2013, by UbwanditsiKuri ADEPR Kabeza hateguwe igiterane cy’iminsi ibiri. Iki giterane kizatangira ku wa 12 kigasoza ku wa 13 Ukwakira 2013, cyateguwe Korali Kabeza ikorera umurimo w’Imana kuri uwo mudugudu wa Kabeza, Paruwasi ya Kanombe kizaba gifite intego igira iti “Baravuga bati ‘Nimuhaguruke twubake. Ni uko biyungamo bagira imbaraga zo gukora uwo murimo mwiza.” Nehemiya 2:18b
Korali Kabeza
Icyo giterane kizajya gitangira saa tatu za mu gitondo, kirangire saa kumi n’ebyiri (...)
0 | ... | 1910 | 1920 | 1930 | 1940 | 1950 | 1960 | 1970 | 1980 | 1990 | ... | 3150